umunye-Ghana richmond lamptey warushigaje umwk umwe w’imikino muri APR FC kaba yamaze gutanduka n’iyikipe y’ingabo z’igihugu nyuma y’uko ibyo bari bamwitezeho atabashije kubibaha.
richmond lamptey yageze mu ikipe ya APR FC muri 2023 avuye iwabo muri Ghana aho yari yaritwaye neza bivugwa ko ari nawe mukinnyi waguzwe amafaranga menshi kurusha abandi mu ikipe ya APR FC kuko yatanzweho agera kubihumbi $150, uyu musore rero aza mu ikipe ya APR FC yari yitezweho byinshi cyane ariko ntago yigeze atanga ibyo bari bamwitezeho kuko usibye no kubitanga ntago yigeze abona umwanya uhagije wo gukina kuko imikino myinshi yayimaze yicaye kuntebe y’abasimbura.
uyu musore rero akaba yamaze gutanduka na APR FC n’ubwo yarasigaje umwaka umwe w’amasezerano, akaba yerekeje mu ikipe ya Ittihad Misurata muri Libya, aho bivugwa ko iyi kipe yahaye ibihumbi $50.

Yerekeje mu ikipe ya Ittihad Misurata muri Libya richmond lamptey

Biravugwa ko yatanzweho agera kubihumbi $50 byahawe ikipe ya APR FC
