EDEMA: KUBYIMBA K’UMUBIRI GUTERWA N’IYEGERANA RY’AMAZI MU NYAMA Z’UMUBIRI
Edema ni ikibazo cy’ubuzima kirangwa no kubyimba kw’igice kimwe cyangwa byinshi by’umubiri bitewe n’uko amazi menshi yegeranyije mu nyama z’umubiri. Iyi ndwara cyangwa iki kimenyetso gikunze kugaragara ku birenge, amaguru,…


