IMIRIRE MYIZA N’IMYITOZO: INZIRA YO KUGABANYA IBIRO
Hari igihe umuntu agera aho akareba ubuzima bwe akumva ashaka impinduka. Hari abashaka kongera ibiro, abandi bakifuza kubigabanya kugira ngo bumve bameze neza haba ku mubiri no mu mitekerereze. Kugabanya…



