Bruce Melody avuze ukuri kuri Yampano mu gitaramo cya The Ben.

Umuhanzi umaze kumenyekama mu gihe gito bitewe nuko ya ririmbye mu gitaramo cya The Ben ari cyo yise “Groove the new year” nibwo umuhanzi Yampano yajyerwagaho kujya kuririmba, nibwo yasanze indirimbo ze bazizi cyane, abantu beshi bamuvugaho ndetse n’abanyamakuru batandukanye. Yampano ubwo yamaze kuva kurubyiniro, muricyo cyumweru niho yahise ajya kuri TvRwanda mukiganiro yagiranye na […]

Read More

Bruce Melody avuze ko yabanje gusuzugura Coach Gael mbere yo gusinyana amasezerano yo gukorana.

Umuhanzi Bruce Melody Bruce Melody ari mu gihe cye kiza, kubera ko ari gusohora album yise “colorful” nibwo muri kino gihe cyiwe yazegurukaga kubitangaza makuru bigiye bitandukanye, ari kuKinyamakuru bita B&B kigali, umunyamakuru yamubajije urugendo rwe na coach Gael nuko bahuye. Nkuko bisanzwe Bruce Melody akunda urwenya ako kanya yahise atangaza ko yari yanze kubyemera […]

Read More

Juno Kizigenza yongeye kuvuga ko asubiranye na Ariel wayz mu rukundo, byamushimisha.

Umuhanzi Juno Kizigenza uzwi cyane mu gihugu cy’u Rwanda, Mu kiganiro aheruka kugira na radio B&B Kigali, ubwo yabazwaga ibibazo bigiye bitandukanye bageze ku kibazo kijyanye n’umubano we na Wayz nawe uzwi cyane nk’umuhanzikazi mu Gihugu. Doreko Juno yagacishijeho na Wayz mu rukundo bakana korana indirimbo yakunzwe cyane. Juno yabashubije agira ati ” ni mwiza […]

Read More

Porofete atutse uzwi nka GodFather kumbuga nkoranyambaga, bazira amafaranga

Ejo hashije taliki ya 19/1/2025 niho uzwi cyane nka Godfather kumbugankoranyambaga, harimo cyane cyane nk’urubuga rwa instgram, nibwo yatangaje cyane avuga ko Porofete uzwiho cyane gutanga amafaranga ari umutekamitwe aho yakoreshaga ijambo “SCAM”, Bisobanuye ko ari umubeshyi. Yakomeje avuga ko kuriya atanga amafaranga aba ari ukwihara kandi ko ayavana ikuzimu. Porofete byatumye arakara cyane amena […]

Read More

Amagepfo: Kubaka hoteli byaheze mu mpapuro

Goverineri w’Intara y’amagepfo Kayitesi Alice umushinga wo kubaka hoteli umaze imyaka igera muri 20 ukibazwaho mu mpapuro. Uyu mushinga wo kubaka Hotel y’Inyenyeri 5 amaze iyi myaka yose ucyibazwaho, wahoze mu mpapuro ndetse kampani ibishinzwe na Guverineri ngo nta mushoramari uraboneka.Uyu mushinga ni igitekerezo abikorera bahoze muri perefegitura ya Gitarama, na bafatanyije ninzego za leta […]

Read More

MAMADOU SY rutahizamu wa APR FC yasezeye ajya mu ikipe nshya.

uzwi cyane nka rutahizamu wa APR FC, Mamadou sy ari munzira yerekeza mu ikipe nshya ya GFK TIKVESH ikina mu kiciro cya mbere muri Macedonia.ikinyamakuru cyitwa Exclusive Sports cyatangaje ibiganiro hagati y’amakipeyombi babyumvikanyeho, azagenda muruku kwa mbere.Mamadoun Sy usanzwe uzwi cyane nka rutahizamu wa APR FC,yakiniye ikipe y’igihugu Mourtania yageze muri APR fc mu mpeshyi […]

Read More

Shaddyboo ahakanye ko atigeze ajya mu rukundo na producer Yeweeh, karakazi

Shaddyboo uzwi cyane kumbuga nkoranyambaga, Hari hashize igihe kingana nu kwezi atangaza ko akundana nu mu producer mushya mu matwi y’Abanyarwanda witwa Yeweeh. kuruyu wa gatantu taliki 11/1/2025 niho shaddyboo yatangaje akoresheje imbuga ze ko ntarukundo yagiriye producer Yeweeh ko kari akaz. Shaddyboo yagize ati ” Ngewe ndi umubyeyi ushaka kurera abana be, rero biriya […]

Read More

Clement avuze kumubano we na knowless.

Nkuko bisazwe bizwi ko Ishimwe Clement afite umuryango ukomeye cyane doreko ari intangarugero muri muziki nyarwanda, aho yashakanye na knowless Butera bakabatega iminsi none bamaranye imyaka 8 ntakibazo bafitanye. Mukiganiro bagiranye na B&B, Aho babajijwe ibibazo bigiye bitandukanye, niho bageze ku kibazo kigira giti nirihe banga bakoresheje kugirango mu rwubake rukomere, doreko mubindi bihugu abanyamuziki […]

Read More

Rwanda: RIB yatangaje ko ibyaha byagabanutse, mu mwaka urangiye wa 2024.

Urwego rw’igihugu rw’Ubushinjacyaha Rib yatangaje ko ibyaha bisanzwe bizwi nko kwiba byari byugarije igihugu, Rib ivugako mu mwaka wa 2024 byagabanutse cyane, kuko biza ku mwanya wa mbere mu byaha icumi bya mbere byakorewe amadosiye yashyikirije ubushinjacyaha. Rib igaragaza ko uno mwaka bakoze ibishoboka byose kugirango bakumire ibyaha, yagaraje cyane ko ibyaha byari bikabije cyane […]

Read More