Michael Jackson yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi b’ibihe byose kuri Billboard

Michael Jackson wabaye icyamamare ku isi kubera ubuhanga yagaragaje mu muziki cyane mu injyana ya R&B yagaragajwe nk’umwe mu bahanzi babayeho mu mateka y’umuziki ku isi bafite ibigwi mu injyana ya R&B. Ni ku urutonde rwakozwe n’abagize ubuyobozi bwa Billboard ku isi aho bashyize Hanze Urutonde rwa bamwe mu bahanzi icumi ba mbere b’ibihangage mu […]

Read More

Uruganda rwa Apple nirwo rufite icyicaro gihenze ku isi

Apple ni uruganda rukora Ibikoresho by’ikoranabuhanga nka telefone,amasaha n’ibindi ruzwiho kugira ibikomeye birushyira mu izitunganya zikanageza ku isoko ibifite agaciro ko hejuru. Uru ruganda kuri ubu rumaze Kubaka izina ku isi mu inganda zihenze aho ruhagarariye ibindi bigo mu kugira ibyicaro bihenze ku isi. Kuva ku mwanya wa Mbere kugeza kuwa Gatanu ni ibi byicaro […]

Read More

Muri Senegal Lisansi iri gukosha

Mu gihugu cya Senegal ibikomoka kuri peteroli na mazutu biri ku giciro gihanitse kuburyo abahatuye batoroherwa bo gukoresha Ibikoresho bisaba mazutu, peteroli na Lisansi. Ku rutonde rw’igihugu byo muri afurika bifite ibiciro bihanitse kuri Lisansi iki gihugu cya Senegal kiri mu bya mbere kuko kiza inyuma Gato ya Repubulika ya Central African iri ku mwanya […]

Read More

Nessa na Beatkiller bamaze kuba abahanzi bashyize hanze Indirimbo nyinshi kuva umwaka wa 2025 watangira

Mu gihe umwaka wa 2025 ugeze hagati,kuko ugeze mu mezi atandatu muri Cumi n’abiri agize umwaka nk’ibisanzwe abahanzi babiri bakorana aribo Nessa na Beatkiller bamaze kugera ku agahigo ko gukora no Gushyira Hanze ibihangano byinshi kurusha abandi bahanzi mu Rwanda. Aba bahanzi bageze kuri ibi nyuma yo Gushyira Hanze Indirimbo zirenga mirongo itanu mu gihe […]

Read More

Muri Nigeria niho hari abakoresha murandasi cyane ku mugabane wa afurika muri 2025

Murandasi cyangwa interineti nicyo gikoresho cya mbere kiza ku isonga mu bihuza imbaga y’abantu benshi ku isi yose aho iyi murandasi ikoreshwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ziganirirwaho n’izikoreshwa n’abashabitsi. Kuri ubu mu mwaka wa 2025 abantu benshi bahanze amaso ahazaza binyuze mu iyoroshywa ry’imirimo rituruka kuri murandasi aho abantu basigaye bakura ibicuruzwa cg bagafata amasomo […]

Read More

Angola nicyo gihugu cyo muri afurika gifite ideni ryinshi ry’ubushinwa

Igihugu cya Angola kigaragazwa nk’igihugu cya mbere muri afurika gifitiye umwenda mwinshi igihugu cy’ubushinwa kimaze kuba ikiri mu bihugu bitanga imfashanyo n’inguzanyo ku bihugu byinshi ku isi byiganjemo ibya afurika. Iki gihugu cya Angola kiri kuri uyu mwanya wa Mbere ku inguzanyo cyangwa se ideni rigera kuri Miliyari zirenga 45 z’amadorali ya Amerika cyahawe n’ubushinwa […]

Read More

Kendrick Lamar yageze mu gace Drake avukamo arinzwe bidasanzwe

Umuraperi w’ikirangirire mu njyana ya Rap ku mazina ya Kendrick Lamar yageze mu gace Drake aturukamo arinzwe bikomeye n’inzego zinyuranye z’ukutekano muri Canada. Ni ubwo uyu muhanzi Umaze kuba ikimenyabose mu muziki wo muri amerika kubera gutwara ibihembo byinshi mu bikomeye bitangwa muri Amerika mu bihabwa abahanzi b’indashyikirwa mu byiciro bitandukanye yavaga mu gihugu cya […]

Read More

Afurika y’epfo nicyo gihugu gifite inganda zagutse nini muri afurika

Igihugu cya afurika y’epfo nicyo kogaragazwa Imbere mu bihugu bifite inganda Nini zagutse muri afurika muri 2025. Ibi bivuze ko ibihugu biri kuri uri rutonde aribyo biteye imbere mu bijyanye n’inganda no gutunganya Ibikoresho, ibikenerwa bitandukanye rubanda bakenera bitunganyirizwa mu nganda, bigatanga igisubizo cy’ibihugu bisohora ibintu byinshi. Afurika y’epfo niyo ya mbere ifite Ibigo bikomeye […]

Read More