Ebola ikomeje gutera impungenge muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo.
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gukurikiranwa n’inzego z’ubuzima kubera ikibazo cy’indwara ya Ebola, indwara yandura cyane kandi ishobora guteza ibibazo bikomeye ku buzima bw’abantu. Mu gihe inzego z’ubuzima…


