Amakuru Mashya: Itorero Grace room Ministries rya Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzima Gatozi

Itorero rya Grace Ministies risanzwe riyoborwa na Pasiteri Kabanda Julienne ryambuwe ubuzima gatozi rihagarikwa gukomeza gukora. Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere RGB rubinyujije mu itangazo rwashyize ahagaragara rwatangaje ko iki cyemezo cyo guhagarika iri torero kubera kutubahiriza amategeko yagenwe y’imiryango ishingiye ku myemerere. Mu Itangazo rikubiyemo impamvu iri torero ryambuwe ubuzima gatozi urwego rw’igihugu rw’imiyoborere RGB rwagaragaje […]

Read More

Imwe igura Miliyari 50 zirenga z’amanyarwanda: Ngizi Telephone za mbere zihenze ku isi

Abantu benshi baziko Telephone zihenze ku isi ari izi tubona cyangwa twuma zisohoka buri mwaka nyamara bakirengagiza ko hari andi moko ya Telephone akorwa ariko atajya avugwa kubera ibiciro byazo bihanitse. Kubw’iyo mpamvu None tugiye kubagezaho amoko 10 ya Telephone ya mbere ahenze ku isokoku isi aho kuri uru rutonde rw’iza mbere harimo na Telephone […]

Read More

Amakuru Mashya: Uwahoze Ari Meya wa Nyanza ararekuwe naho Moses Turahirwa akomeza gufungwa, Ngiyi imyanzuro y’urubanza rwabo

kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali haburanishirijwe urubanza rwa Turahirwa Moses n’urwa Ntazinda Erasme wahoze ari meya w’akarere ka Nyanza aho umwe muri bo yafunguwe undi akaba yakomeje gufungwa. Mu rubanza rwa Turahirwa Moshion ukurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha no gutunga ibiyobyabwenge(urumogi), urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye uyu […]

Read More

Burya yumvaga kimwe na Papa Francis asimbuye: iby’ingenzi wamenya kuri Papa Mushya Leo XIV watowe

Tariki ya 08 Gicurasi 2025, ni itariki ikomeye ndetse itazibagirana mu mitima y’abatuye isi byumwihariko ku bemera Kiliziya Gatolika n’imyemerere yayo. Iyi tariki ntabwo izibagirana kubera ko ariyo yabonekeyeho Umuyobozi mukuru wa kiliziya gatolika Papa Leo XIV watowe kuri uyu wa 08 ukwezi kwa 5 2025 mugihe amatora yo gushaka usimbura Nyakwigendera Nyirubutungane Papa Francis […]

Read More

Amakuru mashya: Umunyamerika Robert Francis Prevost atorewe kuba Papa wa 67: Dore izina Afashe ry’ubu Papa

I Roma bamaze gutora Papa Mushya w’umunyamerika usimbura Papa Francis uherutse kwitaba imana ku myaka 88 Nubwo byari byabanje kunanirana. Umunya amerika Robert Francis Prevost atorewe kuyobora kiliziya Gatolika ku isi aho ahise afata izina rya Papa Leo XIV nk’izina ry’ubushumba. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025 ahagana saa […]

Read More

Nigeria nicyo gihugu cyo muri afurika kiri imbere ku rutonde rw’ibihugu bituwe n’abaturage benshi ku isi: urutonde rwose

Igihugu cya Nigeria Kiri mu bihugu bifite abaturage benshi kwisi aho kiza ari icyambere mu bihugu bibarizwa ku mugabane wa afurika. Ku rutonde rw’ibihugu 15 biza imbere kurusha ibindi ku isi harimo ibyo muri afurika bine aribyo Nigeria,Ethiopia,Misiri na Kongo. Urutonde rwose kuva ku gihugu cya mbere kugeza ku cya 15 Ibindi bihugu bikurikira ni;

Read More

i Roma hagiye gutorwa umusimbura wa Papa Francis: Dore abari guhabwa amahirwe menshi yo kumusimbura

Abepisikopi babiri aribo Fridolin Ambongo Besungu na Luis Tagle Antonio bari guhabwa amahirwe menshi yo kuba aribo baravamo utorerwa kuyobora Kiliziya gatolika ku isi basimbuye Papa Francis uherutse kwitaba imana. Fredolin Besungu Ambongo Ni umunyekongo ufite imyaka igera kuri 65 ufite izina rikomeye mu muryango gatolika mu gace ka afurika y’iburasirazuba cyane mu gihugu cyabo […]

Read More

I Gisenyi inyubako y’ikigo cy’amashuri yahiye irakongoka

Inyubako y’ikigo cy’amashuri cya inyemeramihigo yafashwe n’inkongi y’umuriro irasha irakongoka. Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi habyutse hasakazwa amakuru y’inkongi yibasiye imwe mu nyubako iri mu kigo cya College inyemeramihigo aho ibice byafashwe byose ntanakimwe cyabashije kuzimywa ngo hagire ikiramuka Bamwe mu bana biga muri iki kigo baganiye n’itangazamakuru […]

Read More

Turahirwa Moses yageze imbere y’ubutabera aburana ku byaha akurikiranweho

Turahirwa Moses wamamaye nka moshion kubera inzu ye y’imideli yageze imbere y’ubutabera kuri uyu wa 06 Gicurasi 2025 aburana ku byaha ashinjwa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 06 Gicurasi 2025, umunyamideli Moses turahirwa wamamaye mu Mideli yagegejwe imbere y’ubutabera kuburana ku byaha aregwa birimo ibyo gukoresha ibiyobyabwenge birimo urumogi. Aburana ku […]

Read More

Huzuye ubumenyi: Ngibi ibihugu bifite uburezi bwo ku rwego rwo hejuru kurusha ibindi ku isi

huzuye ubumenyi: Ngibi ibihugu bifite uburezi bwo ku rwego rwo hejuru kurusha ibindi ku isi byuzuye abahanga n’impuguke. Hashyizwe hanze amakuru ajyanye n’uburezi byumwihariko ibihugu biteye imbere mu burezi aho abatuye muri ibyo bihugu ku kigero cyo hejuru bafite uburezi byibuze bw’ibanze ku ijanisha rya 60 ku ijana. igihugu kiza ku isonga ni igihugu cya […]

Read More