“Azahora ari nimero 20 yacu” Nta mukinnyi uzongera kwambra nimero 20 Diago Jotambaraga mu byiciro byose muri Liverpool

Ikipe ya Liverpool yatangaje ko yafashe icyemezo ntakuka ko igiye guhagarika burundu gukoresha nimero 20 yambarwaga na Diago Jota uherutse kwitaba Imana ari kumwe na Murumuna we Andre Silva, mu rwego rwo kumuha icyubahiro nyuma. Iki cyemezo ikipe ya Liverpool nyuma yo kugirana ibiganiro n’umugore wa Diago jota Rute Cardoso, hamwe n’uryango we, ibi bivuze […]

Read More

Leta ya Trump Ihagurukiye EU na Mexico: Imisoro Mishya Ishobora Guhungabanya Ubucuruzi Mpuzamahanga

Washington, 12 Nyakanga 2025 – Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azashyiraho imisoro mishya ya 30% ku bicuruzwa byose byinjira muri Amerika biturutse muri Mexico no mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU). Iyi misoro iteganyijwe gutangira gukurikizwa ku ya 1 Kanama 2025, ibi byitezweho impinduka zikomeye mu bucuruzi mpuzamahanga no […]

Read More

Taylor Swift ari kwerekwa urukundo kuri Spotify

Umuhanzi umaze gufata umuziki ku isi cyane muri Amerika aho asanzwe akorera umuziki yashyizwe ku mwanya wa Mbere w’abahanzi bakunzwe kuri uru rubuga rwa Spotify mbere y’uko icyumweru kirangira ni ukuvuga mbere ya Tariki 11 ya Nyakanga 2025. Ni mu byiciro bitandukanye uyu muhanzi yashyizwemo akaza imbere ku rutonde rwabo aho umuhanzikazi Taylor Swift yayoboye […]

Read More

Ishyaka Labour mu Bwongereza ryashyizwe ku gitutu: Barasabwa kuzamura imisoro kugira ngo bazibe icyuho cy’ingengo y’ Imari

Ishyaka Labour, rimaze iminsi mike risimbuye Abakonseravateri(conservative party) ku butegetsi mu Bwongereza, ryashyizwe ku gitutu gikomeye nyuma y’uko Ed Balls, wahoze ari Minisitiri w’Imari, asabye ko mu ngengo y’imari y’itumba (Autumn Budget) hashyirwamo kongera imisoro ku mishahara n’amasosiyete manini. Nk’uko Balls yabitangaje mu kiganiro cyatangajwe na The Guardian, avuga ko hakenewe nibura miliyari £6 z’amapawundi […]

Read More

As Kigali yabwiye Umujyi wa Kigali ko yifuza Miliyoni 600Frw kugira bazakine shampiyona y’umwaka utaha

Nyuma y’iminsi micye ikipe ya AS Kigali yandikiye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buyisaba inama yihuse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025 nibwo habaye inama yahuje AS Kigali ndetse n’ubuyobizi bw’umujyi wa Kigali ahao Umuyobozi w’umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yatangaje ko  bamaze kujyenera Miliya1 Frw ikipe ya ASK igali mu myaka itanu […]

Read More

Abahanzi barimo Zeo trap,Afrique na Olimah bari mu bagufasha kuryoherwa n’impera z’icyumweru

Mu gihe icyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa karindwi kurangira Niko abakunzi b’umuziki n’imyidagaduro muri rusange bari kuryoherwa n’ibihe babikuye mu bihangano biri gushyirwa hanze n’abo bakunda. Muri iki cyumweru cyatangiye kuwa 07 Nyakanga 2025 abahanzi b’abanyarwanda barimo abaraperi n’abakora izindi njyana bashyize Hanze imiziki iri kunyura abakunzi babo biri mu bikomeza kuryoshya impera z’iki cyumweru. […]

Read More

Marcus Rashford munzira nziza zinjira muri FC Barcelona

Marcus Rashford  ‘imyaka 27 kugeza ubungu wakuriye mu ikipe ya Manchester United kuva afite imyaka irindwi kugeza ubungu, n’ukuvuga ko amaze imyaka 20 muri Manchester United, iyi kipe yamaze kumubwira ko itakimufite muri gahunda zayo agomba kwirebera indi kipe yererekezamo, gusa ikipe ya FC Barcelona umutima wayo wose yawerekeje kuri uno musore hatagize igihindutse isaha […]

Read More