The ben yemeje ko yahanwe kubera gutwara atambaye umukandara

Mugisha Benjamin wamenyekanye nka theben yemeje ko yahanwe na polisi y’u Rwanda nyuma yuko bigaragaye ko yatwaye imodoka atambaye umukandara wagenewe abatwara imodoka. Mu masaha make ashize nibwo umwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter(X) yanditse agaragaza ko Mugisha Benjamin(the ben) yatwaye imodoka atambaye umukandara bityo ko yahanwa n’amategeko nkuko polisi y’u Rwanda ibigena. Atazuyaje The […]

Read More

Yatunga umugabane wose: Dore Agatubutse C.Ronaldo Afata muri Al-Nassr

Umupira w’amaguru ni umwuga ushobora gutunga abawukora iyo bikozwe kinyamwuga nkuko tubibona mubo byahiriye, haba mu Rwanda cyangwa mu mahanga. Reka tubagezeho Agaciro ka rurangiranwa mu gutera umupira w’amaguru aho abikesha guhamya akaguru ku mupira Akamariramo ibitego agatsina ibitego byinshi aho kugeza ubu Uyu mukinnyi amaze kurenza ibitego 1000. Nkuko bigaragara, ndetse no mu makuru […]

Read More

The ben na Bruce Melodie batanze umukoro: Ngizi Indirimbo Nshya zasohotse mu cyumweru dusoje

Mu ruganda rw’umuziki nyaRwanda, iyo urebye usanga hakunda kubamo ihangana ry’abakunzi b’abahanzi batandukanye, aho abakurikirana ibihangano by’abo bahanzi bajya impaka ku uwaba ayoboye abandi mu gukora cyane Kandi neza. Nubwo bimeze uko,Muriyi minsi abahanzi bafatwa nk’ibikomerezwa muri uru ruganda rw’umuziki mu Rwanda bari mubihe byiza kuko Ababakunda bari kubona ibihangano byinshi ugereranije nibihe byatambutse Cyane […]

Read More

Bruce Melodie yavuze kumvune zo Gukora Alubumu ye N’urwibutso Afite k’umubyeyi we

Umuhanzi Itahiwacu Bruce umaze kubaka izina mu umuziki nyarwanda Kumazina ya Bruce melodie Yavuze kumvune zo gukora Alubum ye Nshya Yise Colourful Generation aho yanagarutse Kuri zimwe mundirimbo ziri Kuri iyi alubumu bifitanye. Ni mu ikiganiro yagiranye na Radiyo Kissfm ikorera I Kigali, aho yabajijwe Ku imvune yagize ategura Alubumu ye. Mumagambo ya Itahiwacu Bruce(Bruce […]

Read More

Menya Ukuri Ku Iby’Ubukwe bwa Dorcas na Idrissa

Ku umugoroba wo kuri uyu wa 15 mutarama 2025, nibwo amakuru yatangiye gukwirakwira kumbuga nkoranyambaga nyinshi, avuga ko Umuhanzikazi ISHIMWE Vestine usanzwe uririmbana na Dorcas mu itsinda ryabo rizwi Nka Vestine na Dorcas (Abaramyi), yasezeranye mu murenge n’Umusore w’Umunya Burkina Faso witwa Idrissa EUEDRAOGO, igikorwa cyabereye ku umurenge wa Kinyinya Mu umujyi wa Kigali. Nubwo […]

Read More