Misiri nicyo gihugu gifite igisirikare gikomeye muri afurika muri 2025

Igisirikare cy’igihugu cya Misiri cyashyizwe ku wanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu 20 bya mbere bikomeye cyane muri afurika mu rwego rw’umutekano. kuri uru rutonde hariho ibihugu bibarizwa muri afurika y’iburasirazuba byinshi nka Tanzania,Kenya n’ibindi byinshi na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. ku mwanya wa mbere hari iki gihugu cya Misiri cyangwa se Egypt mu […]

Read More

D voice na Zuchu mu bahagaze neza kuri Audiomack mu cyumweru cya mbere cya Kamena

Umunya Tanzania D Voice na Zuchu babarizwa mu inzu ya Wasaf y’umuhanzi Diamond platnumz bari mu bahanzi bahagaze neza ku rubuga rwa Audiomack ya afurika. Aba bahanzi bagaragajwe n’uru rubuga nk’aba mbere bari gukundwa cyane aho aba bombi bahuriye mu ndirimbo bise baby mpya bakaba banahuriye muri iyi nzu ibafasha mu iby’umuziki ya Wasaf ikorera […]

Read More

Coach Gael ari gusengera ikintu Gikomeye

Umushoramari Karomba Gael uzwi nka Coach Gael ari gusenga ngo agere ku kintu gikomeye muri uyu mwaka wa 2025 ibyaciye amarenga yo kuba agifite gahunda ikomeye muzo amaze iminsi avuga ko ashaka gukora. Ku mbuga nkoranyambaga ze uyu mugabo uvugwaho agatubutse umaze kumenyekana mu bikorwa bitandukanye by’imyidagaduro cyane mu gushora imari mu muziki n’imikino itandukanye […]

Read More

Gukina Filime byashyize Oprah winfrey ku mwanya wa mbere w’abagore b’ibyamamare bakize ku isi

Umukinnyi wa filime wabigize umwuga Oprah Winfrey wanamamaye kubera ibiganiro kuri televiziyo zikomeye ku isi yaje ku ku mwanya wa mbere w’urutonde rw’abagore batunze akayabo ku isi mu byamamare. Uyu mugore w’imyaka irengaho gato 70 y’amavuko yafashe uyu mwanya aho yahawe agaciro ka Miliyari eshatu na miliyoni Ijana z’amadorali abikesha Filime zitandukanye agenda akinamo kimwe […]

Read More

The ben,chris Eazy na kevin kade nibo banyarwanda baciye mu maso y’abanyarwanda cyane mu kwezi kwa 5

Abahanzi nyarwanda The ben,Chris Eazy na Kevin kade nibo bahanzi baza ku isonga y’abakora ubuhanzi nk’umwuga mu Rwanda baciye mu maso y’abakunzi b’umuziki benshi. Ni imibare igaragazwa n’ibigaragara ku mbuga nkoranyambaga zumvirwaho zikanareberwaho ibihangano by’abahanzi batandukanye ku isi harimo n’abanyarwanda aho mu ndirimbo zashyizwe hanze mu kwezi kwa gatanu gushize n’abahanzi batandukanye ariko b’abanyarwanda. Mu […]

Read More

Ibikorwa by’ingenzi Kenny sol yakoze mu gihe amaranye na 155AM atakibarizwamo

Umuhanzi Rusanganwa Norbert uzwi nka Kenny sol mu muziki yaraye ashyize hanze ibaruwa imusohora muri sosiyete ya 155AM ifasha abahanzi y’umushoramari Coach gael. Ni ibaruwa yasinywe n’impande zitandukanye harimo urwa 155AM na Kenny sol aho yatangaje ko atakiri muri iyi nzu yari asigaranyemo na Bruce melodie mu bahanzi bari bayihuriyemo mbere nubwo iby’iyi baruwa bitari […]

Read More

Umukunzi mushya wa Card b arusha ubutunzi Offset batandukanye

Muri iyi minsi mu inkuru ziri kuvugwa cyane mu myidagaduro higanjemo amakuru y’itandukana ry’umuraperi w’umunyamerika Offset n’uwahoze ari umugore we Card b nawe w’umuraperi bahuriye mu bwamamare. Nyuma y’itandukana ry’aba bombi hagiye havugwa byinshi ku impamvu yabatanyije cyakora habuze gihamya giturutse kuri umwe muri bo. Bisa naho uyu Card b we atigeze ahangayikira umubano we […]

Read More

Ibyahishuwe ku bukwe bwa Diamond Platnumz na Zuchu buri kuvugisha abantu amangambure

Mu mpera zo kuri uyu wa 01 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru amafoto menshi yakomotse ku butumwa bw’umuhanzi Diamond platnumz buca amarenga yo gukora ubukwe. Ni ibintu byaciye igikuba cyane mu bakurikirana imyidagaduro yo muri Tanzania n’ibihugu biyegereye gusa mubyo uyu muhanzi yatangaje ntiyigeze yerura ngo avuge byinshi kuri ubu bukwe aho yanagize ubwiru […]

Read More

Indirimbo Marioo yagaragajemo Umugore we isoje ukwezi iyoboye kuri Boomplay muri Tanzania

Umuhanzi wo muri Tanzania ari mu byishimo byo gusoza ukwezi kwa Gicurasi ayoboye urutonde rw’abahanzi bafite indirimbo zikunzwe ku rubuga rwa Boomplay muri Tanzania. Urubuga rwa Boomplay ya Tanzania rwashyize hanze indirimbo 10 za mbere zarangije icyumweru cya nyuma cy’ukwezi gushize muri icyo gihugu kuwa 30 Gicurasi 2025, rukaba rwaraje ruyobowe n’indirimbo ya Marioo yitwa […]

Read More