Minisitiri w’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko uwapakiye sima muri Ambulance yahanwe, kandi ko ari icyaha.

AMBULANCE YAPAKIWEMO SIMA Kumbuga zitandukanye zi koranabuhanga hakomeje gucicikana amashusho y’ Imodoka yimbangukiragutaba izwi nk’ Ambulance ipakirwamo imifuka ya sima , bituma isakara hose kumbuga zitandukanye kubera ko yarigukoreshwa ibyo itagenewe. Bamwe mubaturage bavugako ari agasuzuguro no kudaha ibintu agaciro. Minisitiri Dr.Sabin Nsanzimana yatangaje akoresheje imbuaga ze cyane cyane kurubuga rwe rwa X ko uwabikoze […]

Read More

Sheebah Karungi yamaze kwibaruka imfura ye!!

Sheebah Karungi, umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, yibarutse umwana w’umuhungu mu gihugu cya Canada, aho yari aherutse kujya kubyarira nyuma yo gukora igitaramo cy’ingenzi cyitwaga Neyanziza Concert ku ya 4 Ukwakira 2024. Sheebah yamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye zakunzwe cyane muri Uganda ndetse no mu bindi bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Indirimbo nka Ice Cream, Kiss […]

Read More

Umukinyi wa Liverpool Muhamed Salah yatengushwe nuko ikipe akinira itari yamuganiriza kubijyanye no kongera amasezerano.

Umwataka wi kipe yigihugu ya Misiri na Liverpool Muhamed salah yasoje amasezerano mwikipe ya Liverpool. Hari ku cyumweru kuwa 24 ugushyingo ubwo shampiona yabongereza premier league yakinagwa ku muunsi wayo wa 10 ni kumukino wahuzaga ikipe ya liverpool yakiwaga mo nikipe ya Southampton . Ikipe ya Liverpool yatsinze Southampton ibitego(3-2), ni ibitego byatsinzwe na dominic […]

Read More

Byinshi ku ruzinduko rw’iminsi 3 umunyarwenya akaba n’icyamamare “Steve Harvey” yagiriye mu Rwanda

Umunyarwenya w’icyamamare muri Amerika, Steve Harvey, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda ku ya 22 Ugushyingo 2024. Mu rugendo rwe, yahuye na Perezida Paul Kagame bagirana ibiganiro ku iterambere ry’igihugu no ku buryo rufite byinshi byo kwigirwaho mu bijyanye n’imiyoborere n’ubukerarugendo. Harvey yasuye ahantu nyaburanga mu Rwanda, harimo Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, […]

Read More

Perezida Donald Trump yagizwe umwere muri bimwe mu byaha yarakurikiranyweho, byateshejwe agaciro.

Perezida Donald Trump wa reta zunze ubumwe z’ America Urukiko rwa washing ton muri leta zunze ubumwe z’ America, rwatesheje agaciro ibirego Trump yarakurikiranyweho aho bamaze kumugira perezida w’ America. bimwe mu birego yarakurikiranyweho hari icyaha cyo kubangamira amatora no guteza imvururu mumatora aheruka kuba 2021. Iki kemezo cyaturutse kubusabe bw’ umushinja cyaha uzwi kwizina […]

Read More

Igikorwa kingenzi cyo komora ibikomere mu matsinda no mu miryango.

Komora ibikomere byaba komeretse bigeze kuri 94% aho ubushakashatsi bwa kozwe muri 2023 kuburyo bushya bwo gucyemura ibibazo bikomeye bwabafite ibibazo mumutwe binyuze mumuryango ndetse no mumatsinda.Mumiryango bigeze kuri 99% naho mugihe komora ibikomeye muri rusange bigeze hagati ya 75% na 94%. urumva nubwo turi kumubare mwiza dukwiye kuzuza 100%. Mubyagaragaye nuko abantu bashaka ubufasha […]

Read More

RAB igiye kwagura cyangwa se kongera ibyuma ‘bikora Azote ifasha kubika intanga z’ inka.

Abaturage bakorewe ihugura biga uko wakongera umusaruro mu bwinshi no munwiza Ikigo gishizwe ubworozi n’ ubuhinzi RAB, cyatangajeko gikomeje kwagura gahunda yo kongera ibyuma ASOTE, ifasha abashizwe ubworozi muturere dutandukanye kugirango babashe kubika intanga z’ inka muburyo bwiza kandi burinzwe. byatangajwe mugihe harabazi bashinzwe ubworozi ndetse na borozi muduce dutandukanya mu gihugu cy’ u Rwanda. […]

Read More

Kunkombe za Madagaskari mu nyanja ya bahinde harohamye ubwato bwiyubitse, hapfa abantu 24. Niko goverinoma ya Somaliya yatangaje.

Abaturage ba Somaliya barenga 24 barohamiye munyanja ya bahinde Ubwato bwari butwaye abaturage ba Somaliya munyanja ya bahinde aho abari muri ubwo bwato bari 46. kandi bivugwako abari biganje muri ubwo bwato bari urubyiruko Minisitry w’ ububanyi namahanga muri Somaliya AHMED MOALIM FIQI yatangaje ko nubwo ubwato bwarohamye, bikarangira 24 bapfuye mu bantu 46 , […]

Read More

Muri Tanzaniya Freeman Mbowe uyobora ishyaka rya CHADEMA yarekuwe.

Freeman Mbowe umunyapolitike uyobora ishyaka rya Chadema ritavuga rumwe na reta ya Tanzaniya. Mbowe yari yatawe muriyombi na polise kugirango ave muri gereza hatanzwe ingwate ya mafaranga, yafashwe mu gihe icyo gihugu bari mu myiteguro yamatora kunzego zibanze, bamwe babifata ko ari igikundiro afitiwe nabaturage. kandi bamwe mubaturage nabayozi amatora bayafata nkigipimo cyo kureba igikundiro […]

Read More