FERWAFA iri mwihurizo rikomeye Nyuma y’uko APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyimenyesha gahunda zifite mu kwezi gutaha

FERWAFA iri mu ihurizo rikomeye cyane nyuma y’uko ikipe ya APR FC na Rayon Sport ziyandikiye ziyemenyesha ko bafite imikino ya gicuti mu kwizi kwa munani bigahurirana n’amatariki aya makipe yombi yari kuzakiniraho umukino wa Super  Cup. K’umunsi w’Ejo ikipe ya Yanga SC yamaze kwemeza ko izaza mu Rwanda gukina n’ikipe ya Rayon Sport kuri […]

Read More

APR FC igiye gukina umukino wa gicuti mpuzamahanaga n’imwe mu makipe akomeye muri Africa

Ikipe ya APR FC iri guteganya gukina umukino mpuzamahanga wa Gicuti n’imwe mu makipe akomeye hano k’umugabane wa Africa ndetse uwo mukino amakuru ahari aravuga ko ushobora kuba tariki ya 2 Kanama muri Sitade Amahoro. Iyi kipe ya APR FC nyuma y’uko yongereye imbaraga nyinji kuko yinjije abakinnyi bagera ku 10 muri uyu mwaka w’imikino, […]

Read More

Rayon Sport yatangaje Umurundi Haruna Ferouz nk’umutoza w’ungirije

Umurundi Haruna Ferouz wabaye umutoza wa Vital’o yamaze kugirwa umutoza wungirije wa Rayon Sport kugira ngo azabashe kuyifsha mu mikino ny’Africa ya CAF Confederation Cup. Haruna Ferouz yagizwe umutoza wungirije nyuma y’uko iyi kipe nta mutoza wungirije Lotfi yarifite kuko Umunya-Tunisia Azouz Lotfi wari warazanywe n’umutoza mukuru bazanze nta byangombwa byuzuye afite kuko ibyngombwa afite […]

Read More

Chelsea iyoboye andi makipe mu kwinjiza amafaranga mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe yaraye yegukanye ihigitse PSG k’umukino wa nyuma

Nyuma y’Uko ikipe ya Chealse yegukanye igikombe cy’Isi cy’Amakipe itsinze ikipe ya PSG k’umukino wanyuma ibitego 3-0 byose byabonetsse mu gice cya mbere, ninayo kipe yabaye iya mbere mu kwinjiza amafaranaga menshi nyuma y’uko mu mikino irindwi yakinye yatsinze imikino 6 banganya umukino umwe gusa. Ikipe ya Chelsea nyuma yo kwandika amateka yo kwegukana igikombe […]

Read More

Rayon Sport igiye gutandukana n’abakinnyi Bane babanyamahanga mbere y’uko shampiyona itangira

Nyuma y’uko umwaka ushize ikipe ya Rayon Sport yaguye mu mutego wo kwinjiza abafana muri mutaramma ngo bayifashe gukomeza guhatanira igikombe cya shampiyona dore ko icyo gihe yaricyi ku mwanya wa mbere, bikarangira abakinnyi by’umwihariko abanyamahana babaye ingwizamurongo ikajya ibahemba badakina yahisemo ko igomba gutanduka nabo  shampiyona itaranatangira. Ikipe ya Rayon iri munzira zo gutanduka […]

Read More

FIFA Club World Cup: Chelsea niyo kipe ya mbere ku Isi kugeza 2029 nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi cy’’Amakipe yihanije ikipe ya PSG

Mu ijoro ryakeye nimbwo haraye hakinywe umukino wanyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe cyari kimaze ukwezi kiri kubera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, aho ikipe ya Chelsea yatunguye ikipe ya PSG yarimaze iminsi yarigize intakoreka maze iyitsinda ibitego 3-0 byose byabonetse mu gice cya mbere cy’umukino. Ikipe ya PSG yahabwaga amahirwe yo kweguka icy gikombe bigendanye n’uko […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Kuri icyi cyumweru kuri sitade MetLife Stadium ikipe ya Paris Saint-Germain iracakira na Chelsea k’umukino wanyuma

Kuri icyi cyumweru tariki ya 13 Nyakanga nibwo hateganyijwe umukino wanyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe, n’umukino urza guhuza ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa  ndetse na Chelsea yo m’Ubwongereza . N’umukino ukomeye cyane uraza gutangira ku isaha ya 21h00, umukino urabera kuri sitade MetLife Stadium mu mujyi wa New Jersey, n’umukino kandi uri buze kwitabirwa […]

Read More

“Azahora ari nimero 20 yacu” Nta mukinnyi uzongera kwambra nimero 20 Diago Jotambaraga mu byiciro byose muri Liverpool

Ikipe ya Liverpool yatangaje ko yafashe icyemezo ntakuka ko igiye guhagarika burundu gukoresha nimero 20 yambarwaga na Diago Jota uherutse kwitaba Imana ari kumwe na Murumuna we Andre Silva, mu rwego rwo kumuha icyubahiro nyuma. Iki cyemezo ikipe ya Liverpool nyuma yo kugirana ibiganiro n’umugore wa Diago jota Rute Cardoso, hamwe n’uryango we, ibi bivuze […]

Read More

As Kigali yabwiye Umujyi wa Kigali ko yifuza Miliyoni 600Frw kugira bazakine shampiyona y’umwaka utaha

Nyuma y’iminsi micye ikipe ya AS Kigali yandikiye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buyisaba inama yihuse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025 nibwo habaye inama yahuje AS Kigali ndetse n’ubuyobizi bw’umujyi wa Kigali ahao Umuyobozi w’umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yatangaje ko  bamaze kujyenera Miliya1 Frw ikipe ya ASK igali mu myaka itanu […]

Read More