FERWAFA iri mwihurizo rikomeye Nyuma y’uko APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyimenyesha gahunda zifite mu kwezi gutaha

FERWAFA iri mu ihurizo rikomeye cyane nyuma y’uko ikipe ya APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyemenyesha ko bafite imikino ya gicuti mu kwizi kwa munani bigahurirana n’amatariki aya makipe yombi yari kuzakiniraho umukino wa Super  Cup. K’umunsi w’Ejo ikipe ya Yanga SC yamaze kwemeza ko izaza mu Rwanda gukina n’ikipe ya Rayon Sport kuri […]

Read More

Ubuhanzi Buvuga Politiki? Filime ya Superman Ivugwaho Gushushanya Intambara ya Gaza

Filime nshya ya Superman, imwe mu zigezweho cyane muri sinema ya Hollywood, yateje impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko benshi mu bayirebye bagaragaje ko igaragaza ishusho y’intambara iri kubera muri Gaza. Muri iyi filime, hagaragaramo igihugu gifashwa n’imbaraga zikomeye (birimo n’Amerika) kigatera igice cyacyo cyitandukiriye, kikarenganywa mu buryo bukabije. Ibyo byatumye benshi bavuga ko […]

Read More

The weekend yaciye agahigo kataracibwa n’undi muhanzi kuri Spotify

Umuhanzi mpuzamahanga the weekend wo muri leta zunze ubumwe za amerika yaciye agahigo kuri Spotify katari karigeze kucibwa n’undi muhanzi mu mateka y’umuziki ku isi. Ni igikorwa yagezeho mu muziki cyamugize ikirangirire muri uru ruganda rwa muzika imaze imyaka myinshi ibayeho dore ko ibyo yagezeho byananiye n’abamubanjirije mu muziki. Ni agahigo ko kugira Indirimbo nyinshi […]

Read More

APR FC igiye gukina umukino wa gicuti mpuzamahanaga n’imwe mu makipe akomeye muri Africa

Ikipe ya APR FC iri guteganya gukina umukino mpuzamahanga wa Gicuti n’imwe mu makipe akomeye hano k’umugabane wa Africa ndetse uwo mukino amakuru ahari aravuga ko ushobora kuba tariki ya 2 Kanama muri Sitade Amahoro. Iyi kipe ya APR FC nyuma y’uko yongereye imbaraga nyinji kuko yinjije abakinnyi bagera ku 10 muri uyu mwaka w’imikino, […]

Read More

Jeremy Corbyn na Zarah Sultana Bafashe Icyemezo cyo Gushinga Ishyaka Rishya mu Bwongereza

Abanyapolitiki b’abarwanashyaka b’ishyaka ry’Abakozi (Labour), Jeremy Corbyn wahoze ari umuyobozi waryo na Zarah Sultana, batangaje umugambi wo gushinga ishyaka rishya rya politiki mu Bwongereza. Uyu mwanzuro uje nyuma y’uko benshi mu bashyigikiye uruhande rw’ibumoso banenga uburyo ishyaka Labour ryagiye rigenda risatira umurongo w’aba centrists ku buyobozi bwa Sir Keir Starmer. Corbyn na Sultana bavuga ko […]

Read More

Tylor swift yongeye kuyobora abahanzi bumviswe kuri Spotify

Umuhanzikazi w’umunya Amerika Tylor swift usigaye ari mu bari gutwara imitima y’abakunzi b’umuziki ku isi byumwihariko mu injyana ya rock yamugize Icyamamare yongeye kuyobora urutonde rw’abahanzikazi bakiniwe indirimbo cyane ku rubuga rwa Spotify. Ni urutonde rwakozwe ku mibare y’ababumvise kuwa 13 Nyakanga 2025 kuri uru rubuga abanyamuziki bacururizaho ibihangano byabo aho yahagarutse Ari uwa mbere […]

Read More

Rayon Sport yatangaje Umurundi Haruna Ferouz nk’umutoza w’ungirije

Umurundi Haruna Ferouz wabaye umutoza wa Vital’o yamaze kugirwa umutoza wungirije wa Rayon Sport kugira ngo azabashe kuyifsha mu mikino ny’Africa ya CAF Confederation Cup. Haruna Ferouz yagizwe umutoza wungirije nyuma y’uko iyi kipe nta mutoza wungirije Lotfi yarifite kuko Umunya-Tunisia Azouz Lotfi wari warazanywe n’umutoza mukuru bazanze nta byangombwa byuzuye afite kuko ibyngombwa afite […]

Read More

Alubumu ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Spotify

Kuwa 11 Nyakanga 2025 niho umuhanzi Justin Bieber yashyize ahagaragara Indirimbo ziri kuri Alubumu ye Nshya yitwa Swag ku imbuga nkoranyambaga ze acishaho ibihangano bye. Iyi Alubumu ye igizwe n’indirimbo zirenga 20 ikaba iri gukundwa cyane ku isi yose ibiri kwerekana urwego n’ubuhanga bw’uyu muhanzi Umaze kuba ikirangirire mu injyana ya Pop. Iyi Alubumu ya […]

Read More

Chelsea iyoboye andi makipe mu kwinjiza amafaranga mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe yaraye yegukanye ihigitse PSG k’umukino wa nyuma

Nyuma y’Uko ikipe ya Chealse yegukanye igikombe cy’Isi cy’Amakipe itsinze ikipe ya PSG k’umukino wanyuma ibitego 3-0 byose byabonetsse mu gice cya mbere, ninayo kipe yabaye iya mbere mu kwinjiza amafaranaga menshi nyuma y’uko mu mikino irindwi yakinye yatsinze imikino 6 banganya umukino umwe gusa. Ikipe ya Chelsea nyuma yo kwandika amateka yo kwegukana igikombe […]

Read More

Rayon Sport igiye gutandukana n’abakinnyi Bane babanyamahanga mbere y’uko shampiyona itangira

Nyuma y’uko umwaka ushize ikipe ya Rayon Sport yaguye mu mutego wo kwinjiza abafana muri mutaramma ngo bayifashe gukomeza guhatanira igikombe cya shampiyona dore ko icyo gihe yaricyi ku mwanya wa mbere, bikarangira abakinnyi by’umwihariko abanyamahana babaye ingwizamurongo ikajya ibahemba badakina yahisemo ko igomba gutanduka nabo  shampiyona itaranatangira. Ikipe ya Rayon iri munzira zo gutanduka […]

Read More