Dj Brianne afatanyije na Miss Muyango batangije ubukangurambaga ku rubyiruko bise “NTITUZEMERA”.

DJ Brianne na Miss Muyango Claudine batangije ubukangurambaga bwiswe ‘Ntituzemera’, bugamije gukangurira urubyiruko kudafata imyitwarire yo kwigira ba ntibindeba ku bibazo by’igihugu. Binyuze ku mbuga nkoranyambaga zabo, bagaragaje ko urubyiruko rukwiye kugira uruhare mu kurinda no guteza imbere igihugu. Mu butumwa bwabo, bagaragaje ingingo eshanu z’ingenzi: DJ Brianne yavuze ko igitekerezo cy’ubu bukangurambaga cyaje nyuma […]

Read More

Gen-z comedy yasinyanye n’umujyi wa Kigali amasezerano y’ubufatanye

Kompanyi isanzwe itegura ibitaramo by’urwenya, C.I.M Ltd izwi ku izina rya Gen-Z Comedy Show, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Umujyi wa Kigali mu rwego rwo guteza imbere impano z’urubyiruko. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ibi ku wa 6 Gashyantare 2025, buvuga ko bifite intego yo guteza imbere umuco binyuze muri gahunda yabo ya Kigali Cultural Scene. Bagize […]

Read More

M23 yashyizeho abayobozi ba kivu y’amajyaruguru.

Nyuma yo gufata Umujyi wa Goma, Umutwe wa M23 watangaje abayobozi bashya b’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Itangazo ryashyizweho umukono na Corneille Nangaa Yobeluo, Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23, ryemeje ko Bahati Musanga Joseph yagizwe Guverineri mushya, Manzi Ngarambe Willy aba Visi Guverineri ushinzwe Politiki, Ubutegetsi n’Ubutabera, naho Amani Bahati Shaddrak […]

Read More

Abaguzi Bahawe Miliyari 1.5 Frw muri Gahunda y’Ishimwe rya RRA mu mezi atatu

Ku nkunga y’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), abaguzi basaba inyemezabuguzi ya EBM bakomeje kubona ishimwe ringana na 10% by’umusoro nyongeragaciro (TVA) w’iyo fagitire. Gahunda yashyizweho umwaka ushize, igamije gukangurira abaguzi gukoresha inyemezabuguzi ya EBM no guteza imbere umuco wo gutanga no gusaba fagitire. Umubare w’Abitabiriye Gahunda Ku wa Kane, tariki 06 Gashyantare 2025, mu kiganiro RRA […]

Read More

Giti: Imodoka Ya Gitifu Yahiye Irakongoka

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025, imodoka ya Bangirana Jean Marie Vianney, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro maze irashya irakongoka burundu. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux yari itwaye Bangirana hamwe n’abandi bantu bane ubwo bari bavuye mu Nteko z’Abaturage mu […]

Read More

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Yafunze Imbugankoranyambaga Zose Mugihe Umutekano Ucyifashe Nabi.

Inkuru dukesha ivuga ko Mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), guverinoma y’iki gihugu yafashe icyemezo cyo guhagarika imbuga nkoranyambaga zirimo X (Twitter), TikTok, na porogaramu ya Google Play Store. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Goma, byakuruye impaka ndende ku mpamvu […]

Read More

Abantu Barindwi Batawe muri Yombi Bazira Kwiba no Gucuruza Ibikoresho by’Amashanyarazi.

Ku bufatanye bwa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), Polisi y’Igihugu n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu Bucuruzi no Kurengera Umuguzi (RICA), abantu barindwi bakekwaho kwiba no gucuruza ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi batawe muri yombi. Ibi bikoresho birimo insinga z’amashanyarazi, udukoresho twatsa tukanazimya amashanyarazi n’ibindi bifite agaciro k’asaga miliyoni 150 Frw. Aba bantu beretswe itangazamakuru […]

Read More

Jean Pierre Lacroix Arasaba Ingufu za Dipolomasi Mu Gukemura Amakimbirane ya M23

Umuyobozi Mukuru Ushinzwe ibikorwa byo Kubungabunga Amahoro mu Muryango w’Abibumbye, Jean Pierre Lacroix, yagaragaje impungenge ku mirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane mu Mujyi wa Bukavu. Iyi mirwano yatangiye nyuma y’uko M23 yigaruriye Umujyi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru ku itariki ya 26 Mutarama 2025, aho uyu […]

Read More

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame Bunamiye Intwari z’u Rwanda

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, hamwe na Madamu we Jeannette Kagame, bashyize indabo ku Kimenyetso cy’Ubutwari kiri ku Gicumbi cy’Intwari i Remera. Ni umuhango w’ikirenga mu rwego rwo guha icyubahiro Intwari z’u Rwanda zazirikanye ineza y’igihugu n’abaturage bacyo. Abitabiriye Umuhango Uyu muhango w’icyubahiro witabiriwe […]

Read More