Umuramyi Hope Ian Hqin yashyize hanze Amashusho y’indirimbo ye Nshya yise My love

Tumaini karambi Hope Umaze kumenyekana cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza imana nka Hope Ian Hqin yaraye ashyize hanze amashusho y’indirimbo ye Nshya yise My love ku mugoroba wo kuwa 24 Kamena 2025. Uyu muramyi Hope Ian Hqin avuga ku gitekerezo cy’iyi ndirimbo yavuze ko cyaturutse ku kubona abantu batandukanye bahemukira bagenzi babo bwihishwa […]

Read More

Alubumu nshya ya Burnaboy izamuhuza n’abafana be mu bihugu byinshi mu burayi na amerika

Burnaboy wamanutse ku rutonde rw’abahanzi barebwe cyane mu minsi ishize ubu yamaze guteguza alubumu nshya anatangaza ikijyanye n’ibitaramo byo kuyimenyekanisha nyuma yo kuyishyira hanze. Umunya Nigeria wigaruriye imitima y’abakunzi b’umuziki ku isi Burnaboy yatangaje amatariki azashyirira ahagaragara alubumu ye ku nshuro ya munane yahawe izina rya No sign of weakness aboneraho gutangaza amatariki atandukanye azakoreraho […]

Read More

Muri Repubulika ya Centra africa ibiciro bya Mazutu birahanitse

Mu gihugu cya Central african abacuruzi n’abakoresha mazutu bakomeje guhura n’ikibazo cy’itumbagira ry’ibiciro bya mazutu dore ko iki gihugu kiri ku mwanya wa mbere w’ibifite ibiciro biri hejuru muri afurika muri uyu mwaka wa 2025. Uko ibiciro bya mazutu bikomeza kwiyongera bishyira igihombo gikomeye ku bayikenera bya buri munsi ari nako bigera ku bakenera serivisi […]

Read More

MTN iwacu muzika festival yagarutse herekanwa abahanzi bazatarama mu bitaramo byayo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Kamena sosiyete y’itumanaho ya MTN mu Rwanda yerekanye abahanzi barindwi bazataramira abaturarwanda mu bitaramo bitegurwa n’iyi sosiyete bizenguruka igihugu. Iri garagazwa ry’aba bahanzi ryahuriranye n’igikorwa cyo kugirana ikiganiro n’itangazamakuru aho abafatanyabikorwa n’abahanzi baganiriye n’itangazamakuru habazwa ibibazo bitandukanye. Reka turebere hamwe ibihangano biheruka gushyirwa hanze n’abahanzi bazagaragara muri ibi […]

Read More

Wizkid azumvikana kuri alubumu nshya ya Olamide

Umuhanzi wo muri Nigeria uri mu bakomeye muri iki gihugu cyubatse ibigwi mu muziki yatangaje anashyira hanze urutonde rw’indirimbo ziri kuri Alubumu ye nshya. Uyu muhanzi wakunzwe mu ndirimbo nyinshi yagiye akora mu myaka yashize yagaragaje urutonde rw’izi ndirimbo ze za alubumu ye yahaye izina rya Olamide yitiriye amazina ye akoresha mu muziki we,rukaba ruriho […]

Read More

Perezida Donald Trump biravugwa ko ashobora guhagarika ibindi bihugu kujya muri leta zunze ubumwe za amerika

Umukuru w’igihugu cya leta zunze ubumwe za amerika Donald trump biravugwa ko ari gutekereza kuri gahunda yo kugira ibindi bihugu yongera ku rutonde rw’ibitemerewe kujya muri leta zunze ubumwe za amerika abereye Perezida. Muri ibyo bihugu harimo ibigera kuri 36 bituruka mu bice byose ku isi naho afurika ikaba ifitemo ibihugu hafi 25 kuri uru […]

Read More

yampano yagaragaje umukunzi we amutera imitoma

Umuhanzi yampano uri kuzamura igikundiro cye kubera indirimbo ze zisigaye zikunzwe mu bakunzi b’umuziki nyarwanda yagaragaje umukunzi we anamutera imitoma yuzuye amagambo aryoshye. Ni ku rukuta rwe rwa instagram yakoresheje kuri iki cyumweru tariki ya 15 Kamena 2025,uyu muhanzi ukunzwe n’abatari bake mu Rwanda yashyize amafoto hanze sri kumwe n’umukobwa bivugwa ko ari umukunzi we […]

Read More

Nubwo afurika y’epfo ariyo ifite inganda zikomeye niyo itumiza ibicuruzwa byinshi mu mahanga

Afurika y’epfo iri mu bihugu bya mbere bifite inganda zikomeye muri afurika iri kwibazwaho cyane kubera uburyo kiri mu bihugu bikomeye byigwijeho ibikorerwa mu inganda nyamara kikaba kiri kuza ku rutonde rw’ibitumiza ibintu byinshi mu mahanga. Ibi bisobanuye ko ubukungu bw’iki gihugu nabwo budahagije kuko bugishingira ku inyunganizi nyinshi yo mu biva hanze yacyo. Ni […]

Read More