Impamvu Amadini n’Amatorero Akwiye Kujya Anyuza Icyacumi n’Amaturo kuri Banki

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwategetse ko imiryango ishingiye ku myemerere ko igomba kunyuza amafaranga yose yinjira kuri konti za banki cyangwa kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, hagamijwe kugenzura inkomoko yayo no kureba niba akoreshwa mu nyungu z’abaturage bayatanze. Mu madini n’amatorero, buri gihe habaho amaturo, icyacumi n’andi mafaranga atangwa n’abayoboke, bikaba ariyo mpamvu RGB yasabye ko ayo […]

Read More

“U Rwanda Ntirukeneye Amabuye ya Congo, Icyo Dushaka ni Amahoro “

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na Mario Nawfal kuri X, aho yasobanuye ko u Rwanda rudashishikajwe n’amabuye y’agaciro yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ahubwo ko icyo rwitayeho ari umutekano warwo n’uw’akarere. Yagaragaje ko ibihugu bikomeye nk’Ubushinwa, Amerika na Canada bifite inganda zikomeye zikoresha amabuye y’agaciro aturuka muri Congo, […]

Read More

Ese Iterambere ry’Umugore w’Umunyarwandakazi Rihagaze Rite Kuri Uyu Munsi Mpuzamahanga Wahariwe Umugore ?

Ku munsi mpuzamahanga w’abagore, ni ngombwa gusubiza amaso inyuma tukareba aho umugore w’Umunyarwandakazi yavuye, aho ageze, n’icyerekezo cye. U Rwanda ni kimwe mu bihugu byateje imbere abagore, bigaragazwa n’imibare myiza mu nzego z’ubuyobozi, uburezi, ubukungu, n’iterambere rusange. Mu mateka, umugore w’Umunyarwandakazi yabaye inkingi ya mwamba mu muryango, ariko amahirwe ye yari make mu bijyanye n’uburezi, […]

Read More

Soraya Hakuziyaremye Yahawe Ububasha nk’Umuyobozi Mushya wa Banki Nkuru y’u Rwanda.

Nyuma y’imyaka 12 ari ku buyobozi bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), John Rwangombwa yahererekanyije ububasha na Soraya Hakuziyaremye, umuyobozi mushya washyizwe kuri uwo mwanya na Perezida Paul Kagame ku wa 25 Gashyantare 2025. Soraya Hakuziyaremye yabaye umugore wa mbere uyoboye BNR, aho yari asanzwe ari Guverineri wungirije guhera mu 2021, bivuze ko yari amaze […]

Read More

U Rwanda Rwamaganye Ibihano bya Canada ku Kibazo cya RDC

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Canada ikwiye guterwa isoni no kurushinja ubugizi bwa nabi bukorerwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatangajwe nyuma y’uko Canada ishyiriyeho u Rwanda ibihano bifitanye isano n’umutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwakomeje guhakana. Ku wa 3 Werurwe 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Canada yashinje u […]

Read More

Umunyarwanda Anthony Ngororano yagizwe Umuhuzabikorwa wa Loni muri Madagascar

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), António Guterres, yagize Umunyarwanda Anthony Ngororano Umuhuzabikorwa w’amashami ya Loni muri Madagascar. Guverinoma ya Madagascar yemeje ishyirwaho rye ku wa 1 Werurwe 2025, ashingiye ku bunararibonye afite mu gukorera imiryango mpuzamahanga mu gihe cy’imyaka irenga 20. Anthony Ngororano yari asanzwe ahagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) guhera tariki […]

Read More

Umutwe wa M23 washyikirije Ingabo z’u Rwanda , abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR harimo n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda.

Mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abarwanyi b’Umutwe wa FDLR bakomeje gutakaza ububasha. Ku wa 1 Werurwe 2025, abarwanyi 15 b’uyu mutwe w’iterabwoba bashyikirijwe Ingabo z’u Rwanda (RDF) nyuma yo gufatwa ku rugamba bari kumwe n’Ingabo za FARDC, iza SADC, iz’u Burundi, SAMIDRC na Wazalendo mu […]

Read More

Abayisilamu Batangiye Igisibo cya Ramadhan: Umwanya wo Gusabira Igihugu no Gukomeza Indangagaciro Zibarangaga.

Mu gihe Abayisilamu bose bo mu Rwanda no ku Isi hose batangiye igisibo cya Ramadhan, Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Mussa, arasaba Abayisilamu kurushaho kwiyegereza Imana, gufasha abatishoboye no kuzirikana mu masengesho Igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi bacyo. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatandatu taliki 1 Werurwe 2025 ubwo hatangiraga ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan, igihe gifatwa […]

Read More

U Rwanda Rwiyemeje Kwibanda ku Mutekano Warwo n’Ubwo Ruhura n’Ibihano Mpuzamahanga

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudafite ubwoba bw’ibihano mpuzamahanga, ahubwo rukomeje gushyira imbere umutekano w’igihugu n’abaturage barwo. Ibi yabivuze nyuma y’uko ibihugu bimwe by’i Burayi, birimo u Bwongereza n’u Bubiligi, bifashe ibihano ku Rwanda, byarushinje gushyigikira umutwe wa M23 urwanya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). […]

Read More

John Legend yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umuhanzi w’Umunyamerika John Legend yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho yunamiye inzirakarengane zishyinguye muri uru rwibutso. Yashyize indabo ku mva rusange iruhukiyemo imibiri y’abasaga ibihumbi 250, anasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’uburyo u Rwanda rwongeye kwiyubaka nyuma yayo. John Legend yageze mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira igitaramo […]

Read More