Donald Trump yegukanye kuba perezida wa reta zunze ubumwe z’ America, ubarizwa mu ishyaka ry’Aba-Républicains.
Perezida Donald Trump yatsindiye kuba umukuru w’ igihugu reta zunze ubumwe z’ America, nyuma yo kubona amajwi ya Electoral college 277, mu gihe Kamala Harris afite 224. Nubwo amajwi akiri gukomeza gukorerwa ibarurwa, bigaragaza ko Donald Trump ariwe mukuru w’ igihugu cya leta zunze ubumwe z’ America , aho bigaragaza ko Donald Trump yamaze kugira […]