Hamenyekanye Icyihishe inyuma y’umubano Umaze iminsi hagati ya Platin na Nel Ngabo

Nemeye platin umaze iminsi agaragarana na Nel ngabo hagaragaye icyihishe inyuma y’umubano wabo. Mu minsi ishize mu bice birimo ibya Kigali cyane mu impera z’icyumweru hagiye hagaragara amashusho n’amafoto y’aba bahanzi Bari kumwe ibyateye bamwe gutekereza ko Hari imishinga bafitanye cyane ko bahujwe n’umwuga umwe kimwe no kuba bakorera umuziki mu inzu imwe ariyo ya […]

Read More

Muhazi United yahagaritse ‘Migi’ washinjwe gusaba myugariro wa Musanze FC kwitsindisha

Umutoza wa Muhazi United wungirije Mugiraneza Mugiraneza Jean Baptiste uzwi cyane ku izina rya Migi iyi kipe yamaze kumuhagarika mu nshingano ze zo kuba umutoza w’ungirije muri iyi kipe byagateganyo kubera ibintu bimaze iminsi bimuvugwaho byo gushaka guha ruswa abakinnyi bamusanze ngo bitsindishe umukino bari bafitanye na Kiyovu sport,babaye bamuhagaritse byagateganyo ngo hakorwe iprereza ryimbitse […]

Read More

Messi yakuwe mu ikipe y’igihugu ya Argentina naho Neymar akurwa muya Brazil kubera imvune

Rutahizamu wa Inter Miami, kabuhariwe Lionel Messi, ntari mu bakinnyi ba Argentina bazakina imikino ibiri ikomeye yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 cyizabera United State na Mexico. Ibi bibaye nyuma yo kuvunika mu mukino wa Major League Soccer ikipe ye yatsinzemo Atlanta United muriyi wikendi. Messi yagize ikibazo cy’imvune ku gice cy’imibavu (adductor muscle) […]

Read More

Omborenga Fitina na Yunusu Watara Bari mu gahinda ko kubura Umubyeyi Wabo

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo, abakinnyi b’ikipe y’Igihugu Amavubi, Omborenga Fitina usanzwe ukinira Rayon Sport na Yunusu Watara Nshimiyimana, ukinira APR FC ,bababajwe no kubura umubyeyi wabo(papa)witabye Imana i Huye. Aba bakinnyi bombi bakiniraga Amavubi bagize ibyago bamenye iyi nkuru mbi ubwo bari bavuye myitozo y’ikipe y’igihugu amavubi. Uyu […]

Read More

Uwashinze Telegram, Pavel Durov, Yemerewe Gusohoka mu Bufaransa Nubwo Iperereza Riracyakomeje

Pavel Durov, washinze akanayobora urubuga rwa Telegram, ntakiri mu maboko y’ubutabera bwo mu Bufaransa. Amakuru yatangajwe na AFP yemeje ko umucamanza wari uyoboye iperereza rye yemeye guhindura ibihano yari yarahawe. Mu butumwa yashyize kuri Telegram ye ku wa Mbere, Durov yagize ati: “Nk’uko mushobora kuba mwabyumvise, nagarutse muri Dubai nyuma y’amezi menshi muri France kubera […]

Read More

Rusine Patrick Agiye Guhurira hamwe Nabanyarwenya bakomeye mu isabukuru y’imyaka itatu Gen-z Comedy imaze

Umunyarwenya Patrick Rusine Agiye kongera guhura n’abakunzi be muri Gen-z Comedy aho azahurira n’abandi banyarwenya bakomeye muri afurika. Uyu mugabo umaze kubaka izina mu mwuga wo Gusetsa, ibyo afatanya n’ubunyamakuru Agiye guhura n’abandi banyarwenya mu gitaramo cy’urwenya ngaruka mwaka cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka itatu ishize Gen-z Comedy itangiye gukora, kizaba kuwa 25 Werurwe 2025. Si […]

Read More

Inama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga ba SADC na EAC yiga ku Mutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize imiryango ya SADC (Afurika y’Amajyepfo) na EAC (Afurika y’Iburasirazuba) bateraniye i Harare muri Zimbabwe mu nama igamije gushakira umuti umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). U Rwanda ruruhagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, ari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye. Iyi […]

Read More

Urwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi, Abadipolomate babwo bahewe amasaha 48 yu kuba bavuye kubutaka bw’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse umubano wose wa dipolomasi n’u Bubiligi, itegeka abadipolomate b’iki gihugu kuva ku butaka bw’u Rwanda mu masaha 48. Iki cyemezo kigomba gushyirwa mu bikorwa ako kanya guhera kuri uyu wa Mbere. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yavuze ko iki cyemezo cyafashwe nyuma yo gusuzuma neza imyitwarire y’u Bubiligi, gikomeje […]

Read More

Mugiraneza Jean Baptiste “Migi” Aravugwaho Gushaka Gukoresha Ruswa mu Mukino wa Kiyovu Sports na Musanze FC

Mu majwi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, Mugiraneza Jean Baptiste, uzwi nka Migi, wakinye mu maklipe akomeye hano mu Rwanda ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi yumvikanye bivugwa ko ari we asaba myugariro wa Musanze FC, Shafiq Bakaki, kwitsindisha ku mukino bahuriyemo na Kiyovu Sports ku wa Gatandatu, tariki ya 15 Werurwe 2025. Muri ayo majwi yasakaye, Migi […]

Read More