Nigeria iri gukorera imyitozo mu Bugesera: Ibyo wamenya mbere yo guhura n’Amavubi

Ikipe y’igihugu ya Nigeria, Super Eagles, iri gukorera imyitozo mu Bugesera mbere yo guhura n’Amavubi y’u Rwanda mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026,gusa ku munsi wo kuwa 4 igomba kuzakorera imyitozo kuri Stade Amahoro nkuko amategeko ya CAF abigena ko ikipe yasuye igomba gukorera imyitozo ku kibuga izakiniraho mbere y’umunsi umwe y’uko […]

Read More

Netanyahu Yirukanye Umukuru w’Urwego rw’Ubutasi bw’Imbere mu Gihugu, Ronen Bar

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yirukanye Ronen Bar wari umuyobozi w’Urwego rw’Ubutasi bw’Imbere mu Gihugu. Ibiro bye byasohoye itangazo rivuga ko ibijyanye n’iyirukanwa bye byarangiye, hasigaye gusa kubishyikiriza Guverinoma. Netanyahu yagaragaye mu mashusho avuga ko Ronen Bar atakiri umuntu wo kwizerwa. Ku rundi ruhande, Bar na we yanenze Netanyahu, avuga ko asa […]

Read More

Elon Musk Ashinjwa Kuyobora DOGE mu buryo Bunyuranyije n’Itegeko Nshinga rya Amerika

Umucamanza Theodore Chuang wo mu Rukiko rwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rw’Akarere ka Maryland yanditse mu mwanzuro we ko inshingano Elon Musk afite mu kuyobora Ishami ry’Ubushobozi bwa Leta (DOGE) bishobora kuba binyuranyije n’ingingo ivuga ku itangwa ry’imyanya ya Leta mu Itegeko Nshinga rya Amerika. Uyu mucamanza yavuze ko hari ibimenyetso byinshi byerekana ko Musk […]

Read More

FERWAFA Yatangaje ko yatangiye gukurikirana ikibazo cya Migi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ryatangiye gukurikirana ikibazo cy’umutoza wungirije wa Muhazi United FC, Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi, uvugwaho ko yasabye myugariro wa Musanze FC, Bakaki Shafiq, kwitsindisha mu mukino wahuje Musanze FC na Kiyovu Sports k’umunsi wa 21 w’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda. Ibi byatangajwe mu itangazo ryashyizwe […]

Read More

Qatar Yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi mu Biganiro bigamije Amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda

Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, yahuje Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi. Iyi nama ntiyasimbuye inzira zisanzwe zo gukemura ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo, zirimo ibiganiro bya Luanda byashyizweho […]

Read More

Aisha yambitswe Impeta y’urukundo

Aisha inkindi yambitswe impeta na Muchoma Bari bamaze igihe baca amarenga yo gukundana. Inkindi Aisha uzwi mu myidagaduro yo mu Rwanda cyane mu mwuga wo gukina filime yambitswe impeta y’urukundo na Muchoma Bari bamaze igihe baca amarenga yo kuba barahuje ndetse bakundana urw’ukuri. Babicishije ku mbuga nkoranyambaga zabo cyane kuri Instagram, Muchoma na Aisha bagaragaje […]

Read More

Al-Nassr Iteganya Kwegukana Myugariro wa Arsenal, Gabriel MagalhĂŁes, Mu Mpeshyi

Ikipe yo muri Arabia Saudite, Al-Nassr, irateganya gupiganira myugariro wa Arsenal, Gabriel Magalhães, mu mpeshyi y’uyu mwaka. Amakuru aturuka muri Saudi Pro League aravuga ko Al-Nassr yiteguye gutanga umushahara ungana na €20 miliyoni ku mwaka, havuyemo ibijyanye n’imisoro, kugira ngo yegukane uyu mukinnyi w’imyaka 26 w’umunya Brazil. Aya mafaranga ni inshuro eshatu z’ayo Arsenal imuha […]

Read More

Taylor Swift na SZA Bongeye kwerekana ko batagereranywa mu muziki

Taylor Swift yegukanye igihembo mu byatanzwe na iHeartRadio awards byari bihatanyemo abarimo Davido watashye amaramasa. Mu bihembo bya iHeartRadio byari bihuje abanyabigwi batandukanye mu baturuka mu bice byinshi by’isi umunyamerika kazi yongeye kugaragaza ko afite ubuhanga nyuma yo kwegukana kimwe mubyo yari Ahatanye nyuma y’ibindi yagiye atwara muri uyu mwaka usa n’uwabaye uw’amahirwe kuri uyu […]

Read More

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa Bwongeye Gufungura Dosiye ya Agathe Kanziga ku Byaha bya Jenoside

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwongeye gufungura dosiye iregerwamo Agathe Kanziga, umugore wa nyakwigendera Perezida Juvénal Habyarimana, ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Biteganyijwe ko ku wa Gatatu, tariki ya 19 Werurwe 2025, ubutabera bw’u Bufaransa buziga ubusabe bw’ubushinjacyaha mu muhezo, bugafata umwanzuro w’uko Kanziga yakongera kubazwa kuri ibyo byaha. Kanziga yahunze u Rwanda […]

Read More