Abantu babana nayo batabizi: Umubu niyo nyamaswa mbi ku isi

Ubushakashatsi bugaragaza ko umubu ariyo nyamaswa y’inkazi cyangwa Mbi yo kwitondera nubwo usanga bamwe babona utu tunyamaswa nk’ubwoko busanzwe butagize icyo butwaye. Nkuko byagiye bihurizwaho na bimwe mu bigo by’ubushakashatsi byibuze Imibu itwara ubuzima bw’abantu bari hagati y’ibihumbi 700 na Miliyoni imwe ku mwaka ku isi yose. Ni ibintu byakabaye bituma abantu batekereza cyane uko […]

Read More

Jose Chameleon yasubiye muri Uganda: Urugendo rwe kuva yahagera

Umunya Uganda Umaze Kubaka ibigwi mu muziki wa afurika Jose Chameleon Umaze iminsi atanga Ibyishimo mu banyarwanda yasubiye mu gihugu cye cya Uganda. Mu gitondo cyo kuwa 23 Gicurasi 2025 nibwo umuhanzi mpuzamahanga w’umunya Uganda Jose Chameleon yageze ku butaka bw’u Rwanda aho yari aje mu bikorwa by’imyidagaduro aho yari Afite gahunda yo gutaramana n’abakunzi […]

Read More

Abanyeshuri barenga ibihumbi 4600 bahawe impamyabushobozi mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro

Kuri uyu wa kane tariki 29 Gicurasi abanyeshuri bagera ku 4562 basoje amasomo yabo mu byiciro bitandukanye bahawe impamyabumyenyi. Ni igikorwa cyabereye muri Bk Arena kuri uyu wa 29 Gicurasi kuva mu masaha y’ahagana ku gicamunsi aho abahawe izi mpamyabumenyi bari babukereye bakikijwe n’abo mu miryango yabo barimo abavandimwe n’ababyeyi. Muri uyu muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro […]

Read More

Ikoranabuhanga: waruziko bibiri bya Gatatu byabatuye ubushinwa bakoresha imbuga nkoranyambaga

Mu gihe urubuga rwa Facebook rugenzurwa na Meta y’umushoramari Mark Zuckerberg arirwo rubuga rukoreshwa n’abantu benshi ku isi,Igihugu cy’ubushinwa nicyo gifite abaturage benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga muri rusange. Ubundi mu imbuga nkoranyambaga zikoreshwa cyane ku isi habanza urwa Facebook rugakurikirwa na Whatsapp kimwe na Instagram zose zigenzurwa n’ikigo cya Meta cyamaze kwigarurira abantu benshi nubwo […]

Read More

Ubukungu bwa Elon musk ntibwamanutse ngo bimukure ku mwanya yahozeho mu by’ubutunzi

Mugihe abakurikirana bya hafi uburyo abaherwe bafite agatubutse ku isi bagiye bagaragaza ko ubutunzi bw’umugwizatunga wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika Alon musk butakigenda ku muvuduko byahozeho. Ni nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu muri Amerika ubwo hatorwaga Perezida Donald trump usanzwe Ari Inshuti ya Elon musk agahita amuha inshingano bityo Kwita no kuzuza izo nshingano […]

Read More

Igihugu cya Ghana nicyo gifite ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi byinshi muri afurika

Mu gihe mu Rwanda hari kuza iterambere mu ngeri zitandukanye harimo n’ikoreshwa ry’ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi mu bindi bihugu bamaze kugwiza umubare munini wabyo. Mu bushakashatsi bwakozwe hasanzwe ibihugu nka Ghana na Morocco aribyo bihugu biza ku isonga mu kugira ubwoko bw’ibi binyabiziga bikoresha amashanyarazi mugihe mu gace ka afurika y’iburasirazuba igihugu cya Ethiopia na Tanzania […]

Read More

Ubukungu: Kompanyi ya Apple na Microsoft ziyoboye izindi mu zifite agaciro ku isi

Kompanyi ya Apple ikora ibijyanye n’itumanaho n’ibikoresho byaryo kimwe n’iya Microsoft ziri imbere y’izindi zisanzwe zizwi ku isi mu gutunga agatubutse ku isi yose. Leta zunze ubumwe za Amerika nicyo gihugu cya mbere ku isi gifite kompanyi zikomeye mu butunzi n’agaciro ku isi kuko ku rutonde rwa kompanyi 8 za mbere 7 muri zo ari […]

Read More

Nyuma ny’amasaha 24 yonyine ageze kuri Instagram Pope Leo XIV ahise arenza abamukurikira Miliyoni 9

Ntabwo bisanzwe mu mateka y’abakoresha imbuga nkoranyambaga ku isi, Nyuma y’amasaha 24 gusa umushumba mukuru wa kiliziya Gatolika amaze ageze ku rubuga rwa instagram amaze kugira abamukurikira barenga Miliyoni 9. Papa Leo XIV yatangiye gukoresha urubuga rwa Instagram ku munsi w’ejo kuwa 13 Gicurasi 2025 gusa igitangaje gikomeje kuvugisha abantu mu mpande z’itandukanye z’isi nuko […]

Read More