Elon Musk yagurishije Twitter / X ikigo cye cya AI
xAI ni sosiyete y’ubwenge buhangano (AI) yashinzwe na Elon Musk, yakoze ubwenge bwa Grok mu mpera za 2023. Ubu bwenge bwatangiye gukoreshwa ku rubuga rwa X nka Grok 3 mu ntangiriro za 2025 nyuma y’igerageza. Musk yasobanuye ko xAI ari ikigo cy’ubwenge buhangano cyaguze X ku gaciro ka miliyari 45 z’Amadolari ya Amerika. Gusa, cyamwishyuye […]