Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Ubukungu > Afurika y’epfo nicyo gihugu gifite inganda zagutse nini muri afurika

Afurika y’epfo nicyo gihugu gifite inganda zagutse nini muri afurika

Igihugu cya afurika y’epfo nicyo kogaragazwa Imbere mu bihugu bifite inganda Nini zagutse muri afurika muri 2025.

Ibi bivuze ko ibihugu biri kuri uri rutonde aribyo biteye imbere mu bijyanye n’inganda no gutunganya Ibikoresho, ibikenerwa bitandukanye rubanda bakenera bitunganyirizwa mu nganda, bigatanga igisubizo cy’ibihugu bisohora ibintu byinshi.

Afurika y’epfo niyo ya mbere ifite Ibigo bikomeye nka Naspers,Gold field na Sanlam.

Egypt niyo ya Kabiri nayo Elsewedy Electric ikora Ibikoresho by’amashanyarazi iri mu izimaze igihe zikora muri iki gihugu kuko yatangijwe mu mwaka wa 1938.

Mu bindi bigo bikomeye biri muri Egypt harimo Orascom Construction itunganga ibijyanye n’ubwubatsi iherereye mu mujyi wa Cairo Ari nawo murwa mukuru w’iki gihugu.

Nigeria niyo gihugu cya Gatatu aho kiri mu bihugu byihagazeho mu kugira inganda Nini muri afurika ziganjemo iza Aliko Dangote nka Dangote Group ihuriyemo Ibigo bitandukanye by’uyu mukire ukomeye muri afurika birimo ibikora Ibikoresho by’ubwubatsi, Flour Mills n’izindi.

Mu bindi bihugu biri muri bitanu bya mbere ni Morocco na Kenya izwi kubera inganda zirimo Coca cola Beverage na Safaricom.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *