Loni Yatekerezaga Gusubiza Ingabo za MONUSCO muri Kivu y’Amajyepfo nyuma yo Kugenda Kwayo

Mu rwego rwo kugabanya ingabo za Loni (MONUSCO) muri RDC, muri Mata 2024, ingabo zavuye muri Kivu y’Amajyepfo, hagendewe ku masezerano hagati ya Loni n’ubuyobozi bwa RDC. Byari biteganyijwe ko n’ingabo zari muri Kivu y’Amajyaruguru zatashye muri uwo mwaka. Icyakora, ubwo abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bakomezaga kwigarurira ibice byinshi bya Kivu y’Amajyaruguru, ubuyobozi bwa RDC bwemereye […]

Read More

Cory Booker yaciye agahigo ko kuvuga igihe kinini mu nteko ya Amerika

Ku wa 1 Mata 2025, Senateri w’Umudemokarate Cory Booker wo muri New Jersey yakoze ijambo ry’igihe kirekire ku nteko ishinga amategeko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rikaba ari ryo rirerire mu mateka y’iyo nteko, rimara amasaha 25 n’iminota 4. Iri jambo ryarenze iryo Senateri Strom Thurmond, wari ushyigikiye ivangura ry’amoko, yakoze mu 1957, rimara […]

Read More

Col Pacifique Kayigamba Kabanda Yinjiye mu Nshingano zo Kuyobora RIB

Col Pacifique Kayigamba Kabanda, Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), yatangaje ko azakomereza ku musingi w’ubufatanye mu gukora neza no mu mucyo. Yabigarutseho ku wa 1 Mata 2025 mu muhango wo guhererekanya ububasha na Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, yasimbuye kuri uwo mwanya. Col Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa […]

Read More

Ubutegetsi bushya bwa Siriya mu rugamba rwo guhagarika magendu ku mupaka wa Libani

Kuwa 17 Werurwe, Minisiteri y’Ingabo muri Siriya yohereje ingabo n’ibinyabiziga by’intambara ku mupaka wa Libani nyuma y’iyicwa ry’abasirikare batatu ba Siriya. Mu misozi yo mu kibaya cya Bekaa mu burasirazuba bwa Libani, hari inzira z’ibanga zifasha abacuruzi kwambuka imipaka badaciye mu nzira zemewe. Haidar, umwe mu bacuruzi b’inyanga rugero (yahawe izina ry’impimbano), yasobanuye uko izi […]

Read More

U Rwanda na Seychelles mu Bufatanye Bushya mu rwego rw’Igorora

U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora. Aya masezerano yashyizweho umukono ku wa 31 Werurwe 2025, hagati ya Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), CG Evariste Murenzi, n’Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Amagereza muri Seychelles, Janet Georges. Komiseri Janet Georges yagaragaje ko aya masezerano azagirira akamaro […]

Read More

Igitangaza i Myanmar: Umugore Warokotse Umutingito Amaze Iminsi 3 mu Bisigazwa Byinyubako

Umugore wari umaze hafi iminsi itatu afungiranye mu bisigazwa by’inyubako yasenyutse yakuwe mo ari muzima ku wa Mbere. Byabaye ibyishimo bikomeye ku bari mu bikorwa by’ubutabazi, nyuma y’uko umutingito ukomeye wahitanye abantu barenga 1,700 muri Myanmar ndetse n’abandi 18 muri Thailand. Guhera ku wa Gatanu, abashinzwe ubutabazi barimo n’abaturage badafite ibikoresho bikwiye bamaze iminsi bashakisha […]

Read More

Umugabo Ukekwaho Guteza Inkongi y’Ishyamba Mbi Kurusha Izindi muri Koreya y’Epfo Ari Gukorwaho Iperereza

Igipolisi cyo muri Koreya y’Epfo cyatangiye iperereza ku mugabo ukekwaho gutwika inkongi y’ishyamba mbi kurusha izindi mu mateka y’igihugu, ubwo yasukuraga imva za sekuru na nyirakuru, nk’uko umwe mu bagenzacyaha yabivuze. Inkongi zirenga cumi n’imwe (12) zagurukanywe n’umuyaga ukomeye n’ubushyuhe bukabije, bikaba bimaze gutwara ubuzima bw’abantu 30 no gutwika hegitari zirenga 48,000 (agera kuri 118,610 […]

Read More

Roketi ya Isar Aerospace Yaturitse mu Igerageza rya Mbere ryo Kohereza Ibyogajuru biva i Burayi

Isar Aerospace, sosiyete y’Abadage ikora ibyogajuru, yakoze igerageza rya mbere rya roketi yitwa Spectrum ku cyambu cy’icyogajuru cya Andøya, muri Noruveje, ariko ntiryagenze neza kuko iyi roketi yagwa hasi igaturika nyuma y’igihe gito imaze gufata ikirere. Iki gikorwa cyari igikorwa cya mbere cy’igerageza ryo kohereza ibyogajuru rugana mu isanzure bivuye ku mugabane w’Uburayi, aho ibihugu […]

Read More

Ibyitezwe mu mpinduka z’abiga ubuvuzi muri Kaminuza zo mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko ibitaro bigomba gufatwa nk’amashuri aho abanyeshuri biga ubuvuzi bazajya bahigira, bikabafasha kumenyera kwita ku barwayi no gutsinda ubwoba bwo gukorana na bo. Ibi byari mu biganiro iyi Minisiteri yagiranye na Kaminuza y’u Rwanda (UR). Ikigo Nderabuzima cya Remera ni kimwe mu bifite abaganga bo ku rwego rwa dogiteri, bitezweho gufasha […]

Read More

Zelensky Yaciye Amarenga ko Atazemera Amasezerano y’Amabuye y’Agaciro Amerika Ishaka

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yaciye amarenga ko igihugu cye kitazemera amasezerano y’amabuye y’agaciro Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifuza kugirana na cyo. Ubutegetsi bwa Trump bwifuzaga ko Ukraine ibyaza umusaruro amabuye y’agaciro yayo nk’uburyo bwo kwishyura inkunga y’igisirikare Amerika yayihaye kuva intambara na Rusizi yatangira muri 2022. Nubwo Zelensky yari yaragaragaje ubushake bwo kwiga […]

Read More