Uruhare rwa “Matheo studio” mu ruganda rw’imideri hano mu Rwanda no mumahanga.

Maurice Matheo ni umunyamideri w’Umunyarwanda ufite izina rikomeye mu ruganda rw’imideli. Yatangiye urugendo rwe nk’umushushanyi w’imyenda afite intego yo gushyira hanze imyambarire irambye kandi igaragaza umuco w’igihugu. Mu 2017, yashinze uruganda rwe rw’imideli rwitwa Matheo Studio, aho akora imyenda yihariye, izwiho kuba igezweho kandi ifite umwihariko. Maurice Matheokandi mu minsi mike ishize yagiriye urugendo mu […]

Read More

London Fashion Week izatangiza umwanzuro wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu no mu mababa by’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025

London Fashion Week izatangiza umwanzuro ukomeye wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu rw’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025. Iyi gahunda yatangajwe n’Inama y’Abashushanya Imideli ya Britani (British Fashion Council) ni imwe mu ntambwe ikomeye mu rugendo rwo guteza imbere imyambarire irambye. London Fashion Week byo ibirori bya mbere by’imideli bizashyira mu bikorwa uyu […]

Read More

Franco Kabano umunyamideli wabigize umwuga

Franco Kabano ni umwe mu banyamideri b’ibyamamare mu Rwanda, akaba yaragize uruhare runini mu guteza imbere urwego rw’imideli mu gihugu. Yatangiye urugendo rwe mu mwuga wo kumurika imyenda, maze arushaho kumenyekana cyane kubera imishinga myinshi akoramo, ndetse n’imyambarire ye idasanzwe. Kabano si umunyamideri gusa, ahubwo ni n’umuyobozi w’umuryango w’abamurika imideli mu Rwanda, aho yagiye ashyiraho […]

Read More

INFARANSA Collection imurika mideri ryasize Moses Turahirwa ku rwego rushimishije.

Moses Turahirwa ni umwe mu bahanzi b’imideli bamamaye mu Rwanda, akaba ari we washinze Moshions, ikirango gikora imyenda ifite umwihariko w’umuco w’Abanyarwanda. Moshions ikora imyenda yifashisha ibishushanyo n’ibikoresho byo mu Rwanda, ikaba yarafashe izina ku rwego rw’igihugu ndetse ikagera no hanze y’igihugu. Moses yamenyekanye mu bihe bitandukanye, harimo no kwambika abantu b’ibyamamare ndetse n’abayobozi ku […]

Read More

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Iterambere ry’Ubucuruzi, izibanda kubucuruzi bukoresha ikoranabuhanga.

Inama y’Iterambere ry’Ubucuruzi (Africa Trade Development Forum) izabera i Kigali, mu Rwanda, ku matariki ya 2 na 3 Ukuboza 2024. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibihugu, abakora mu by’ubucuruzi, abanyamakuru, ndetse n’abandi bafite inyungu mu guteza imbere ubucuruzi ku mugabane wa Afurika no ku isi hose. Intego nyamukuru y’iyi nama ni ukuganira ku buryo ikoranabuhanga ryaba […]

Read More

Umuhanzi Chriss Eazy nyuma yo gusohora indirimbo ye yise(Sambolela) yatangaje ko yasimbuye Bruce melody mu Rwanda kandi ko yemera ko ashishura indirimbo z’abandi.

Rukundo christian uzwe ku izina chriss eazy ni umuhanzi amaze igihe kitarigito mumuziki umaze gufata imitima yabantu batari bacye. Uyu muhanzi kuwa 28/11/2024 niho yagiye kurubuga rukomeye mu gihugu (MIE) rwu musore bita Irene Murindahabi, atangaza ko guhera uno munsi izina Bruce melody yakoreshaga Munyakazi rigiye kuba irya Chriss Eazy, yavuze agira ” kuba Bruce […]

Read More

Nyuma y’inama ya EAC ubu Salva Kiir Mayardit niwe watorewe ku yihagararira

Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu n’Ibihangange by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yabaye ku wa 29 Ugushyingo 2024 muri Arusha, Tanzania, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yashyikirijwe inshingano zo kuyobora uyu muryango mu gihe cy’umwaka umwe, asimbuye Perezida Evariste Ndayishimiye wa Burundi. Muri uyu muhango, Perezida Kiir yasabye abayobozi b’akarere gushyira hamwe mu gushakira ibisubizo […]

Read More

Urugendo rw’imyaka icumi rwa Devis D muri muzika n’igitaramo cye yise “Shineboy Fest”.

Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Ugushyingo 2024, Davis D yataramiye abakunzi ba muzika mu gitaramo cy’amateka yise “Shineboy Fest”, cyabereye muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyateguwe ku rwego rwo hejuru, cyitabirwa n’abahanzi batandukanye barimo umuhanzi mpuzamahanga Nasty C wo muri Afurika y’Epfo, washimangiye uburyohe bw’ibirori. Abafana bari bitabiriye benshi bagaragaje ibyishimo by’ikirenga kubera […]

Read More

Aborozi bo mu karere ka Nyagatare barataka ko barembejwe n’isazi ya tsetse.

Aborozi baturiye umugezi w’Akagera mu Murenge wa Matimba, Akarere ka Nyagatare, bagaragaje impungenge baterwa n’indwara y’Inkurikizi, iterwa n’isazi ya Tsetse. Iyi sumbika ikunze kwibasira abantu n’amatungo, ikomoka muri Pariki iri haruguru y’umugezi w’Akagera ku ruhande rwa Tanzaniya. Iyo iyi sazi irumye itungo cyangwa umuntu, bigira ingaruka zirimo gusinzira cyane . Mushayija Geoffrey, ufite urwuri rwa […]

Read More

Byinshi ku munsi wa “Thanksgiving” wizihijwe muri Amerika

Thanksgiving ni umunsi mukuru ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wizihizwa buri mwaka ku wa Kane wa nyuma wa Ugushyingo. Muri 2024, wizihijwe ejo hashize kuri tariki ya 28 Ugushyingo. Uyu munsi ufite amateka yihariye ashingiye ku gushyimira Imana no kuzirikana umusaruro mwiza. Inkomoko yawo ibarwa kuva mu 1621, igihe abimukira b’Abakoloni b’Abanyamerika baje […]

Read More