Nyuma y’uko batatu bafashwe biyitirira ubutaka, Umuvugizi wa RIB Asaba Abaturage Gushishoza mu Kwegukana Ubutaka

Abantu batatu bakekwaho gucura umugambi wo kwiyandikishaho ubutaka butari ubwabo bagamije kubugurisha, barafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Rusororo mu gihe dosiye yabo iri gutegurwa ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Aba bantu ngo bifashishije noteri wigenga w’ubutaka kugira ngo babashe kugurisha ubwo butaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira Thierry, yagaragaje ko ibikorwa nk’ibi […]

Read More

Ubuzima: INES Ruhengeri Yakiriye Abahanga 200 mu Kwiga ku Mihindagurikire y’Ibihe na Malariya

Abashakashatsi n’impuguke mu by’ubuzima baturutse mu bihugu 19 bikoresha Igifaransa, harimo n’u Rwanda, bari mu nama yiga ku buryo imihindagurikire y’ibihe ishobora kuba imbarutso y’ubwiyongere bwa Malariya. Aya mahugurwa y’iminsi itanu ari kubera muri Kaminuza ya INES Ruhengeri, aho abagera kuri 200 bari kuganira ku ngamba zo kugabanya iyi ndwara. Padiri Barihuta Jean Bosco, Umuyobozi […]

Read More

Intore z’u Rwanda zashyizwe mu Murage Ndangamuco w’Isi

Ku wa 3 Ukuboza 2024, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ryemeje ko Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco udafatika w’Isi. Ibi ni igikorwa gishimangira agaciro k’imbyino gakondo nyarwanda ku rwego mpuzamahanga, by’umwihariko umuhamirizo w’Intore, umaze gukundwa mu bitaramo n’ibikorwa by’Itorero ry’Igihugu Urukerereza n’ahandi henshi. Ni ubwa mbere ibikorwa by’imyidagaduro yo […]

Read More

Sergeant Minani Gervais ari kuburanishwa ku byaha byo kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu ruhame urubanza ruregwamo Sergeant Minani Gervais, ukekwaho icyaha cyo kurasa abaturage batanu mu Murenge wa Karambi, Akagari ka Rushyarara, aho icyaha cyabereye. Umushinjacyaha yagaragarije urukiko ko Sergeant Minani aregwa ibyaha birimo ubwicanyi ku bushake, gukoresha intwaro mu buryo butemewe, no kuzimiza intwaro ku bushake. Mu […]

Read More

Abantu basaga 200 bari mu bwato bwarohamye mu Mugezi wa Niger muri Nigeria

Amakenga akomeje kwiyongera ku buzima n’umutekano w’abarenga 200 bari mu bwato bwarohamye mu Mugezi wa Niger kuwa Kane. Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibinyabiziga by’Amazi (NIWA) rwemeje ko iyo mpanuka yabaye, aho abenshi mu bari mu bwato bari abagore b’abacuruzi bavuye muri Leta ya Kogi bajya ku isoko muri Leta ya Niger. Umuyobozi w’Ishami ry’Itangazamakuru muri NIWA, […]

Read More

Guteza imbere ubuyobozi bw’abafite ubumuga mu kubaka ejo hazaza hizerwa kandi harambye.

Uyu munsi, tariki ya 3 Ukuboza 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu wkizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kwita ku Bafite Ubumuga, insanganyamatsiko y’uyu mwaka ikaba ari “Guteza imbere ubuyobozi bw’abafite ubumuga mu kubaka ejo hazaza hizerwa kandi harambye.” Iki gikorwa cyabereye mu Rwanda mu turere dutandukanye, cyibanda ku kwigisha no guha abafite ubumuga urubuga rwo […]

Read More

Urugamba rwo kurwanya SIDA rukeneye uruhare rwa buri wese mu kurengera ubuzima bw’abantu by’umwihariko urubyiruko.

Ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA wizihizwa ku ya 1 Ukuboza 2024, ahantu hatandukanye mu Rwanda habaye ibikorwa bigamije kongera ubukangurambaga bwo kwirinda Virusi itera SIDA, cyane cyane mu rubyiruko. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka yashimangiye uruhare rw’inzego zitandukanye mu kwigisha no gufasha urubyiruko kumenya ingaruka z’iki cyorezo no kugihangana. Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kongera imbaraga […]

Read More

Umusanzu w’ubwiteganyirize ugiye gukubwa kabiri kugira ngo barengere ubuzima bw’abageze mu zabukuru.

Nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba RSSB n’ibindi bigo birebana n’ubwiteganyirize bw’izabukuru, kuva muri Mutarama 2025, umusanzu w’ubwiteganyirize uzazamuka ukava kuri 6% ukagera kuri 12%. Uwo musanzu uzatangwa ku buryo bungana n’umukozi (6%) hamwe n’umukoresha we (6%). UKazakomeza kwiyongera buri mwaka, ukagera kuri 20% hagati y’umwaka wa 2027 na 2030. Intego yo kongera umusanzu ni ugufasha abajya […]

Read More

Impamvu ituma Muri iyi minsi basigaye bakoresha umusaraba nk’ikirango cya Noheli cyane aho kuba igiti nkuko byahoze.

Mu kwizihiza Noheli, abakirisitu bakoresha umusaraba cyangwa igiti cya Noheli bitewe n’umuco n’imyumvire y’ubutumwa bwo kuzirikana kuri uyu munsi mukuru. Umusaraba, nk’ikimenyetso cy’umukiro n’urukundo rw’Imana, wibutsa abakirisitu ko ivuka rya Yesu Kristo ryatangije urugendo rwe rugana ku musaraba, aho yatanze ubugingo bwe ku bw’abantu bose. Ubu butumwa bw’agakiza bushingiye ku rupfu no ku kuzuka kwa […]

Read More