Umushoramari ukomeye muri Tesla avuga ko yizeye ko uruhare rwa Musk muri guverinoma ruzaba urw’igihe gito.

Christopher Tsai, umuyobozi wa Tsai Capital, ni umushoramari ukomeye muri Tesla ya Elon Musk, akaba yarahoze ari inshuti y’akadasohoka y’umuhungu mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump Jr. Tsai yagaragaje ko yizeye ko uruhare rwa Elon Musk mu kugabanya ingengo y’imari ya leta muri manda ya kabiri ya Trump ruzaba urw’igihe […]

Read More

Liverpool na Arsenal Ziri mu Rugamba Rukomeye rwo Gushaka Rutahizamu wa Newcastle, Alexander Isak

Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ryegereje, amakuru yizewe dukesha ikinyamakuru SportMail  cyiravuga ko Liverpool na Arsenal bari mu makipe akomeye ahanganiye gusinyisha rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak. Uyu mukinnyi w’umunya-Suède umaze kwigaragaza nk’umwe mu basatira izamu beza muri Premier League kuko ubu afite ibitego 19 yatanze imipira ivamo ibitego 5, kandi ubushobozi bwe bwatumye […]

Read More

Premier League:Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta, yibasiye Chealsea mbere y’uko bahura

Shampiyona y’abongereza(Primier League) irakomeza k’umunsi wayo wa 29,umwe mu mikino ukomeye nuzahuza Arsenal na Chealsea.Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko Chelsea yari imwe mu makipe yatekerezaga ko azaba mu bahatanira igikombe cya Premier League muri uyu mwaka, ariko ngo iyi kipe ntago ibyo yayibonagamo mbere aribyo yerekanye. Aya magambo yayatangaje mbere y’umukino uzahuza Arsenal […]

Read More

Brig Gen Stanislas Gashugi Yagizwe Umuyobozi wa SOF

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brigadier General, anamusigira inshingano zo kuyobora Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda uzwi nka Special Operations Force (SOF). Brig Gen Gashugi asimbuye Major General Ruki Karusisi wari umaze igihe ayobora uyu mutwe kuva mu Gushyingo 2019. Izi mpinduka […]

Read More

Perezida wa Gasogi United bwana Gakooza Nkuliza Charles(KNC) cyera kabaye noneho yatangaje ko yanyuzwe n’imisifurire

Ku munsi wejo hashize shampiyona y’u Rwanda yari yakomeje k’umunsi wayo 21, Gasogi United yari yakiriye APR FC mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Wari umukino ukomeye cyane kuko APR FC yasabwaga gutsinda kugira ngo ifate umwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona. Nyamara, byarangiye amakipe […]

Read More

Putin yashimiye Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano wa Amerika na Russia utere imbere.

Vladimir Putin yashimiye Donald Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano hagati ya Moscow na Washington utere imbere, nyuma y’uko Trump avuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagiranye “ibiganiro byiza kandi bifatika” na Putin mu minsi ishize. Putin yabwiye inama y’umutekano ko kongera kuzahura umubano na Amerika biri ku murongo w’ibiganiro. Yagize ati: […]

Read More

RPL: APR FC bikomeje kugorana yongeye kunganya na Gasogi United

Gasogi United yari yakiriye ikipe ya APR FC ku munsi wa 21 wa shampiyona y’U Rwanda(Rwanda Primier League),birangira APR FC  yabuze amahirwe yo gufata umwanya wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya ubusa ku busa (0-0) na Gasogi United mu mukino utarangiye neza ku buryo abafana babyishimira kuruhande kwa APR FC  bagaruka k’umutoza […]

Read More

Bruno Fernandes akomeje kugaragaza ubuhanga muri Manchester United ariko hari ibyo asabwa kunoza

Umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim, yashimangiye ko Bruno Fernandes ari umukinnyi ufite ubushobozi bwo kwishingikirizwaho mu bihe bikomeye. Gusa, yavuze ko yifuza ko uyu Kapiteni wa United yakwizera bagenzi be kurushaho. Fernandes yigaragaje cyane mu mukino United yatsinzemo Real Sociedad ibitego 4-1 muri Europa League, aho yatsinze ibitego bitatu (hat-trick).Mu minsi yashize uyu […]

Read More

Inama ya SADC yateranye bemeranya ko bagiye kuvana Ingabo muri DRC

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bafashe umwanzuro wo gukura ingabo zawo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Abasesenguzi babona uyu mwanzuro nk’intambwe iganisha ku gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu buryo burambye. Uyu mwanzuro urebana n’ingabo zo mu bihugu bya Malawi, Afurika y’Epfo na Tanzania, zari mu butumwa bw’amahoro muri […]

Read More

Zari na Hamisa Mobetto bagacishijeho na Diamond platnumz bahataniye igihembo kimwe

Umushabitsi Zari Hassan na Hamisa Mobetto bakanyujijeho mu myaka yashize n’umuhanzi Diamond platnumz bahataniye igihembo kimwe. Aba bagore bagacishijeho na Diamond platnumz bahataniye igihembo mu bitangwa na Africagoldenawards mu cyiciro cya kupule(Couple) nziza y’umwaka aho Bari muri Couple zirenga 15 zihatanye muri iki kiciro aho Zari Hassan agize couple ye n’umugabo we Shakib Cham ndetse […]

Read More