Kendrick Lamar yageze mu gace Drake avukamo arinzwe bidasanzwe

Umuraperi w’ikirangirire mu njyana ya Rap ku mazina ya Kendrick Lamar yageze mu gace Drake aturukamo arinzwe bikomeye n’inzego zinyuranye z’ukutekano muri Canada. Ni ubwo uyu muhanzi Umaze kuba ikimenyabose mu muziki wo muri amerika kubera gutwara ibihembo byinshi mu bikomeye bitangwa muri Amerika mu bihabwa abahanzi b’indashyikirwa mu byiciro bitandukanye yavaga mu gihugu cya […]

Read More

Afurika y’epfo nicyo gihugu gifite inganda zagutse nini muri afurika

Igihugu cya afurika y’epfo nicyo kogaragazwa Imbere mu bihugu bifite inganda Nini zagutse muri afurika muri 2025. Ibi bivuze ko ibihugu biri kuri uri rutonde aribyo biteye imbere mu bijyanye n’inganda no gutunganya Ibikoresho, ibikenerwa bitandukanye rubanda bakenera bitunganyirizwa mu nganda, bigatanga igisubizo cy’ibihugu bisohora ibintu byinshi. Afurika y’epfo niyo ya mbere ifite Ibigo bikomeye […]

Read More

Menya amafaranga ahenda ku ivunjishaakoreshwa mu bihugu bya afurika

Uko Ubukungu bw’ibihugu buzamuka ni nako amafaranga akoreshwa mo azamura agaciro ku isoko ry’ivunjisha. Ngibi ibihugu bifite amafaranga Afite agaciro ko hejuru mu bihugu byo muri afurika n’amazina yahawe. Amafaranga ya mbere ni ayo muri Tunisia yitwa ama Dinar akaba akurikirwa n’amafaranga akoreshwa mu gihugu cya Ghana bita ama Cedi Aya akaba abarwa mu buryo […]

Read More

Indirimbo ya Runup iyoboye Urutonde rw’indirimbo zikunzwe kuri Audiomack

Umuhanzi Runup uri gushaka aho amenera mu muziki w’u Rwanda akomeje kwereka abantu ko umuziki yawujemo akomeje nyuma yo gukora ibitamenyerewe kuri YouTube akaba yongeye kugaruka ku rutonde rw’abahanzi bahagaze neza kuri Audiomack. Ibi byose Ari kubigeraho kubera Indirimbo ye amaze iminsi ashyize ahagaragara yise Tsunami ikaba iri kuzamura imibare y’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze […]

Read More

Menya ibihugu byatangiranye n’umuryango wa NATO

Ibihugu nk’ububiligi,Leta zunze ubumwe za Amerika nibyo bihugu bikuru mu bigize umuryango wa NATO washizweho ku ntego yo gufashanya mu ibyumutekano. Uyu muryango wa NATO kugeza ubu urimo abanyamuryango barenga 30 bimwe byagiye byinjizwamo nyuma y’ibindi kuko ibya mbere byagiyemo ukimara gushyirwaho muwa 1949 bikorewe I Washington DC ho muri Amerika. Uko ibihugu bigenda byinjizwamo […]

Read More

Urutonde rw’abanyarwenga bo mu Rwanda bakurikirwa cyane kuri YouTube

Urwenya ni kimwe mu bikorwa bibarizwa mu myidagaduro biri gutera imbere bikanateza imbere abibikora haba mu Rwanda ndetse no mu bindi bihugu by’amahanga. Mu kugereranwa kwabo hashingirwa k’ubuhanga n’ubushobozi aho byose bitangwa n’ingano y’abareba ibihangano byabo kimwe n’imibare y’ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga zabo byumwihariko izo byashyiraho ibikorwa byabo mu buryo bw’amashusho nka YouTube ku Bakora […]

Read More

Menya ibihugu bishya mu muryango wa NATO

NATO ni umuryango umaze kubaka ubudahangarwa mu isi cyane kubera intego yayo nk’ibihugu bibarizwa muri uyu muryango aho bihuriye ku gufashanya mu bijyanye n’umutekano na Politiki. Bwa mbere NATO yatangijwe inashyirwaho n’ibihugu birimo Leta zunze ubumwe za Amerika,Ubwongereza,Ubufaransa Canada n’ibindi byinshi bimaze kuba bikuru mu mutekano ukaba waratangijwe kuwa 04 Mata 1949. Uyu muryango urimo […]

Read More

Urukundo ruraryoshye hagati ya Diamond platnumz na Zuchu

Nyuma yo kwemeza ubukwe bwabo umuhanzi Diamond platnumz na Zuchu baryohewe n’ibihe barimo byuzuye umunezero usendereye nk’uko badahwema kubigaragariza abantu ku mbuga nkoranyambaga. Ni mu mashusho yagaragaye aba bombi bishimanye ubwo uyu mugore wa Diamond platnumz uzwi mu buhanzi nka Zuchu yasezeraga umugabo we Diamond platnumz ku kibuga cy’indege aho yari Agiye ku rugendo rugamije […]

Read More

Runup na Olimah umuziki watangiye kubahira

Abahanzi b’abanyarwanda Olimah na Runup bari mu bahanzi bari kwihuta mu muziki mi gihe gito bamaze bawujemo ibidasanzwe ku banyamuziki mu Rwanda. Ukuzamuka k’urwego rw’aba bahanzi kugaragaye nyuma y’uko nyuma yo kwinjira mu muziki bageze ku inzozi z’abahanzi benshi mu Rwanda zitorohera buri umwe kubera icyo bisaba n’imbaraga bisaba ngo zigerweho. Mu ibyo aba bahanzi […]

Read More

Black pink ayoboye abahanzikazi bakurikirwa cyane ku isi kuri YouTube

Umuhanzikazi Black Pink ahagarariye abahanzikazi Bose ku isi mu njyana zitandukanye bakurikirwa n’abantu benshi kuri Shene zabo za YouTube. Ni Urutonde rutagaragaraho abaraperikazi nka Nick Minaj na Card B bazwi cyane mu muziki ku isi kubera ibigwi muri iyi njyana. Ni uku aba bahanzikazi bakurikirana hakurikijwe ubwinshi bw’ababakurikira Black Pink Niwe uza imbere kuri uri […]

Read More