UBURYO BWO GUTANDUKANYA UBUBABARE BW’IMPYIKO N’UBW’UMUGONGO
Abantu benshi bakunze kwitiranya ububabare bw’impyiko n’ubw’umugongo, kuko byose byiyumvikanira mu gice cy’inyuma cy’umubiri. Ibi bituma hari abatinya cyangwa bakirengagiza ikibazo, bakibwira ko ari ububabare busanzwe bw’umugongo kandi ari ikibazo…


