Umushoramari ukomeye muri Tesla avuga ko yizeye ko uruhare rwa Musk muri guverinoma ruzaba urw’igihe gito.
Christopher Tsai, umuyobozi wa Tsai Capital, ni umushoramari ukomeye muri Tesla ya Elon Musk, akaba yarahoze ari inshuti y’akadasohoka y’umuhungu mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump Jr. Tsai yagaragaje ko yizeye ko uruhare rwa Elon Musk mu kugabanya ingengo y’imari ya leta muri manda ya kabiri ya Trump ruzaba urw’igihe […]