Brig Gen Stanislas Gashugi Yagizwe Umuyobozi wa SOF

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brigadier General, anamusigira inshingano zo kuyobora Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda uzwi nka Special Operations Force (SOF). Brig Gen Gashugi asimbuye Major General Ruki Karusisi wari umaze igihe ayobora uyu mutwe kuva mu Gushyingo 2019. Izi mpinduka […]

Read More

Putin yashimiye Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano wa Amerika na Russia utere imbere.

Vladimir Putin yashimiye Donald Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano hagati ya Moscow na Washington utere imbere, nyuma y’uko Trump avuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagiranye “ibiganiro byiza kandi bifatika” na Putin mu minsi ishize. Putin yabwiye inama y’umutekano ko kongera kuzahura umubano na Amerika biri ku murongo w’ibiganiro. Yagize ati: […]

Read More

Inama ya SADC yateranye bemeranya ko bagiye kuvana Ingabo muri DRC

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bafashe umwanzuro wo gukura ingabo zawo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Abasesenguzi babona uyu mwanzuro nk’intambwe iganisha ku gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu buryo burambye. Uyu mwanzuro urebana n’ingabo zo mu bihugu bya Malawi, Afurika y’Epfo na Tanzania, zari mu butumwa bw’amahoro muri […]

Read More

Rodrigo Duterte yitabye Urukiko Mpuzamahanga i La Haye

Rodrigo Duterte ategerejwe imbere y’urukiko rwa ICC ku wagatanu,aregwa ibyaha byibasira inyokomuntu ku bw’intambara ye ku biyobyabwenge Urukiko rwatanze itangazo ku mugoroba wo kuwa kane ruvuga ko uwahoze ari Perezida wa philippines, Rodrigo Duterte, azitaba Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kuri uyu wa Gatanu saa munani z’amanywa (14:00 GMT), aho azamenyeshwa ibyaha akekwaho hamwe n’uburenganzira bwe […]

Read More

Perezida Kagame yagaragaje uburyo amahanga afite inyungu mu burasirazuba bwa kongo

Mukiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’Umunyamakuru Wifashisha urubuga rwa X, Mario Nawfal, yagarutse ku nzira asanga zakemura ibibazo by’umutekano muke mu karere, ku ikoreshwa ry’inkunga ihabwa ibihugu bya Afurika aho agaragaza ko yahinduwe igikoresho cyo kugenzura icyerekezo cyabyo. Muri ikikiganiro Perezida Paul Kagame yagarutse by’umwihariko ku ntambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Read More

Inshamake kumateka ya perezida wa congo Felix Tshisekedi

Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavukiye i Kinshasa ku itariki ya 13 kamena 1963. Ni umuhungu wa Etienne Tshisekedi, washinze ishyaka UDPS(Union pour la Democratie et le progres Social) akaba yaranabaye Minisitiri w’Intebe inshuro eshatu mugihe cya Mobutu Sese Seko. Mu mwaka wi 1980, umuryango wa Tshisekedi wahungiye mu Bubiligi kubera ibikorwa bya politiki bya se […]

Read More

MINISANTE yagaragaje ko u rwanda rwiyemeje kugeza ubuvuzi kuri bose

Abitabiriye inama ku Buzima n’ubukungu muri Afurika, basabwe guhuza imbaraga mu mikoranire ndetse no guhanga udushya byafasha muguteza imbere urwego rwubuzima ku mugabane wa Afurika. Iyinama iba buri myaka 2 ikaba ikaba iteranye kunshuro ya 7, yitabiriwe n’abantu b’ingeri zinyuranye barimo abakora mu rwego rw’ubuzima, ubukungu, abashakashatsi ndetse n’abashyiraho Politiki zirebana n’ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage. […]

Read More

Angola yatangaje ko izaba umuhuza mu mishyikirano y’amahoro hagati ya leta ya congo n’inyeshyamba za M23

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo (RDC) yari yarakomeje kwanga kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ifata uwo mutwe nk’uw’iterabwoba. Icyakora, mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu burasirazuba bwa congo, igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya Leta ya congo n’umutwe wa M23. ku itariki ya 11 werurwe 2025, […]

Read More

Apple yashyize ku Isoko MacBook Air M4

Apple yashyize ku Isoko MacBook Air M4 Ifite imikorere Yihuse, RAM Nini, n’Igiciro Gito Ku ya 5 Werurwe 2025, Apple yatangaje MacBook Air nshya ifite M4 chip, itanga imikorere yihuse kandi ikoresha ingufu nke. Iyi mudasobwa igendanwa ifite RAM ya 16GB nk’igipimo fatizo, ikaba ifite igiciro cya $999 kuri verisiyo ya 13-inch na $1,199 kuri […]

Read More

Manus, urubuga rwa AI, ruravugwa cyane kuva rwamurikwa

Manus, urubuga rwa AI “agentic” rwamuritwe mucyumweru gishize muburyo bwa preview, ruravugwa cyane kuva rwamurikwa. Umuyobozi w’ibicuruzwa muri Hugging Face yise Manus “igikoresho cya AI giteye amabengeza kurusha ibindi byose nigeze kugerageza.” Umunyamakuru w’umushakashatsi kumategeko ya AI, Dean Ball, yavuzeko Manus ari “mudasobwa yateye imbere cyane ikoresheje AI.” Itsinda ryo kuri Discord ry’uyu mushinga Manus […]

Read More