Menya uko ibiciro bya Lisansi bihagaze mu bihugu bihanitse igiciro cyayo muri afurika
Ibihugu nka Centra Africa na Senegal kugeza ubu nibyo biri Imbere mu kugira ibiciro byo hejuru bya Lisansi mu bigize umugabane wa afurika. Ngibi ibiciro bya Lisansi muri ibi bihugu uko bikurikirana kuva ku mwanya wa Mbere kugeza ku gihugu cya Cumi. Igihugu cya Repubulika ya Centra Africa iza imbere igurisha litiro ya Lisansi ku […]