AFC/M23 Yashyizeho Abayobozi Bashya mu Bikorwa by’Imari n’Ubukungu

Kuri uyu wa 19 Werurwe 2025, hasohotse itangazo ryo kuri politiki ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka, Umuvugizi wa AFC/M23, rivuga impinduka mu buyobozi bw’umutwe. Muri iri tangazo, Mugisha Robert yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Imari (CFO) wa AFC/M23. Mugisha azakorerwa n’abayobozi babiri bakuriye imirimo itandukanye: Kilo Buhunda, ushinzwe Umutungo Rusange n’Imisoro, na Fanny Kaj Kayemb, wagizwe Umuyobozi […]

Read More

Amerika Isubukura Inkunga ya Gisirikare kuri Ukirene Nyuma yo Kuyihagarika By’agateganyo

Mu ntangiriro za Werurwe 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse inkunga ya gisirikare ku gihugu cya Ukraine nyuma y’uko Kyiv yatangaje ko yiteguye gusinyana amasezerano y’agahenge n’u Burusiya mu gihe cy’iminsi 30. Iyi ngingo yatumye habaho kutumvikana hagati y’abayobozi ba Ukraine na Amerika, cyane cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Read More

Papa Fransisko Akomeje Gukira Yahagaritse Gukoresha Ibikoresho bimwongerera Umwuka

Papa Fransisko ntakiri gukoresha ibikoresho bimwongerera umwuka nijoro, kandi abaganga be bizera ko azakomeza gukira, nk’uko bivugwa na Vatican. Mu itangazo ryatanzwe ku wa Gatatu, Vatican yavuze ko ubuzima bwa Papa bugenda burushaho kuba bwiza nyuma yo kumara amezi arenga abiri mu bitaro. Papa Fransisko, ufite imyaka 88, yari arimo gukoresha uburyo bwo guhumeka budasaba […]

Read More

Uburyo bwa Pakistan bwo kurwanya iterabwoba ni ubw’ubwiyahuzi

Ku ya 11 Werurwe 2025, abarwanyi ba Balochistan Liberation Army (BLA) bibye gari ya moshi ya Jaffar Express yavaga i Quetta yerekeza i Peshawar. Nyuma y’amasaha 36 y’ihangana, ingabo za Pakistan zabashije kwica abo barwanyi no kubohora abantu amagana bari bafashwe bugwate. Leta yatangaje ko nibura abasivili umunani bapfuye muri ubwo butabazi. Nyuma y’ibyo, abategetsi […]

Read More

Mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal hatangijwe uburyo bushya bwo kuvura abafite agahinda gakabije hakoreshejwe Ketamine

Ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal hatangijwe ku mugaragaro uburyo bushya bwo kuvura abafite ibibazo bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe, by’umwihariko agahinda gakabije, hifashishijwe umuti wa Ketamine unyuzwa mu rushinge. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abaganga b’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe, aho basobanuriye uko ubu buvuzi bukora. Dr. Sendegeya Augustin, umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri ibi […]

Read More

Taylor swift yatowe Nk’umuhanzikazi w’ikinyejana

Umuhanzikazi Taylor Swift yongeye kwigaragaza yereka abandi bahanzikazi ku isi ko Ari ku rundi rwego. Taylor Swift yageze akomeje kwanikira abakobwa n’abagore bagenzi be mu muziki nyuma y’uko agizwe uwa mbere ku rutonde rw’abahanzikazi b’ibihangage b’ikinyejana cya 21, Ni urutonde rwakozwe na Billboard. Ni urutonde rwagarutseho abahanzikazi biganje abo muri Amerika barimo Rihanna, n’abandi. Dore […]

Read More

Mama mukura umufana ukomeye wa mukura vs n’amavubi arembeye muri CHUB nyuma yo gukurwa mu bitaro bya ka Butare

Umufana ukomeye wa Mukura VS ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, Mukanemeye Madeleine uzwi nka Mama Mukura, ubu arembeye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Nk’uko byatangajwe n’ikipe ya Mukura VS, Mama Mukura yari arwariye mu bitaro bya Kabutare mbere y’uko yoherezwa mu CHUB aho ubu arwariye mu ndembe abaganga bari kugerageza kumwitaho ngo barebe ko […]

Read More

Killaman yeruye avuga icyarindimuye ubukungu bwe

Killaman yatangaje icyamuteye ubukene bwo kurwego bivuzwe no ku mbuga nkoranyambaga. Umuhanga mu gukina filime akabifatanya no kubishoramo amafaranga Niyonshuti yanick wamamaye muri Cinema nka Killaman yeruye avuga icyamuteye igihombo kugeza ubwo atangiye kugorwa no kubona amafaranga ya bimwe by’ingenzi. Aganira n’umunyamakuru kuri televiziyo y’igihugu RTV killaman yavuze ko mubihe byashize yagiye kwa muganga agasabwa […]

Read More

Amateka avuga iki gahati y’Amavubi na Nigeria Mbere yo guhura,Imikino yabahuje

Mu mateka, u Rwanda n’ikipe y’igihugu ya Nigeria (Super Eagles) bahuye inshuro nke mu marushanwa atandukanye, ariko imikino yabo yagiye iba ikomeye cyane nubwo bajyaga guhura Nigeria ariyo ifite amahirwe ariko siko byagiye bigenda kuko Amavubi yagiye abagora cyane mumikino bagiye bahura. Muri rusange, Nigeria ni imwe mu makipe akomeye muri Afurika, ifite amateka ahambaye […]

Read More