The ben yemeje ko yahanwe kubera gutwara atambaye umukandara
Mugisha Benjamin wamenyekanye nka theben yemeje ko yahanwe na polisi y’u Rwanda nyuma yuko bigaragaye ko yatwaye imodoka atambaye umukandara wagenewe abatwara imodoka. Mu masaha make ashize nibwo umwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter(X) yanditse agaragaza ko Mugisha Benjamin(the ben) yatwaye imodoka atambaye umukandara bityo ko yahanwa n’amategeko nkuko polisi y’u Rwanda ibigena. Atazuyaje The […]