UEFA Champions League: Real Madrid yasanze Arsenal muri ¼ nyuma yo gusezerera Atheltico Madrid bigoranye

Kumugoroba washize  UEFA Champion League yakomezaga hakinwa imikino ya 1/8 kirangiza,Mu mukino wari ukomeye kandi wahanzwe amaso na benshi, Real Madrid yasezereye Atlético Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions kuri ya penaliti 4-2, nyuma yo kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi. Ibi byatumye Real Madrid ibona itike yo gukomeza muri ¼ cy’irangiza, aho izacakirana na […]

Read More

Inshamake kumateka ya perezida wa congo Felix Tshisekedi

Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavukiye i Kinshasa ku itariki ya 13 kamena 1963. Ni umuhungu wa Etienne Tshisekedi, washinze ishyaka UDPS(Union pour la Democratie et le progres Social) akaba yaranabaye Minisitiri w’Intebe inshuro eshatu mugihe cya Mobutu Sese Seko. Mu mwaka wi 1980, umuryango wa Tshisekedi wahungiye mu Bubiligi kubera ibikorwa bya politiki bya se […]

Read More

MINISANTE yagaragaje ko u rwanda rwiyemeje kugeza ubuvuzi kuri bose

Abitabiriye inama ku Buzima n’ubukungu muri Afurika, basabwe guhuza imbaraga mu mikoranire ndetse no guhanga udushya byafasha muguteza imbere urwego rwubuzima ku mugabane wa Afurika. Iyinama iba buri myaka 2 ikaba ikaba iteranye kunshuro ya 7, yitabiriwe n’abantu b’ingeri zinyuranye barimo abakora mu rwego rw’ubuzima, ubukungu, abashakashatsi ndetse n’abashyiraho Politiki zirebana n’ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage. […]

Read More

Angola yatangaje ko izaba umuhuza mu mishyikirano y’amahoro hagati ya leta ya congo n’inyeshyamba za M23

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo (RDC) yari yarakomeje kwanga kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ifata uwo mutwe nk’uw’iterabwoba. Icyakora, mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu burasirazuba bwa congo, igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya Leta ya congo n’umutwe wa M23. ku itariki ya 11 werurwe 2025, […]

Read More

Umubyeyi wa Beyonce yavuze ko umukobwa we yahagaritse gukina filime

Umubyeyi wa Beyonce yavuze ko umukobwa we(Beyonce) yaretse gukina filime yari asanzwe akora inyuma yo kuririmba. Tina knowless umubyeyi w’umuhanzikazi wo muri Amerika Beyonce yatangaje ko uyu mugore wari umenyerewe muri Cinema akina Filime ibyo afatanya n’umuziki yahagaritse ibyo gukina filime. Bimwe byo kumenya kuri Beyonce Ubusanzwe amazina ye yiswe n’ababyeyi Ni Beyonce Giselle knowless […]

Read More

Dr. Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora CAF kugeza mu 2029

Dr. Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ku nshuro ya kabiri, nyuma yo gutorwa nk’umukandida rukumbi. Iyi manda nshya izarangira mu 2029, bikaba bivuze ko azakomeza kuyobora umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika mu myaka itanu iri imbere. Uyu muhango wabereye mu Nteko Rusange idasanzwe ya CAF iri kubera i Cairo […]

Read More

Tanasha Donna nyuma yo guhabwa urwamenyo yiyemeje guhindura iminwa ye

Tanasha Donna yiyemeje kongera kubagisha iminwa ye igasubira uko yahoze, nyuma yo kuvugirizwa induru n’abantu ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore ufite izina rikomeye muri Tanzania haba mu bijyanye n’imideli, ubuhanzi n’ibindi yagaragaje ko Agiye gusubirana iminwa ye y’umwimerere nyuma y’uko abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga bamuhaye urwamenyo. Mu minsi ishize, uyu mugore uri mu bakunzwe […]

Read More

Kylian Mbappé ashobora kutaza gukina umukino wa 1/4 cya UEFA Champion League Real madrid irahuramo na Atlético Madrid

Muri Real Madrid habyutse havugwa inkuru mbi mbere yo guhura na Atlético Madrid, kuko rutahizamu wayo Kylian Mbappé ashobora kutaza kugaragara muri uno mukino kubera ikibazo cy’imvune. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye, uyu mukinnyi yagaragaye afite ububabare mu mavi, bituma atitabira imyitozo hamwe n’abandi bakinnyi ku munsi w’ejo. Real Madrid ifite icyizere ko uyu mukinnyi azaboneka […]

Read More