Pamella na The Ben baritegura kwakira umwana wabo w’imfura

Pamella, umugore w’umuhanzi The Ben, abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, yatangaje ku mugaragaro ko atwite umwana wabo w’imfura. Mu mashusho yashyize kuri konti ye, Pamella agaragara ari kumwe n’umugabo we, The Ben, aho uyu nawe agaragara amukora ku nda nk’ikimenyetso cy’ibyishimo byabo. Iyo video yari iherekejwe n’ubutumwa bwuzuye urukundo, agira ati: “Twese uko turi […]

Read More

Pitchou Umukinyi ukomeye cyane yasubiye muri APREFC

Nshimirimana Ismail Pitchou umukinnyi ukomeye wu murundi utari ufite akazi, ikipe y’ingabo yemeje kongerera kumusinyisha mu ikipe a APRFC. Mubyishimo byishi umukinnyi wu mu Burundi yongeye kugarurwa muri APRFC, mu byishimo byishi yarafite kubera ko yaramaze igihe adafite akazi. ibi byabaye kuwa 21/12/2024 niho yongewe amahirwe akomeye cyane yo kugaruka mu ikipe ya APRFC. Ubundi […]

Read More

Ibyo wamenya kuri Dj Dizzo witabye Imana.

Mutambuka Derrick, uzwi cyane nka DJ Dizzo, yitabye Imana ku wa Kane tariki 18 Ukuboza 2024, azize uburwayi bwa kanseri yari amaranye igihe kingana n’imyaka ibiri. Urupfu rwe rwateye agahinda kenshi mu ruhando rw’umuziki nyarwanda, cyane cyane mu bakunzi b’injyana n’abakoranye na we. DJ Dizzo yamenyekanye mu Rwanda nk’umwe mu ba-DJ bafite impano idasanzwe, ufite […]

Read More

Uzwi ku izina Jacky ubarizwa mumwidagaduro yo mu Rwanda, nyuma yo gufungwa na Rib arakijijwe.

Jacky umunyarwandakazi uzwi cyane mumyidagaduro yamaze kwemera ko yakiriye agakiza, kandi ko asaba Imana kumukomeza ntazakavemo. yashimiya cyane Dr Murangira umukuru wubuvuzigizi bwa RIB mu Rwanda ndetse na Briane usazwe uzwi mumyidagaduro yo mu Rwanda. Jacky ni umunyarwanda kazi wamenyekanye cyane 2022 mumyidagaduro yo mu Rwanda, yamenyekanye ku mafoto ataramenyerewe cyane mu gihugu. ibyo byatumye […]

Read More

Ruger umuhanzi w’ umunya Nigeria yongeye kwemera kugaruka gutaramana na banyarwanda

Umuhanzi Ruger wamenye cya muri Nigeria dore ko ari naho avuka yemeye gutaramira abanyarwanda muruku kwezi turimo”ukuboza” Ruger wamenyekanye cyane ku ndiirimbo zitandukanye harimo iyo bita soweto,koromental nizindi zigiye zitandukanye yemeye ko azaza mu Rwanda kuri taliki ya 28 ukuboza akazaza mugitaramo kitwa “RVV UP experience “na victory. Rugar yatangaje agira ati” Ndabasuhuje cyane nongeye […]

Read More

Mu Karere ka Gasabo hafashijwe imiryango 75, babifuriza umumwaka mushya ndetse Noheli nziza . Iyo miryango ibarizwa mu mirenge ibi (Nduba ndetse na Bumbogo).

Ejo hashije 22/12/2024 niho mu Mirenge igize akarere ka Gasabo harimo Bumbogo na Nduba, hafashijwe imiryango 75 ihabwa ibyo kurya ndetse n’ibindi byibanze bikenerwa mu buzima, ifashijwe nu muryango wa Love with Action. Iki gikorwa cyakoze n’ umuryango wa love with action cyavuzeko ntagisa nabyo nko guhura nino miryango. Byabereye mumurenge wa Bumbogo mu karere […]

Read More

Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu: Uruhare rw’Abarezi mu Kubaka U Rwanda Rw’ejo Hazaza

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yashimye uruhare rw’ingenzi abarimu bagira mu iterambere ry’igihugu, by’umwihariko mu kurema umuntu ufite ubushobozi bwo gufasha igihugu kugera ku majyambere. Yabigarutseho tariki ya 13 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu ku rwego rw’igihugu. Dr. Ngirente yavuze ko abarimu atari abo kwigisha amasomo gusa, ahubwo ko banigisha indangagaciro […]

Read More

Rwanda yakiriye Inteko Rusange ya FIA ku nshuro ya mbere muri Afurika, hishimirwa iterambere mu mikino y’amamodoka no mu bidukikije.

U Rwanda rwabaye igihugu cya mbere muri Afurika kwakira Inteko Rusange y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka (FIA), mu nama yabereye muri Kigali kuva tariki 10 kugeza kuya 13 Ukuboza 2024. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimiye FIA n’umuyobozi wayo Mohammed Ben Sulayem ku icyizere bagiriye u Rwanda, ashimangira uruhare rw’ibikorwa by’iki shyirahamwe mu […]

Read More

Domitilla Mukantaganzwa na Alphonse Hitiyaremye Barahiriye Kuyobora Urukiko rw’Ikirenga

Domitilla Mukantaganzwa yarahiriye kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, naho Alphonse Hitiyaremye arahira nka Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, mu muhango wayobowe na Perezida Kagame ku wa 12 Ukuboza 2024 mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko. Mukantaganzwa, w’imyaka 60, yari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo Kuvugurura Amategeko kuva mu 2019. Afite uburambe bw’imyaka 30 mu mategeko, akaba yarize ibijyanye […]

Read More