Umugambi wa Israel na USA wo Kugenzura itangwa ry’inkunga muri Gaza LONI igaragaza ko ushobora guteza ibibazo

Gaza – Imiryango mpuzamahanga itanga inkunga hamwe n’Ibiro bya Loni bishinzwe ubutabazi (OCHA) baraburira ko umugambi wa Israel ugaragaramo uruhare rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kugenzura itangwa ry’inkunga mu Ntara ya Gaza ishobora kurushaho guteza inzara, uburwayi no gupfusha abasivile mu buryo butari ngombwa. Uyu mugambi, uzashyirwa mu bikorwa na Gaza Humanitarian Foundation, […]

Read More

Museveni Asaba Afurika Gushyira Imbaraga mugukoresha umuriro Uhendutse kandi Utangiza Ibidukikije

Entebbe, Uganda – Perezida wa Uganda, Nyakubahwa Yoweri Kaguta Museveni, yasabye ibihugu bya Afurika gufata iya mbere mu gukwirakwiza umuriro mwinshi kandi uhendutse, utangiza ibidukikije, nk’inzira yo kurengera ibidukikije no gukemura ibibazo by’iterambere rirambye. Yabitangaje kuri uyu wa kabiri ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri ba Senior Course 46 baturutse ku Ishuri rikuru ry’Amahugurwa y’Ingabo za […]

Read More

Roma: Kiliziya Gatolika Iracyategereje Papa Mushya nyuma y’Itorwa rya Conclave ritigeze ritanga umusaruro ku munsi wa kabili

VATICAN – Ku ya 8 Gicurasi 2025 — Kiliziya Gatolika ku isi iracyategereje gutangaza Papa mushya, nyuma y’uko Conclave yatangiye ku wa 7 Gicurasi igamije gutora usimbura Papa Francis, witabye Imana ku ya 21 Mata 2025. Uko biteganywa n’amategeko ya Kiliziya Gaturika, umukandida ugomba gutorwa agomba kugira nibura bibiri bya gatatu by’amajwi — ni ukuvuga […]

Read More

Abasirikare batatu b’u Rwanda bishwe mu gico muri Mozambique, abandi batandatu barakomereka

RWANDA – Abasirikare batatu b’u Rwanda baguye mu gitero (ambush) cyabereye muri Mozambique mu mpera z’icyumweru gishize, nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Lt. Col. Ronald Rwivanga, yavuze ko icyo gitero cyabereye ku wa Gatanu, tariki ya 3 Gicurasi 2025, mu Ntara ya Cabo Delgado, ikunze […]

Read More

Mike Pence Yikomye Donald Trump ku Misoro y’Ubucuruzi no ku Mibanire na Putin

Mike Pence wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje impungenge zikomeye ku miyoborere ya Donald Trump mu biganiro n’itangazamakuru, avuga ko ubuyobozi bwa Trump “bwongereye ubushotoranyi bwa Putin,” ndetse ko politiki ze z’ubucuruzi “zizahombya abaturage b’Abanyamerika.” Mu kiganiro cyihariye Pence yagiranye na Kaitlan Collins wa CNN, yavuze ko “Putin adashaka amahoro […]

Read More

u Rwanda mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kwakira abimukira

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye no kwakira abimukira birukanywe binyuranyije n’amategeko. Ni nyuma y’aho Amerika, iyobowe na Perezida Trump, yatangaje ko iri gushaka ibihugu byakwakira abimukira 30,000 buri kwezi, harimo abafite ibyaha(abakoze ibyaha), binjiye banyuze ku mipaka […]

Read More

Perezida Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro wi 100% kuri Flims zikorerwa hanze ya America(US)

Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana ni 100% ku mafilime yose akorerwa hanze ya Amerika, avuga ko ari ikibazo kirebana n’umutekano w’igihugu. Yatangaje ko yategetse umunyamabanga ushinzwe ubucuruzi gutangira gushyira mu bikorwa icyo gikorwa. Ibi birimo gukorwa mu rwego rwo kongera imirimo mugihugu ndetse no kuzahura uruganda rwa muri sinema ya Amerika, […]

Read More

Igisasu cyaturutse muri Yemen cyatewe hafi y’ikibuga cy’indege cya Ben Gurion muri Isiraheli,byagaragaje ko hari icyuho mu bwirinzi bwa misile kuri Amerika na isiraheli

Tel Aviv, Isiraheli – Kuri iki cyumweru tariki 04 Gicurasi 2025, Isiraheli yafunze by’akanya gato ikibuga cyayo cy’indege mpuzamahanga cya Ben Gurion nyuma y’uko igisasu cyarashwe n’umutwe w’inyeshyamba wa Houthi wo muri Yemen kigeze hafi y’aho. Byagaragaje ko hari icyuho gikomeye mu bushobozi bwa Isiraheli bwo kwirinda ibitero by’indege, nubwo ifite ubwirinzi bugezweho bw’ubufatanye n’Amerika. […]

Read More