APR FC yamaze gushyira hanze ibiciro by’amatike bazinjiriraho k’umukino w’ijonjora rya mbere rya CAF Champion League bazakinamo na Pyramid

APR FC yatangiye kugurisha amatike yo ku mukino uzayihuza na Pyramids FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League.

Ikipe ya APR FC izahagararira u Rwanda mu mikino ny’Africa ya CAF Champion League yamaze gushira hanze ibiciro kubantu bashaka kugura amatike yo kuzareba umukino w’ijonjora rya mbere rya CAF Champion League bazaba bakinamo n’ikipe ya Pyramid yo mu Misiri Tariki ya 1 Werurwe 2025.

N’umukino uzabera kuri Kigali Pele Stadium mujyihe umukino wo Kwishyura uzabera mu Misiri ku itariki ya 8 werurwe, n’umukino uzaba ukomeye cyane ko aya makipe yo mbi iyi n’inshuro ya gatatu yikurikiranya bagiye kuba abahura muri iyi mikino yo gushaka kwereza mu matsinda ya CAF Champion League, murabyibuka ko 2023 barahuye mazePyramid ikuramo APR FC kucyinyuranyo cy’ibitego 6-1, ndetse n’umwaka ushize barahuye Pyramid ikuramo APR FC kucyinyuranyo cy’ibitego 4-2.

Umuntu wese ushaka kugura itike iiciro byamaze kujya hanze aho:

Imyanya y’icyubahiro (VVIP) ni ibihumbi 30 Frw.

Imyanya y’iruhande rw’iy’icyubahiro (VIP) ni ibihumbi 20 Frw.

Mu myanya y’ahandi hasakaye (Regular) ni ibihumbi 10 Frw.

Imyanya y’ahasigaye hose (General) ni ibihumbi 5 Frw

APR FC izakira Pyramid mu ijonjora rya mbere rya CAF Champion League tariki ya 1/10/2025

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends