Indege ya Boeing yari igenewe u Bushinwa yagarutse muri Amerika kubera imisoro ihambaye hagati ya Amerika n’u Bushinwa

Indege ya Boeing yari igenewe ikompanyi y’indege yo mu Bushinwa yagarutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku cyumweru, kubera ikibazo cy’intambara y’ubucuruzi hagati ya Amerika n’u Bushinwa yatangijwe na Donald Trump. Iyo ndege yo mu bwoko bwa 737 MAX, yari ifite ibirango bya Xiamen Airlines yo mu Bushinwa, yageze ku kibuga cy’indege cya Boeing […]

Read More

Amasezerano y’ Amahoro yateje impaka nyuma y’uko bivugwa ko Leta zunze ubumwe za Amerika zishobora kwemera ko Uburusiya bugenzura Crimea

Luke Harding, umunyamakuru w’igitangazamakuru The Guardian ukorera mu mahanga, aratangaza ko itangazwa ry’amasezerano y’amahoro mu ntambara iri hagati ya Ukraine n’Uburusiya ryazanye impagarara mu rwego mpuzamahanga. Ibi bivugwa mu gihe hari amakuru avuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishobora kwitegura kwemera ko Uburusiya bugenzura intara ya Crimea, ibintu byafatwa nk’impinduka ikomeye mu miyoborere ya […]

Read More

Impanuka yubwato yabereye muri DRC(congo) hamaze kubonwa imirambo 148

Impanuka yubwato yabereye mumazi ya Congo, mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’Igihugu ku wa Kabiri w’iki Cyumweru. Ubuyobozi bwerekanako hari abandi bantu bagera mumagana baburiwe irengero, mu gihe ubwo iyi mpanuka yabaga bwari bwavuze ko abapfuye bagera kuri 50. Ubu bwato bwitwaga HB Kongolo bwafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo bwari bugeze mu Mujyi wa Mbandaka buturutse ku […]

Read More

Yoweri Kaguta Museveni yasabye abasirikare buburundi kutijandika muri politike yamoko

Mu ruzinduko rw’itsinda ry’abasirikare bakuru 26 baturutse mu Burundi bayobowe na Col. Jonas Sabushimike, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yabahaye impanuro zikomeye zishingiye ku mateka n’icyerekezo cy’iterambere rya Afurika. Aba basirikare bari mu gihugu cya Uganda mu rugendo rwo kwigira ku buryo igihugu cyateye imbere binyuze mu buyobozi bw’ishyaka NRM (National Resistance Movement). Perezida […]

Read More

Uruhare Rw’u Bubiligi muri Jenoside yakorewe Abatutsi Ubuhamya, Amateka n’Icyo Abanyarwanda Babisubizaho

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bamwe mu barokokeye i Nyanza ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali baracyagaragaza uruhare rukomeye rw’u Bubiligi muri Jenoside. Bagaruka ku buryo ingabo z’Ababiligi zari mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) zatereranye Abatutsi bari bahungiye mu Ishuri ry’Imyuga […]

Read More

 Tariki 9 Mata 1994 Umunsi Ingabo z’Abafaransa zasize Abatutsi mu maboko y’abicanyi

Tariki ya 9 Mata 1994, ni bwo u Bufaransa bwatangije “Opération Amaryllis”, operasiyo yo gucyura Abafaransa n’abandi banyamahanga bari mu Rwanda, mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yari itangiye gukaza umurego. Nubwo hari ubwicanyi bukabije bukorerwaga Abatutsi mu gihugu hose, cyane cyane i Kigali, ingabo z’u Bufaransa zanitaye ku gutabara abari bicwa, ahubwo zibandaga ku gucyura […]

Read More

Uwahoze mu Bayobozi ba FDLR Yatangajwe n’Iterambere n’Amahoro mu Rwanda

Musoni Straton wahoze ari umwe mu bayobozi bakuru b’ishyaka rya FDLR, yasangije abantu ubuhamya bwe n’impinduka yanyuzemo nyuma yo gusubira mu Rwanda mu 2022, amaze imyaka 36 mu buhungiro, cyane cyane mu Budage. Mbere yo gutaha, Musoni ntiyemeraga ibyavugwaga ku iterambere ry’u Rwanda, aho yumvaga ko amafoto n’amashusho byerekanwa kuri internet ari amahimbano. Musoni yavukiye […]

Read More

Joseph Kabila yatangaje ko agiye gusubira muri RDC nyuma y’imyaka 6, ahakana gufatanya n’AFC/M23

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuye mu gihugu mu 2023. Ishyaka rye PPRD ryatangaje ko yagiye muri Afurika y’Epfo kwiga impamyabumenyi y’ikirenga (PhD). Kuva ubwo yagiye, ntiyigeze asubira mu gihugu cye. Ariko mu 2024, Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko Kabila yahunze, amushinja gukorana n’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi […]

Read More

Umwongereza Ufunganwe n’Umugore we n’Abatalibani Asobanura Ubuzima Bubi mu Gereza i Kabul

Peter Reynolds, Umwongereza w’imyaka 79, yafunzwe n’Abatalibani muri Afghanistan kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gashyantare. Yatangaje ko afungiye muri gereza ya Pul-e-Charkhi i Kabul, aho avuga ko abayeho mu buzima bubi cyane, yagereranyije n’”umuriro w’iherezo”. Mu kiganiro kuri telefone cyafashwe muri gereza, Peter yavuze ko afite impungenge zikomeye ku mutekano w’umugore we, Barbie Reynolds, nawe […]

Read More

Imyigaragambyo Ikaze Hirya no Hino muri Amerika Abaturage Bamaganye Imiyoborere ya Donald Trump

Ku wa Gatandatu, abantu benshi bigaragambije mu mijyi itandukanye yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagaragaza uburakari ku buryo Perezida Donald Trump ayobora igihugu. Izi ni zo zari imyigaragambyo nini kugeza ubu yakozwe n’imitwe itavuga rumwe n’ubutegetsi bwe. Izi myigaragambyo zari zise “Hands Off!” bisobanura ngo “Rekeraho!” cyangwa “Ntukabitubeko!”, kandi zakozwe mu bice birenga […]

Read More