Alubumu ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Spotify

Kuwa 11 Nyakanga 2025 niho umuhanzi Justin Bieber yashyize ahagaragara Indirimbo ziri kuri Alubumu ye Nshya yitwa Swag ku imbuga nkoranyambaga ze acishaho ibihangano bye. Iyi Alubumu ye igizwe n’indirimbo zirenga 20 ikaba iri gukundwa cyane ku isi yose ibiri kwerekana urwego n’ubuhanga bw’uyu muhanzi Umaze kuba ikirangirire mu injyana ya Pop. Iyi Alubumu ya […]

Read More

Chelsea iyoboye andi makipe mu kwinjiza amafaranga mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe yaraye yegukanye ihigitse PSG k’umukino wa nyuma

Nyuma y’Uko ikipe ya Chealse yegukanye igikombe cy’Isi cy’Amakipe itsinze ikipe ya PSG k’umukino wanyuma ibitego 3-0 byose byabonetsse mu gice cya mbere, ninayo kipe yabaye iya mbere mu kwinjiza amafaranaga menshi nyuma y’uko mu mikino irindwi yakinye yatsinze imikino 6 banganya umukino umwe gusa. Ikipe ya Chelsea nyuma yo kwandika amateka yo kwegukana igikombe […]

Read More

Rayon Sport igiye gutandukana n’abakinnyi Bane babanyamahanga mbere y’uko shampiyona itangira

Nyuma y’uko umwaka ushize ikipe ya Rayon Sport yaguye mu mutego wo kwinjiza abafana muri mutaramma ngo bayifashe gukomeza guhatanira igikombe cya shampiyona dore ko icyo gihe yaricyi ku mwanya wa mbere, bikarangira abakinnyi by’umwihariko abanyamahana babaye ingwizamurongo ikajya ibahemba badakina yahisemo ko igomba gutanduka nabo  shampiyona itaranatangira. Ikipe ya Rayon iri munzira zo gutanduka […]

Read More

Trump Yemeye Ko Amerika Izohereza Roketi za Patriot muri Ukraine, EU Ikazishyura Zose

Ku Cyumweru, Perezida Donald Trump yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika izohereza sisitemu z’intwaro zirinda ikirere (Patriot missile systems) muri Ukraine, mu rwego rwo gufasha icyo gihugu kwirinda ibitero bya Russia. Izo ntwaro, nk’uko Trump yabitangaje, zizatangwa binyuze mu muryango wa NATO, kandi ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi (EU) ni byo bizishyura amafaranga […]

Read More

FIFA Club World Cup: Chelsea niyo kipe ya mbere ku Isi kugeza 2029 nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi cy’’Amakipe yihanije ikipe ya PSG

Mu ijoro ryakeye nimbwo haraye hakinywe umukino wanyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe cyari kimaze ukwezi kiri kubera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, aho ikipe ya Chelsea yatunguye ikipe ya PSG yarimaze iminsi yarigize intakoreka maze iyitsinda ibitego 3-0 byose byabonetse mu gice cya mbere cy’umukino. Ikipe ya PSG yahabwaga amahirwe yo kweguka icy gikombe bigendanye n’uko […]

Read More

Itsinda rw’abahanzi rya The Beatles ryihariye agahigo kuri Billboard

Abahanzi bibumbiye hamwe mu itsinda rya The Beatles bashyizwe ku mwanya wa Mbere ku rutonde rw’abanyamuziki bamaze kugira umubare munini w’abageze ku mwanya wa Mbere kuri Billboard. Ni Umwanya uru rubuga rwa Billboard rushyiraho abahanzi baba bakoze cyangwa bagaragarije ibikorwa by’indashyikirwa mu bijyanye n’umuziki cyane ku bihangano byabo uburyo baba bari kumvirwa ibihangano no gukinwa. […]

Read More

Buhari Yapfuye ku Buryo Butunguranye i London Afite Imyaka 82

Uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, yapfuye ku wa 13 Nyakanga 2025 i London mu Bwongereza, aho yari amaze igihe avurirwa. Yitabye Imana afite imyaka 82. Itangazo ryasohowe na Perezidansi ya Nigeria ryemeje urupfu rwe, rigaragaza ko yari arwaye igihe kitari gito ariko amakuru ku ndwara ye atigeze atangazwa ku mugaragaro. Buhari yabaye Perezida […]

Read More

Mboso yahigitse Marioo wari umaze igihe ayoboye umuziki wa Tanzania

Umuhanzi w’umunya Tanzania Mbosso yakuye Mugenzi we Marioo ku mwanya yari amazeho igihe kinini ku bari kwitwara neza ku mbuga nkoranyambaga zicururizwaho umuziki muri Tanzania. Ni ku rutonde rushya rugaragazwa n’izi mbuga zikoreshwa na benshi mu bakora umuziki arizo Boomplay na Audiomack zashyize ahagaragara Mbosso yaje Ari imbere y’abandi bahanzi mu kumvirwa ibihangano kurusha abandi […]

Read More

Ibiganiro by’Amahoro muri Gaza byongeye Guhagarara: Hamas na Israel baratongana ku Kugura Ingabo muri Gaza

Ibiganiro bigamije guhagarika imirwano hagati ya Hamas na Israel byabereye i Doha muri Qatar byongeye guhura n’imbogamizi zikomeye. Nk’uko byemezwa n’inzego zitandukanye zishinzwe ubuhuza, ibihugu byabigizemo uruhare nka Amerika, Misiri na Qatar, ntibyabashije kubonera umuti ukemura ikibazo gikomeye cyateje igikoma: kuvaho k’ingabo za Israel muri Gaza. Amakuru atangwa n’abahagarariye Palestine mu biganiro aravuga ko Hamas […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Kuri icyi cyumweru kuri sitade MetLife Stadium ikipe ya Paris Saint-Germain iracakira na Chelsea k’umukino wanyuma

Kuri icyi cyumweru tariki ya 13 Nyakanga nibwo hateganyijwe umukino wanyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe, n’umukino urza guhuza ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa  ndetse na Chelsea yo m’Ubwongereza . N’umukino ukomeye cyane uraza gutangira ku isaha ya 21h00, umukino urabera kuri sitade MetLife Stadium mu mujyi wa New Jersey, n’umukino kandi uri buze kwitabirwa […]

Read More