Menya ibihugu by’uburayi bifite ijambo mu ibihugu byinshi muri afurika

Ibihugu birimo ubwongereza n’ubufaransa nibyo bihugu byihariye umubare mwinshi w’ibihugu byabereye aba koloni muri afurika aho byihariye kimwe cya kabiri cy’ibigize uyu mugabane. Ubusanzwe afurika igizwe n’ibihugu 55 aho kimwe cya kabiri cyabyo bifitwemo ijambo rikomeye n’ibi byo mu burayi byiyubatse ku rwego rwiza mu bijyanye n’umutekano ndetse n’ubuhanga mu bijyanye na tekinoloji. Ngibi ibihugu […]

Read More

Menya ibihugu biteye ubwoba kubibamo muri afurika

Ibihugu nka afurika y’epfo na Angola biri imbere mu bihugu biteye ubwoba kubibamo ku rutonde rushya rwa 2025. Kuri uru rutonde ibihugu biriho byiganjemo ibifite ubuso bunini bishyiraho ibice binini by’amashyamba akuririza inyamaswa ziri mu zishyira ibi bihugu mu biteye ubwoba abantu kubituramo kubera inkazi z’inyamaswa zibamo haba mu mashyamba,Inzuzi z’amazi n’ibindi bice bitandukanye. Nigeria […]

Read More

Ukwezi gushize kwa Kamena kwagaragaje ubuhanga bwisumbuye ku bahanzi nyarwanda

Abahanzi nyarwanda batandukanye bagiye bashyira hanze Indirimbo Nshya ku kwezi kwa Gatandatu gushize kwa 2025 bagiye bagaragaza ubwisumbure ku inganzo aho abenshi muri bo bari banyotewe n’abakunzi babo kubera igihe cyari gishize batigaragaza mu ndirimbo Nshya. Uyu munsi tugiye kugaragaza abahanzi nyarwanda bakoze mu inganzo muri kamena bagashyira hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya nuko zagiye […]

Read More

Umunyabigwi mu muziki Angelique Kidjo na Davido nibo bahanzi bo muri afurika bamaze gutaramira mu bihugu byinshi

Umunya Benin Uba mu bufaransa Angelique Kidjo na Davido wo muri Nigeria bamaze kuba abahanzi bo muri afurika bagejeje ku mubare munini wo gutaramira mu bihugu byinshi ku isi yose kuva batangira umuziki kugeza mu mwaka wa 2025. Uyu munya Benin utajya yiburira uduhigo dukomeye mu muziki haba mu gukurikirwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga […]

Read More

Afurika y’epfo na byashyize ubucuruzi bw’imbere mu gihugu ku rwego rwo hejuru

Ibihugu nka Nigeria, Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Afurika y’epfo biri ku isonga mu bihugu bihagaze neza mu bucuruzi bwo imbere mu gihugu abo ku rutonde rwashyizwe ahagaragara hagaragaramo bibiri byonyine biri muri afurika y’iburasirazuba aribyo Uganda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Ibi bihugu biri kuri uru rutonde iyo harebwe neza bigaragara ko […]

Read More

Davido amaze gutaramira mu bihugu bisumba iby’umugabane wose wa afurika

Umuhanzi Davido wo muri Nigeria ari gushyirwa mu bahanzi bakomeye muri afurika birenze uko yari asanzwe afatwa nyuma yo kugaragazwa nk’umuhanzi umaze gukorera ibitaramo mu bihugu byinshi ku isi. Ubusanzwe afurika umwe mu migabane minini uriho ibihugu birenga 50 ariko bitarenze 60 mugihe isi yose irimo ibihugu 195 nyamara uyu muhanzi we akaba amaze kugera […]

Read More

Muri Somalia imiryango yugarijwe n’ikibazo cy’imirire mibi

Igihugu cya Somalia cyagarutse ku mwanya wa Mbere w’ibihugu bituwe n’abaturage biganjemo abato bafite ikibazo cy’imirire mibi ku rutonde rwashyizwe hanze rw’umwaka wa 2025. Iki gihugu kimaze kugarizwa n’izamuka ry’ubukungu binyuze ku kuzamuka kw’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli na mazutu n’ibindi bibazo bituruka ku mutekano muke utuma abaturage benshi batabona uko bita ku mirimo rusange ibabeshaho. […]

Read More