UBUFASHA BW’IBANZE BUHABWA ABANTU BAHIYE.
Abantu bahura n’impanuka zo gushya bitewe n’umuriro, amazi ashyushye, amavuta ashyushye, amashanyarazi cyangwa imiti yaka. Iyo umuntu ahiye, guhabwa ubufasha bw’ibanze bwihuse kandi bukwiye bishobora kugabanya ubukana bw’igikomere no kurinda…


