IMPAMVU ZITUMA UMUNTU AHORA ANANIWE N’UBURYO BWO KUBYIRINDA
Umunaniro ni ikibazo gikunze kugaragara ku bantu benshi muri iki gihe. Hari abantu bumva bananiwe nyuma yo gukora akazi kenshi cyangwa imyitozo ngororamubiri, ariko hari n’abahora bumva nta mbaraga bafite…


