Amakuru mashya ku isomwa ry’urubanza rwa Nelly,Babingwa josue na ishimwe Patrick bakurikiranyweho icyaha cyo gusakaza Amashusho y’urukozasoni.
Umwe muri aba Bombi, ishimwe Patrick urubanza rwarangiye hanzuwe ko kubera impamvu zikomeye zituma akekwaho Ibyaha bitoroshye, rutegetse ko we na babingwa josue bakomeza gufungwa by’agateganyo.
Ku rundi ruhande Nelly we, urukiko rwanzuye ko afungurwa by’agateganyo ariko akajya yitaba rimwe mu cyumweru kuwa mbere.
Nelly akurikiranweho Ibyaha byo gufata Amashusho y’urukozasoni akayakwirakwiza mugihe Patrick na josue babingwa bo bakurikiranyweho gusakaza ayo mashusho.
Aba Bombi batawe muri yombi kuwa 17 mutarama 2025 nyuma y’uko Hagiye hanze Amashusho agaragaza ukora imibonano, kwizera Emelyne bitiriye Ishanga kimwe n’abandi bagenzi be bari bafatanywe n’aba bo bajyanywe mu kigo ngororamuco.

nelly yarekuwe azajya yitaba buri wa mbere mu cyumweru
