Abashoramari b’abanyamahanga bishimira umutekano n’uburyohe bw’ishoramari mu Rwanda

Abashoramari b’abanyamahanga bakomeje kugaragaza ko bishimira umutekano w’ishoramari ryabo mu Rwanda ndetse n’ingamba zashyizweho mu kuborohereza gushora imari. Ibi byagarutsweho na Xiau Ben Tiger, Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishoramari cya Homart Group, ubwo yari mu gikorwa cyo kumurika umushinga mushya wiswe Greenland, ugamije kubaka inzu 168 zirimo iz’ubucuruzi n’izo guturamo. Xiau Ben Tiger, ukomoka mu Bushinwa, amaze […]

Read More

Ibinyoma byagizwe byatijwe intebe: Ngizi prank z’akasamutwe zakozwe muri Cinema Nyarwanda

Ikinyoma gikomeje Gutizwa umurindi: ngizi Prank zakozwe mu myidagaduro yo mu Rwanda bigatitiza imbuga nkoranyambaga. Muri iyi minsi mu myidagaduro Hari kugaragara ibinyoma kubakora imyidagaduro, aho bisigaye byarabaye iturufu yo gukirikiranwa no kurebwa kw’ibihangano byabashyiraho ibyo bibeshyo bigezweho ku mazina yo Gutwikira. Ngibi ibinyoma 3 byabeshywe mu minsi ishize mu myidagaduro yo mu Rwanda bikarangira […]

Read More

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yamanutseho imyanya itanu kurutonde ngarukakwezi rwa FIFA

Nyuma yo gutsindwa na Nigeria ibitego 2-0 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yasubiye inyuma ho imyanya itanu ku rutonde kurutonde rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA). U Rwanda rwavuye ku mwanya wa 124 rusubira ku wa 129, rutakaza amanota 6.68 aho ubu rufite amanota 1,129.38. Ibi […]

Read More

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’,Bizimana Djihad ntago azagaragara ku mukino U Rwanda ruzahuramo na Lesotho

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, ntazagaragara ku umukino u Rwanda ruzahuramo na Lesotho ku wa Kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025, nyuma yo kuzuza amakarita abiri y’umuhondo. Uyu mukino ni uwa Gatandatu mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mexique na Canada. Ikarita ya kabiri […]

Read More

Gatsibo: Abaturage ba Kageyo Bishimiye Umuyoboro Mushya w’Amazi Meza

Abaturage bo mu Murenge wa Kageyo, Akarere ka Gatsibo, bishimiye ko bubakiwe umuyoboro mushya w’amazi meza, bigatuma barushaho kugira isuku no kwirinda indwara ziterwa n’umwanda. Uyu muyoboro, watwaye miliyari 2 Frw, watashywe ku mugaragaro nyuma yo kuzura, ukaba waratangiye kubakwa mu mwaka wa 2024. Amazi y’uyu muyoboro aturuka ku isoko ya Nyakagina, aho yakozweho ubushakashatsi […]

Read More

Umunyamakuru Ukomeye Jean Lambert Gatare wamenyekanye cyane mu itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda, yitabye Imana

Jean Lambert Gatare wari umunyamakuru w’inararibonye mu itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda, yitabye Imana nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe kirekire. Yaguye mu gihugu cy’u Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza iyi nkuru ya kababaro yashenguye benshi kuko yarumwe mubagabo bakomeye cyane mu itangazamakuru ryu Rwanda. Gatare yamenyekanye cyane muri Radio Rwanda guhera mu 1995, aho yakoze ibiganiro […]

Read More

“Mfite ikimwaro kuko sinkunda gutsindwa”, Adel Amrouche, Yababajwe no Gutsindwa na Nigeria imbere ya Perezida Paul kagame

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche, yagaragaje akababaro gakomeye nyuma yo gutsindwa umukino we wa mbere atoje Amavubi, aho yatsinzwe na Nigeria ku bitego 2-0 mu mukino wa gatunu wo mu itsinda c mugushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Ibi yabitangaje ku wa Gatanu, tariki ya 21 Werurwe 2025, ibyo yabitangaje mu kiganiro yagiranye […]

Read More

Perezida Paul Kagame Yakiriye Abayobozi Batandukanye muri Village Urugwiro

Ku wa Gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi batandukanye muri Village Urugwiro, aho bagiranye ibiganiro bigamije iterambere ry’ubukungu, uburezi, n’amahoro. Muri abo bayobozi harimo Perezida wa Banki y’Abarabu y’Iterambere ry’Ubukungu muri Afurika (BADEA), Dr. Sidi Ould Tah, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Ghazouani. BADEA ni banki ifasha mu iterambere rya Afurika binyuze […]

Read More