The weekend yaciye agahigo kataracibwa n’undi muhanzi kuri Spotify

Umuhanzi mpuzamahanga the weekend wo muri leta zunze ubumwe za amerika yaciye agahigo kuri Spotify katari karigeze kucibwa n’undi muhanzi mu mateka y’umuziki ku isi. Ni igikorwa yagezeho mu muziki cyamugize ikirangirire muri uru ruganda rwa muzika imaze imyaka myinshi ibayeho dore ko ibyo yagezeho byananiye n’abamubanjirije mu muziki. Ni agahigo ko kugira Indirimbo nyinshi […]

Read More

Tylor swift yongeye kuyobora abahanzi bumviswe kuri Spotify

Umuhanzikazi w’umunya Amerika Tylor swift usigaye ari mu bari gutwara imitima y’abakunzi b’umuziki ku isi byumwihariko mu injyana ya rock yamugize Icyamamare yongeye kuyobora urutonde rw’abahanzikazi bakiniwe indirimbo cyane ku rubuga rwa Spotify. Ni urutonde rwakozwe ku mibare y’ababumvise kuwa 13 Nyakanga 2025 kuri uru rubuga abanyamuziki bacururizaho ibihangano byabo aho yahagarutse Ari uwa mbere […]

Read More

Alubumu ya Justin Bieber yaciye agahigo kuri Spotify

Kuwa 11 Nyakanga 2025 niho umuhanzi Justin Bieber yashyize ahagaragara Indirimbo ziri kuri Alubumu ye Nshya yitwa Swag ku imbuga nkoranyambaga ze acishaho ibihangano bye. Iyi Alubumu ye igizwe n’indirimbo zirenga 20 ikaba iri gukundwa cyane ku isi yose ibiri kwerekana urwego n’ubuhanga bw’uyu muhanzi Umaze kuba ikirangirire mu injyana ya Pop. Iyi Alubumu ya […]

Read More

Itsinda rw’abahanzi rya The Beatles ryihariye agahigo kuri Billboard

Abahanzi bibumbiye hamwe mu itsinda rya The Beatles bashyizwe ku mwanya wa Mbere ku rutonde rw’abanyamuziki bamaze kugira umubare munini w’abageze ku mwanya wa Mbere kuri Billboard. Ni Umwanya uru rubuga rwa Billboard rushyiraho abahanzi baba bakoze cyangwa bagaragarije ibikorwa by’indashyikirwa mu bijyanye n’umuziki cyane ku bihangano byabo uburyo baba bari kumvirwa ibihangano no gukinwa. […]

Read More

Mboso yahigitse Marioo wari umaze igihe ayoboye umuziki wa Tanzania

Umuhanzi w’umunya Tanzania Mbosso yakuye Mugenzi we Marioo ku mwanya yari amazeho igihe kinini ku bari kwitwara neza ku mbuga nkoranyambaga zicururizwaho umuziki muri Tanzania. Ni ku rutonde rushya rugaragazwa n’izi mbuga zikoreshwa na benshi mu bakora umuziki arizo Boomplay na Audiomack zashyize ahagaragara Mbosso yaje Ari imbere y’abandi bahanzi mu kumvirwa ibihangano kurusha abandi […]

Read More

Taylor Swift ari kwerekwa urukundo kuri Spotify

Umuhanzi umaze gufata umuziki ku isi cyane muri Amerika aho asanzwe akorera umuziki yashyizwe ku mwanya wa Mbere w’abahanzi bakunzwe kuri uru rubuga rwa Spotify mbere y’uko icyumweru kirangira ni ukuvuga mbere ya Tariki 11 ya Nyakanga 2025. Ni mu byiciro bitandukanye uyu muhanzi yashyizwemo akaza imbere ku rutonde rwabo aho umuhanzikazi Taylor Swift yayoboye […]

Read More

Abahanzi barimo Zeo trap,Afrique na Olimah bari mu bagufasha kuryoherwa n’impera z’icyumweru

Mu gihe icyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa karindwi kurangira Niko abakunzi b’umuziki n’imyidagaduro muri rusange bari kuryoherwa n’ibihe babikuye mu bihangano biri gushyirwa hanze n’abo bakunda. Muri iki cyumweru cyatangiye kuwa 07 Nyakanga 2025 abahanzi b’abanyarwanda barimo abaraperi n’abakora izindi njyana bashyize Hanze imiziki iri kunyura abakunzi babo biri mu bikomeza kuryoshya impera z’iki cyumweru. […]

Read More

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu birimo udushya muri afurika

Igihugu cy’u Rwanda cyashyizwe ku rutonde rw’igihugu 12 bya mbere birimo udushya muri uyu mwaka wa 2025 birushyira mu bihugu bibiri byonyine bigaragara kuri uru rutonde byo muri afurika y’iburasirazuba. Icyo gihugu kindi ni Kenya kiri ku mwanya wa cyenda kuri uru rutonde kikaba nacyo cya mbere muri ibi biherereye muri afurika y’iburasirazuba ku rutonde […]

Read More

Abakoresha Lisansi muri Libya bari mu munyenga kubera ibiciro byahananuwe

Mu gihugu cya Libya abagura n’abatunze Ibikoresho bikenera Lisansi bari kubyinira ku rukoma kubera ihananurwa ry’ibiciro byayo dore ko iki gihugu byagishyize ku mwanya wa Mbere w’ibihugu bifite igiciro giro cya Lisansi ku isoko. Mugihe mu bihugu nka Centra Africa litiro umwe ya Lisansi igura hejuru y’idorali n’ibice 70 muri iki gihugu cya Libya ho […]

Read More