Yari umuturage usanzwe, nyamara ari intwaro kirimbuzi ya Isiraheli: Umupilote w’umugore mu butumwa bwo gutera Irani

Mu nkuru yatangajwe n’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo MSN na Daily Mail, haravugwa umugore wo mu ngabo z’ikirere za Isiraheli (Israeli Air Force) wagize uruhare rukomeye mu gikorwa cy’ibanga cyagabwe ku bikorwa bya kirimbuzi bya Irani. Uyu mupilote yari azwi nk’umuturage usanzwe mu buzima bwe bwa buri munsi. ushobora kuba yarabaye umubyeyi, umunyeshuri cyangwa umukozi wa Leta. […]

Read More

Donald Trump yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera mu mujyi wa New Jersey

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe kigomeje kubera n’ubundi muri iki gihugu, umukino wanyuma uteganyijwe k’umunsi wo ku cyumweru triki ya 13 Nyakanga 2025 ubere mu mujyi wa New Jersey. Ibyuko Trump azitabira umukino wanyuma yabitangaje ku wa kabiri nyuma y’uko ishyirahamwe ry’umupira […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Ninde uza gusanga ikipe ya Chelsea k’umukino wanyuma hagati ya PSG na Real Madrid

K’umugora washize hakinwaga umukino wa ½  cy’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, ikipe ya Chealse yitwaye neza igakatisha itike ya iyerekeza k’umukino wa nyuma isezereye ikipe ya Fluminense yo muri Braziliyitsinze ibitego 2-0. Ibitego byombi bya joão Pedro uherutse kugurwa n’iyi kipe ya Chelsea, n’umukino warukomeye kumpande zombie ukirikije ahao […]

Read More

Macron atangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bwongereza, yibanda ku mubano wihariye n’icyerekezo cy’Uburayi

Kuva ku wa 8 kugeza ku wa 10 Nyakanga 2025, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Bwongereza, ruteguwe nk’urwa leta (state visit), rwibanze ku gukomeza umubano wihariye hagati y’ibi bihugu byombi nyuma ya Brexit, no kurushaho kongera ingufu mu bufatanye ku rwego rw’umutekano, ubukungu n’umuco. Macron yavuze ijambo ryashimiwe cyane muri inteko […]

Read More

Wizkid ayoboye abahanzi bo muri afurika bishyurwa amafaranga menshi mu bitaramo

Umunya Nigeria Wizkid umaze kwamamara mu muziki cyane muri afurika niwe muhanzi w’umunya afurika ufata amafaranga menshi ku gitaramo akoze mugihe abandi bakomeye nka Burnaboy bamugwa mu ntege. Kuri uru rutonde hariho abo mu gihugu cya Nigeria barindwi mu icumi bagaragajwe ba mbere bafata agatubutse iyo batumiwe mu bihugu bitandukanye gutaramira abakunzi b’umuziki wabo. Ku […]

Read More

Katie McCabe , Caitlin Foord na Laia Codina bakinira bakinira Arsenal bage mu Rwanda muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’

Muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’ n’amakipe agiye atandukanye yo k’umugabane w’iburayi, Katie McCabe , Caitlin Foord na Laia Codina baheruka gufasha ikipe ya Arsenal y’abagore kweguka UEFA Champion League bamaze kugera  mu Rwanda binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda mu masezerano u Rwanda rusenzwe rufitanye n’iyikipe yo mu Bwongereza. Umunya-Australia, Caitlin Foord n’Umunya-Irlande, Katie McCabie […]

Read More

FIFA Club World Cup: ikipe ya Chelsea iraza gucakirana na Fluminense yo muri Brazil muri 1/2

kuri uyu wa kabiri imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu mijyi igiye itandukanye kiraza kuba gikomeza aho imikino igeze muri 1/2. uyu munsi guhera ku isaha ya satatu z’umugoroba ikipe ya Chelsea yo mubwongereza iraza kuba icakinana n’ikipe ya Fluminense yo muri Brazil, n’umukino urza kuba ukomeye ku mpande […]

Read More

Nihatagira igikorwa AS Kigali ishobora kudakina shampiyona umwaka utaha

Ikipe ya As Kigali yandikiye umujyi wa Kigali iwutabaza iwutabaza  kubibazo ifite ahanini bijyendanye n’amamikoro bishobora kuyibuza gukina umwaka w’imikino utaha. N’ibikubiye mu ibaruwa iyi kipe isanzwe ifashwa n’umujyi wa Kigali yanditse mu cyumweru gishize itabaza ko ko niba ntagikozwe ishobora kutazabona uko ikina umwaka utaha w’imikino.muri iyi baruwa iyi kipe yandikiye ubuyobozi bw’umujyi wa […]

Read More