Lagos niwo mujyi ubamo urujya n’uruza rwinshi muri afurika rusaba aba Polisi igihe kinini bakumira impanuka zo mu muhanda

Umujyi wa lagos muri Nigeria ugaragazwa nk’umujyi wa mbere muri afurika mu mijyi y’ibihugu bitandukanye byo kuri uyu muhabane wa afurika ibamo abagenzi benshi bamara igihe kinini mu muhanda binatwara abashinzwe umutekano wo mu muhanda hakumirwa impanuka zibera mu muhanda. Ni imijyi yiganjemo iyo mu bihugu bifite ubunini binahura n’ubwinshi bw’ababituye nka Nigeria iza ku […]

Read More

Chad na Nigeria nibyo bihugu biza imbere birimo abaturage bafite ikizere gike cyo kubaho

Ibihugu nka Chad na Nigeria ni bimwe mu bihugu biri ku isonga mu kugira ababituye bafite ikizere gike cyo kubaho muri uyu mwaka wa 2025. Urebye ku rutonde rw’ibi bihugu 10 byashyizwe mu by’imbere ibyinshi muri byo bibarizwamo imitwe y’intagongwa itera umutekano muke,ibishyira abatuye ibyo bihugu kutagira ikizere cy’ahazaza kubwo kutizera umutekano wabo ko ushobora […]

Read More

Harimo Messiah na Jesus Christ: Menya amazina muri amerika batemerewe kwita umwana

Abantu benshi ntibajya babitekerezaho cyane ariko mu bice bitandukanye by’isi haba amazina yahiswemo aba atari rusange agahabwa ubudahangarwa bwo kwiharirwa n’ababanje kuyahabwa bitewe n’icyubahiro bafite muri rubanda. Muri ayo mazina hazamo ay’abanyacyubahiro mu bihugu bikomeye ndetse rimwe na rimwe hakabamo amazina ahabwa icyubahiro bitewe n’ibikorwa byabo bidasanzwe yiganjemo ay’abizera ari naho arimo izina Jesus Christ […]

Read More

Kendrick lamar yihariye ibihembo muri BET award

Umuraperi Kendrick lamar yaraye atwaye ibihembo byinshi muri Bet awards byaraye bitanzwe mu ijoro rigana kuwa 10 Kamena 2025. Ni ibihembo bikomeye mu bitangwa ku isi mu bijyanye n’imyidagaduro by’umwihariko umuziki aho hahembwa abahanzi bagiye bakora ibikorwa by’indashyikirwa mu byiciro bitandukanye aho hagenderwa ku njyana bakora,ibice barimo cyangwa se bakoreramo umuziki n’ibindi. Itangwa rya Bet […]

Read More

Diamond Niwe wasoje ukwezi kwa 5 arebwe n’abantu benshi kuri youtube muri Tanzania

Umuhanzi mpuzamahanga Nasib Abdul Issack umaze kuba ikirangirire mu myidagaduro nka Diamond Platnumz nk’amazina akoresha mu muziki niwe muhanzi warebwe n’abantu benshi muri Tanzania ku rubuga rwa Youtube muri Gicurasi. Ni urutonde rugaragara ku rubuga rwa chart ya Tanzania aho rwakoze urutonde rw’abahanzi 10 zarebwe n’abantu benshi ku bahanzi bo muri Tanzania kuri youtube ariko […]

Read More

Indirimbo nshya ya Afrique yatangiye gushyushya Icyumweru itarasohoka

Mu gihe umuhanzi Afrique yitegura gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise saana iri mu zitezweho gushyushya ibihe byo mu mpera z’umwaka yatangiye kuryohera abakunzi b’umuziki mu buryo budasanzwe. Iyi ndirimbo ya Afrique yagaragaje urwego rwiza rwayo kubera integuza y’iyi ndirimbo uyu muhanzi yashyize hanze ku munsi w’ejo hashize kuwa 06 Kamena 2025 yagaragajwe n’abantu […]

Read More

Bruce the 1st yashyizwe ku rutonde rw’abafite indirimbo nziza zo kumvwa kuri Audiomack

Umuhanzi w’umunyarwanda Bruce the 1st ukora mu njyana ya Rap yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bafite indirimbo nziza abantu bakwiye kumva ku rubuga rwa Audiomack ya afurika. Ni urutonde rugizwe n’indirimbo z’abahanzi benshi barenga 10 rwagaragayemo uyu muhanzi wo mu Rwanda kubera indirimbo ye Nshya yise Zagara amaze amasaha make ashyize hanze ku mbuga ze ashyiraho […]

Read More