Bruce Melodie ahataniye igihembo n’abarimo Diamond platnumz na Burna boy

Umuhanzi Bruce Melodie Ahataniye igihembo mu cyiciro kimwe n’abahanzi barimo Diamond platnumz, Burna boy, Wizkid, Davido N’abandi bakomeye. Ni mu bihembo bya Africa Golden award, aho muri uyu mwaka mu byiciro byashyizweho abatandukanye bazahatanira harimo ikiciro cy’umuhanzi mwiza w’umwaka mu bagabo Ari naho Bruce Melodie ari ndetse n”abahanzi bo muri Nigeria na Tanzania bimwe mu […]

Read More

Manchester United yatangaje igiye kubaka sitade nshya ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 100,000

Ikipe ya Manchester United yatangaje umugambi ukomeye wo kubaka sitade nshya, izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 100,000. Iyi sitade izubakwa hafi y’ahahoze Old Trafford, aho iyi ikipe isanzwe yakiririra imikino yayo igiye itandukanye,byakunze kugarukwaho cyane n’abakunzi bayo basaba ko yavugururwa ariko byasaga nkaho abayobozi biyi ikipe bari bakiri kubyigaho. Uyu mushinga uteganyijwe gutwara agera […]

Read More

Apple yashyize ku Isoko MacBook Air M4

Apple yashyize ku Isoko MacBook Air M4 Ifite imikorere Yihuse, RAM Nini, n’Igiciro Gito Ku ya 5 Werurwe 2025, Apple yatangaje MacBook Air nshya ifite M4 chip, itanga imikorere yihuse kandi ikoresha ingufu nke. Iyi mudasobwa igendanwa ifite RAM ya 16GB nk’igipimo fatizo, ikaba ifite igiciro cya $999 kuri verisiyo ya 13-inch na $1,199 kuri […]

Read More

Manus, urubuga rwa AI, ruravugwa cyane kuva rwamurikwa

Manus, urubuga rwa AI “agentic” rwamuritwe mucyumweru gishize muburyo bwa preview, ruravugwa cyane kuva rwamurikwa. Umuyobozi w’ibicuruzwa muri Hugging Face yise Manus “igikoresho cya AI giteye amabengeza kurusha ibindi byose nigeze kugerageza.” Umunyamakuru w’umushakashatsi kumategeko ya AI, Dean Ball, yavuzeko Manus ari “mudasobwa yateye imbere cyane ikoresheje AI.” Itsinda ryo kuri Discord ry’uyu mushinga Manus […]

Read More

Impamvu Amadini n’Amatorero Akwiye Kujya Anyuza Icyacumi n’Amaturo kuri Banki

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwategetse ko imiryango ishingiye ku myemerere ko igomba kunyuza amafaranga yose yinjira kuri konti za banki cyangwa kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, hagamijwe kugenzura inkomoko yayo no kureba niba akoreshwa mu nyungu z’abaturage bayatanze. Mu madini n’amatorero, buri gihe habaho amaturo, icyacumi n’andi mafaranga atangwa n’abayoboke, bikaba ariyo mpamvu RGB yasabye ko ayo […]

Read More

Ibihano yahawe byarangiye: Umufaransa Poul Pogba ibihano bye byarangiye yagarutse mu ikibuga

Umufaransa Paul Pogba yongeye kwemererwa gukina umupira w’amaguru nyuma yo kurangiza igihano cy’amezi 18 yari yahawe kubera gukoresha imiti yongera imbaraga. Uyu mukinnyi w’imyaka 31, wahagaritswe muri Nzeri 2023, noneho afite amahirwe yo gukomeza urugendo rwe rwo gukina umupira w’amaguru. Pogba, wahoze akinira Juventus, ari gushakisha ikipe nshya nyuma y’igihe kinini atagaragara mu kibuga. Nubwo […]

Read More

“U Rwanda Ntirukeneye Amabuye ya Congo, Icyo Dushaka ni Amahoro “

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na Mario Nawfal kuri X, aho yasobanuye ko u Rwanda rudashishikajwe n’amabuye y’agaciro yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ahubwo ko icyo rwitayeho ari umutekano warwo n’uw’akarere. Yagaragaje ko ibihugu bikomeye nk’Ubushinwa, Amerika na Canada bifite inganda zikomeye zikoresha amabuye y’agaciro aturuka muri Congo, […]

Read More

Tuzawukina nka Final: Ikipe y’igihugu ya Nigeria yatangaje ko umukino ifitanye n’Amavubi bazawukina nka Final

Binyuze kuri Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria, Ahmed Musa, yatangaje ko umukino Super Eagles izahuramo n’Amavubi mugushaka iteke y’igikombe cy’Isi uzaba ingenzi cyane, kuko ari wo uzabafasha gusubira ku murongo wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino uteganyijwe kuri tariki ya 21 Werurwe 2025 kuri Stade Amahoro. Ahmed Musa, wagarutse mu Ikipe y’Igihugu […]

Read More