FERWAFA iri mwihurizo rikomeye Nyuma y’uko APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyimenyesha gahunda zifite mu kwezi gutaha
FERWAFA iri mu ihurizo rikomeye cyane nyuma y’uko ikipe ya APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyemenyesha ko bafite imikino ya gicuti mu kwizi kwa munani bigahurirana n’amatariki aya makipe yombi yari kuzakiniraho umukino wa Super  Cup. K’umunsi w’Ejo ikipe ya Yanga SC yamaze kwemeza ko izaza mu Rwanda gukina n’ikipe ya Rayon Sport kuri […]