Umunyarwandakazi waje ku mwanya wa hafi ni Ntakirutimana Martha waje ku mwanya wa 27 akaba arushwa n’uwa mbere iminota 5:31.23

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nzeri 2025 shampiyona y’Isi y’Amagare ikomeje kubera hano mu Rwanda yakomeza k’umunsi wayo wa kabiri aho kuri uyu munsi hari gukinywa gusiganywa buri muntu kugiti cye ibibzwi nka ITT, mu cy’iciro cy’abakobwa n’abahungu ari batarengeje imyaka U20.

Abakinnyi 50 bakomoka mu bihugu 36 ni bo bitabiriye umunsi wa kabiri wo gusiganwa n’ibihe, Individual Time Trial, ITT, mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 23.

Aba bakinnyi bombi bazongera gukina ku wa Kane, mu isiganwa ryo mu muhanda (Road Race). Abakinnyi 47 ni bo bari batangiye iri siganwa ry’abakobwa, babiri ntibasoza. Ni mu gihe abandi batatu batakinnye kuko bose hamwe bagombaga kuba 50.

Umudage Antonia Niedermaier ni we wegukanye umudali wa zahabu muri iki cyiciro ubwo Shampiyona y’Isi yaberaga mu Mujyi wa Zürich mu Busuwisi mu 2024

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends