Imyuzure ya Texas ishyize Trump ku munzani: Inkunga zirimo gutangwa, ariko amagambo ya Trump akomeje kunengwa

Perezida Donald Trump yasuye Leta ya Texas kuri uyu wa Gatanu nyuma y’imyuzure ikomeye yahitanye abantu barenga 120, isenya amazu, imihanda, n’ ibikorwa remezo by’abaturage. Ni bimwe mu byago bikomeye igihugu cyahuye nabyo muri uyu mwaka. Imvura yaguye mu masaha make yatumye uruzi rwa Guadalupe ruzamuka byihuse, bikurikirwa n’inkangu n’imyuzure yiswe “imyuzure y’imyaka 100” kubera […]

Read More

Rayon Sport yemereye abafana kwishyura bakitabira imyitozo mu nsove

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025 ikipe ya Rayon Sport nkuko bitangazwa n’umuvugizi wayo bwana Ngabo Roben, abafana b’iyikipe bemerewe kuza kwitabira imyitozo ku isaha ya 15h00 iri bubere ahao isanzwe ibera mu nsove kuri Skol. Nkuko Roben Ngabo yabitangaje yavuze abafana babishaka kandi babyifuza kuza kuza kureba abakinnyi baherutse kugurwa n’iyi […]

Read More

Alejandro Garnacho yamaze kwemererwa kugaruka mu myitozo ya Manchester United ku kibuga Carrington

Ikipe ya Manchester United yarimaze iminsi yandikiye abakinyi barimo Marcus Rashford, Alejandro Garnacho, Jadon Sancho ndetse na Antony ko bahaagaritswe mu bikorwa byose bya Manchester United ndetse ko batemerewe no kugaruka gukora imyitozo ku kibuga cy’imyitozo cy’iyi kipe Carrington. Aba bakinnyi uko ari batanu bari bandikiwe ibaruwa ibamenyesha ko batagikenewe muri iyi kipe ko umutoza […]

Read More

Israel irateganya kurandura Hamas burundu nyuma y’agahenge k’iminsi 60: Umugambi mushya wa Netanyahu watunguye isi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gushyira mu bikorwa umugambi mushya wo guhashya burundu umutwe wa Hamas nyuma y’igihe cy’amahoro cy’iminsi 60. Icyo gihe cy’agahenge giteganyijwe kwifashishwa nk’umwanya wo kongera gutegura igisirikare, guhuza amakuru no gukora igenamigambi ryimbitse ry’ibikorwa bikomeye bya gisirikare. Netanyahu yavuze ko iyi gahunda itagamije gutanga amahoro […]

Read More

Abakoresha Lisansi muri Libya bari mu munyenga kubera ibiciro byahananuwe

Mu gihugu cya Libya abagura n’abatunze Ibikoresho bikenera Lisansi bari kubyinira ku rukoma kubera ihananurwa ry’ibiciro byayo dore ko iki gihugu byagishyize ku mwanya wa Mbere w’ibihugu bifite igiciro giro cya Lisansi ku isoko. Mugihe mu bihugu nka Centra Africa litiro umwe ya Lisansi igura hejuru y’idorali n’ibice 70 muri iki gihugu cya Libya ho […]

Read More

FIFA Club World Cup: Paris Saint-Germain yihanije Real Madrid ihita isanga Chelsea k’umukino wanyuma

Mu ijoro ryakeye ikipe ya Paris Saint-Germain yanyagiye ikipe ya Real Madrid ibitego 4-0 , ihita isanga Chelsea k’umukino wa nyuma uzaba tariki ya ya 13 Nyakanga 2025 . Uyu mukino wa ½ cirangiza wabereye kuri MetLife Stadium muri Leta ya New Jersey, warebwe n’abafana basaga ibihumbi 77. n’umukino watangiye wihuta cyane kumpande zombi gusa […]

Read More

Ndayishimiye Rugaju Reagan agiye gutangira kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu ikipe ya Gorilla

Umunyamakuru wa Siporo Rugaju Reagan umwe mubanyamakuru bakunzwe muri siporo hano mu Rwanda by’umwihariko kurubungu afatwa nk’umusesenguzi wa mbere w’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, uyu munyamakuru agiye gutangira kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu ikipe ya Gorilla FC hano mu Rwanda. Ndayishimiye Rugaju Reagan usanzwe ukora kukigo k’igihugu cy’itangazamakuru (RBA) mu ishami ry’imikino, nkuko umutoza mukuru wa […]

Read More

Rayon Sport yasinyishije Umwataka w’umunye-Congo Chadrak Bingi Belo

Ikipe ya Rayon Sport ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko yamaze gusinyisha Rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo amasezerano y’imyaka ibiri imukuye mu ikipe Daring Club Motema Pembe(DCMP) y’iwabo muri Congo. Uyu musore w’imyaka 20 gusa y’amavuko akaba yashize umukono ku amasezerano ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, akaba yarageze mu Rwanda mu ijo […]

Read More

Yari umuturage usanzwe, nyamara ari intwaro kirimbuzi ya Isiraheli: Umupilote w’umugore mu butumwa bwo gutera Irani

Mu nkuru yatangajwe n’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo MSN na Daily Mail, haravugwa umugore wo mu ngabo z’ikirere za Isiraheli (Israeli Air Force) wagize uruhare rukomeye mu gikorwa cy’ibanga cyagabwe ku bikorwa bya kirimbuzi bya Irani. Uyu mupilote yari azwi nk’umuturage usanzwe mu buzima bwe bwa buri munsi. ushobora kuba yarabaye umubyeyi, umunyeshuri cyangwa umukozi wa Leta. […]

Read More