Amerika na Israel Bagabye Ibitero Bikomeye kuri Iran: Icyizere cya Diplomasi Kiri Gusibangana

Tehran – Ku wa 22 Kamena 2025 – Umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, na Israel, nyuma y’ibitero bikomeye byagabwe ku bigo bya nuclear muri Iran. Aya makimbirane arimo gutuma amahanga ahangayikishwa n’intambara ishobora kurenga imipaka y’Akarere ka Middle East. Israel na Amerika byagize uruhare mu bitero byakorewe ahazwi […]

Read More

Alliance Fleuve Congo (AFC) Yamaganye Propaganda, Yibutsa Amakosa ya Leta ya Kinshasa

Goma – Kamena 22, 2025 – Ishyaka Alliance Fleuve Congo (AFC) ryasohoye itangazo rikomeye ryamagana ibikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga n’umuntu witwa Shabani Lukoo Bihango J., ushinjwa gukorera ubutegetsi bwa Leta ya Kinshasa, ivugwa ko iri mu irimbuka. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka, Umuyobozi ushinzwe Itangazamakuru muri AFC, iri shyaka ryemeza ko ibyo […]

Read More

Iran yemeje ibitero byagabwe ku bigo bya nuclear, ariko yemeza ko iterambere ry’uru rwego rizakomeza

Tehran, Iran – Ku wa 22 Kamena 2025 – Iran, ibinyujije mu Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Ingufu za Nuclear (Atomic Energy Organization of Iran – AEOI), yatangaje ko ibigo bikomeye bikora ubushakashatsi n’iterambere mu bijyanye na nuclear byagabweho ibitero. Nubwo hari ibyangiritse, Iran yashimangiye ko iterambere ry’inganda za nuclear rizakomeza. Ibitero bivugwa byagabwe mu rwego rwo […]

Read More

Victoire Ingabire Umuhoza: Amateka y’Umunyapolitiki Utavuga Rumwe Na Leta y’ u Rwanda

Victoire Ingabire Umuhoza, yavukiye mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare mu Rwanda, tariki ya 3 Ukwakira 1968. Azwi cyane nk’umwe mu bagore b’abanyarwanda barwanyije imyumvire y’ivangura, bashishikajwe n’imiyoborere ishingiye kuri demokarasi, ubwiyunge n’uburenganzira bw’abaturage. Ingabire yimukiye mu Buholandi mu 1993 aho yize ubukungu, imicungire y’imishinga n’ibijyanye n’icungamutungo (accounting). Yabaye umuyobozi w’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, […]

Read More

NATO Yategetse Kongera Ingengo y’Imari ya Gisirikare Gusa Nibivugwaho Rumwe N’ibihugu Binyamuryango

The Hague – Kamena 20, 2025 – Umuryango wa NATO ushinzwe umutekano w’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi na Amerika wategetse abanyamuryango kongera ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare igashyirwa kuri 5% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (IGP). Ibi bije mu rwego rwo gukomeza ubushobozi bwo kwirwanaho mu bihe by’ubushyamirane bukomeje kwiyongera, cyane hagati ya NATO na Russia. […]

Read More

“Benue mu Marira”: Perezida Tinubu Ashinjwa Gudindiza Guhana Abicanyi Bishe Abaturage barenga 150

Abuja, Nigeria – Kamena 2025 – Abaturage ba Leta ya Benue, iri mu majyaruguru ashyira hagati ya Nigeria, barimo gusaba ubutabera nyuma y’uko abarwanyi bataramenyekana bateye agace ka Guma, bakica abantu barenga 150 mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena. Abandi benshi barakomeretse, abandi barahunga, naho amazu n’amasoko birashya. Iki gitero cyatumye abaturage ndetse n’abanyamakuru […]

Read More

Putin Yiyemeje Guhuza Israel na Iran mu gihe Uburusiya(Russia) Ikomeje Intambara muri Ukraine

St. Petersburg, Kamena 19, 2025 – Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya Israel na Iran, mu gihe intambara yo muri Ukraine ikomeje gufata indi ntera. Ni icyemezo cyatunguranye, kuko kivugiwe mu gihe u Burusiya burimo kugaba ibitero bikaze by’amabombe n’indege zitagira abapilote ku mijyi ya Ukraine, […]

Read More

Captain Traoré yihagararaho: Abaturage Baramuririmba, Abandi Baramushinja Kudindiza Demokarasi

Ouagadougou –: Mu gihe Burkina Faso ikomeje kuyoborwa na leta ya gisirikare iyobowe na Captain Ibrahim Traoré, ibimenyetso bigaragaza ubushyamirane bukomeye hagati y’ubutegetsi n’impirimbanyi za demokarasi. Nubwo hari ibihumbi by’abaturage bashyigikiye Traoré mu mihanda yose, abandi bamagana uburyo akomeje gutinza amatora no kugumya ubutegetsi mu buryo budasobanutse. Ku itariki ya 22 Mata 2025, Traoré yatangaje […]

Read More

Kenya: Polisi yarashe Umusore Wari myigaragambyo, ararembye bikomeye

Mu myigaragambyo yabaye ku wa 18 Kamena 2025 muri Nairobi, muri Kenya, polisi yarashe umusore witwa Boniface Kariuki ku buryo bukabije. Uyu musore yarimo acuruza adupfukamunwa mu muhanda ubwo yibasirwaga n’umupolisi wamurashe mu mutwe hafi cyane (point-blank). Ubu ari mu bitaro bya Kenyatta, arembye cyane. Iyi myigaragambyo yari yatewe n’urupfu rwa Albert Ojwang, blogger n’umwarimu […]

Read More