Nyuma Imvura Yateje Umwuzure Muri Texas: Chuck Schumer Arasaba ko Hakorwa Iperereza ku Makuru Mabi y’Iteganyagihe Yatanzwe

Washington D.C. – 7 Nyakanga 2025 – Umuyobozi w’Abademokarate muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse ku makuru yatanzwe na National Weather Service (NWS) mbere y’umwuzure ukomeye wibasiye leta ya Texas muri iyi minsi ishize. Uyu mwuzure, wabaye kuva ku wa 4 kugeza ku wa 6 Nyakanga […]

Read More

APR FC yasinyishije rutahizamu William Togui Mel ukomoka muri Côte d’Ivoire

Kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Nyakanga 2025 nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC ibinyujije kumbuga nkoranyambaga zayo aho yatangaje ko yishimiye kwakira Umunya-Côte d’Ivoire, William Togui Mel aho yashyize umukono kumasezerano azamugeza muri 2027. William Togui ni rutahizamu mpuzamahanga wavutse tari ya 7 Knama mu 1996 avukira mu gace ka kitwa Lakota muri […]

Read More

Ronld Ssekiganda uherutse gusinya muri APR FC yamaze gukurwa mu bakinnyi bazifashishwa n’ikipe y’igihu ya Uganda mu mikino ya CHAN 2024

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Uganda(FUFA) ko umukinnyi uherutse kugurwa n’iyi kipe y’ingabo z’igihugu witwa Ronald Ssekiganda atazifashishwa mu mikino ya CHAN rizatangira mu Kwezi gutaha kubera ko shampiyona y’u Rwanda izaba yaramaze gutangira. Ubu bwumvikane bwemejwe nyuma y’uko uyu musore amategeko yamwemeraga kuba yazifashishwa mu irushanywa ny’Africaa […]

Read More

Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yamushakaga ko adahari ahubwo yamaze kumvikana n’ikipe ya Arsenal

Rutahizamu wumunya-Suède Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yose yamwifuzaga ko agomba kugenza gake kuko ngo we ashaka kwerekeza mu ikipe ya Arsenal yewe ngo n’ibiganiro bigeze kure cyane n’igihe agomba gusinya muri iyi kipe cyamaze kumviaknywa ku mpande zombi. Nkuko umunyamakuru Fabrizio Romano abitangaza ngo k’umunsi w’ejo uyu musore Viktor Gyökeres’ yagiranye ikiganiro kuri […]

Read More

Drake yagarutse mu byamamare bifite Indege zihenze

Umuhanzi w’umunya Amerika Drake Ari mu ibyamamare bifite Indege zihenze ku isi mu mwaka wa 2025 ku rutonde ruyobowe n’umukire Ibrahimovic wahoze ayobora ikipe ya Chelsea yo mu bwongereza. Umuherwe Roman Abrahimovic w’umurusiya uyoboye Urutonde rw’abakomeye bazwi mu myidagaduro mu ngeri zitandukanye ku isi Afite Indege ya Boeing 787-8 Dreamliner ihagaze Miliyoni 350 z’amadorali. Ku […]

Read More

Umunyezamu w’Umunya-Mali, Drissa Kouyaté yamaze gisinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sport

Kuri icyi Cyumweru tarki ya 6 Nyakanga 2025 ikipe ya Rayon Sport yasinyiye Sports amasezerano azageza mu mpeshyi yo mu 2027 Umunye-Mali Drissa Kouyaté warumaze iminsi ari I Kigali yaraje kurangizanya n’ikipe yamabara ubururu n’umweru. Nkuko iyi kipe ya Rayon Sport mu mafoto yashize agaragaza ko yamaze gusinnyisha uyu muzamu warumaze icyumweru ari mu Rwanda […]

Read More

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ntihakagire ikipe izongera kubahumekera mubitugu

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ndetse n’abandi bakinnyi bose ko nabo ari ingabo z’igihugu kandi ko mu muco w’ingabo z’u Rwanda zihanaganira gutsinda ntawuzihumekera mu bitugu, yababwiye ko biriya bintu byo kubahumekera mubitugu Atari byiza nat nubwo ari byo biranga ingabo z’u Rwanda, yarashatse kuvuga kubyo gutwara ibikombe andi makipe […]

Read More

Ayatollah Ali Khamenei agaragara bwa mbere mu ruhame kuva intambara ya Israel na Irani yatangira

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, yongeye kugaragara mu ruhame ku nshuro ya mbere kuva hatangira intambara hagati ya Irani na Israel, mu kwezi gushize. Khamenei, w’imyaka 86, yitabiriye umuhango wo kwibuka Ashoura, wabereye mu musigiti wa Imam Khomeini i Tehran, ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025. Ibi byabaye nyuma y’icyumweru kirenga […]

Read More

Elon Musk yashyizeho ishyaka rishya rya politiki “America Party” kugira ngo asubize abaturage ijambo

Ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025, umuherwe n’umushoramari Elon Musk yatangaje ishingwa ry’ishyaka rishya rya politiki yise “America Party”, rifite intego yo kugarura ijwi ry’abaturage no guhangana n’uburyo politiki isanzwe ikora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X (rwahoze ari Twitter), Musk yavuze ati: “Abaturage bashaka ishyaka rishya […]

Read More