MIRIRE Y’URUHINJA RURI HAGATI Y’AMEZI 5 KUGEZA 12
Mu buzima bw’umwana, igihe kiri hagati y’amezi atanu (5) kugeza ku mezi cumi n’abiri (12) ni ingenzi cyane. Ni bwo atangira kuva ku mashereka gusa, ajya ku biryo bisanzwe buhoro…
Mu buzima bw’umwana, igihe kiri hagati y’amezi atanu (5) kugeza ku mezi cumi n’abiri (12) ni ingenzi cyane. Ni bwo atangira kuva ku mashereka gusa, ajya ku biryo bisanzwe buhoro…
Mu myaka myinshi ishize, indwara ya SIDA yari imwe mu ndwara zateye impungenge isi yose, kuko yahitanaga abantu benshi cyane kandi igatera ubwoba bukomeye. Ibihugu byinshi byashyize imbaraga mu kuyirwanya,…
Iyo umuntu aseka si kugaragaza ibyishimo gusa, ni nuburyo bwo kwerekana isuku,ikizere nubuzima bwiza.Inseko itagira umwanda cyangwa umwuka mubi w’amenyo irakurura ,igatuma ugaragara neza kandi ugakundwa na bandi.Ariko se utekerezako…
Igituntu n’i ndwara yandura iterwa na mikorobe yitwa mikobagiteriyamu tubakorosisi( Mycobacterium tuberculosis).Iyi ndwara yibasira cyane cyane ibihaha, ariko ishobora no kwibasira ibindi bice by’umubiri nko mu magufa, mu bwonko, cyangwa…
Hepatite ni imwe mu ndwara zikunze kwibasira abantu benshi ku isi, cyane cyane mu bihugu bikiri mu nzira y’iterambere. Ni indwara ifata umwijima, igatuma ugira uburibwe cyangwa ukangirika, bikaba bishobora…
Ubushakashatsi bwerekana ko indyo yuzuye kandi irimo intungamubiri zikwiye ishobora gufasha umuntu kwirinda kwiheba , guhangayika, ndetse ikanongera imbaraga zo gukora. Ibi biterwa n’uko hari intungamubiri zimwe na zimwe zifasha…
Mu gihe isi igenda itera imbere, abantu benshi batangiye kwita ku buzima bwabo binyuze mu mirire iboneye. Imbuto ni kimwe mu biribwa by’ingenzi bigira uruhare runini mu kubungabunga ubuzima, kuko…
Mu buzima bwa buri munsi, kwita ku buzima ni inshingano ya buri muntu. Nubwo kwa muganga ari ho hakorerwa ibipimo byinshi byimbitse, hari ibipimo by’ingenzi bishobora gukorerwa mu rugo, bikafasha…
Nubwo malariya ikomeje kuba ikibazo gikomeye mu Rwanda cyane cyane mu turere two mu burasira zuba bufite ibidukikije n ‘ikirere cyorohereza imibu.Nubwo igihugu cyashyizeho ingamba nyinshi zo kurwanya imibu itera…
SIDA ni indwara iterwa na virusi yitwa VIH, iyo virusi yangiza ubu dahangarwa bw’umubiri,bigatuma umubiri ucika inege kuburyo indwara zoroheje n’i zikomeye bizorohera kwinjira mu mubiri. Kwisi hose SIDA ni…