Byari ibyishimo byinshi ku abafana ba Jamus FC ubwo bakiraga Muhire Kevin

Muhire Kevin wari usanzwe ari Kapiteni wa Rayon Sport nkuko byatangajwe n’ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo ibinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zayo aho yararitse abafana bayo kuza kujya kwifatanya nabo kujya kwakira umusore w’umunyarwanda Muhire Kevin ku ikibuga cy’indege cya Juba International Airport byarangiye asesekaye muri Sudani mu igitondo cyo kuri uyu […]

Read More

Byasabye Perezida wa Tanzania Samia Sluhu Hassan kugira ngo Yanga SC yemere gukina na Simba

K’umunsi w’ejo nibwo Perezida wa Tanzania Samia Sluhu Hassan yakiriye mubiro bye  I Dodoma ubuyobozi bwa Yanga SC na Simba SC ubundi bemeranya ko umukino umukino wagombaga kubahuza ariko ntube ugomba kuzakinywa tariki ya 25 z’’uku Kwezi. Uyu mukino wagombaga  gukinywa ari umukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania wagomabaga guhuza […]

Read More

APR BBC yegukanye umwanya wa 3 muri BAL 2025

APR BBC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yegukanye umwanya wa Gatatu nyuma yo gutsinda Al Ittihad yo Misiri amanota 123-90. Nyuma yuko APR BBC isezerewe Al Ahli Tripoli yo muri Libya, APR BBC yanditse amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu Karere ka Afurika […]

Read More

Byamaze Gutangazwa igihe Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru,hano m’u Rwanda izatangirira

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, #Rwanda #PremierLeague izatangira tariki ya 15/08/2025 umunsi mukuru Bikiramariya azaba yasubiye mi ijuru, uwo munsi ukaba aba ari n’ikiruhuko. nkuko byatangajwe n’ishyirarahamwe ry’umupira w’amaguru hano m’u Rwanda. kugeza kuri ubungu amakipe aracyiyubaka haba m’ugushaka abakinnyi ndetse n’abatoza,amakipe arimo ya APR FC, Mukura Vs, Police FC kugeza kuri ubungubu […]

Read More

Muhire Kevin yerekeje mu ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo

Muhire Kevin wari usanzwe ari Kapiteni wa Rayon Sport nkuko byatangajwe n’ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo ibinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zayo aho yararitse abafana bayo kuza kujya kwifatanya nabo kujya kwakira umusore w’umunyarwanda Muhire Kevin ku ikibuga cy’indege cya Juba International Airport kuri uyu wa Gatanu. Mu itangazo Jamus FC yashize […]

Read More

Kevin De Bruyne yamaze gusinyira ikipe ya Napoli

Kuri uyu wa kane nibwo umubiligi Kevin De Bruyne nyuma y’imya igera ku icumi akinira ikipe ya Manchester City yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Napoli iheruka gutwara igikombe cya shampiyona m’ubutaliyane. Nyuma yo kuvugwa mu Soude Arabia  ko hari amakipe menshi yamwifuzaga byaje kurangira Kevin De Bruyne ahisemo kwerekeza mu ikipe iyobowowe n’umugabo Antonio […]

Read More

Amakipe arimo Manchester City na Real Madrid yamaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha mu gikombe cy’Isi cy’Amakipe(FIFA World Club Cup)

Amwe mu makipe atandukanye yatangiye gushyira hanze abakinnyi azifashisa mu gikimbe cy’cy’Isi cy’Amakipe kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva tariki ya 14 Kamena kugeza ku ya 13 Nyakanga 2025. Abakinnyi Manchester City izifashisha mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva tariki ya 14 Kamena kugeza ku ya 13 […]

Read More

APR BBC yasezerewe na Al Ahli Tripoli yo muri Libya muri 1/2 cya BAL 2025 iri kubera muri Africa y’Epfo

APR BBC yatsinzwe na Al Ahli Tripoli yo muri Libya amanota 84-71, inanirwa kugera ku mukino wa nyuma w’Irushanwa Nyafurika muri Basketball, #BAL5, riri kubera muri Afurika y’Epfo. nyuma yo kwitwra neza mu mikino ibiri iheruka harimo n’umukino ukomeye batsinze ikipe ya yatwaye BAL umwaka ushize ariyo Petro athletic ikayitsinda amanota 75-57, igakurikizaho ikipe ya […]

Read More

Ubwumvikane bucye hagati ya rutahizamu Viktor Gyökeres na Sporting CP kubijyanye n’amafaranga agomba kugurishwa

Rutahizamu w’umunya Suwede w’imyaka 27 y’amavuko  Viktor Gyökeres ukomeje kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi dore ko yagiye avugwa mu makipe menshi ko amaushaka cyane yamaze kubwira ikipe ya Sporting CP ko atazongera kuyikinira ko igomba kumureka akanjya gushakira ahandi,kuko barenze ku amasezerano bagiranye. Viktor Gyökeres  arashinja Frederico Varandas umuyobozi wa Sporting CP atubahirije […]

Read More

Umunya-Argentine Miguel Angel Gamondi niwe ugiye kugirwa umutoza mushya wa APR FC

Umugabo w’umunya-Argentine Miguel Angel Gamondi watoje amakipe agiye akomeye hano iwacu muri Africa arimo nka USM Algeria na Young African yo muri Tanzania hatagizwe iginduka bidasubirwaho  niwe ushobora kuza kugirwa umutoza mushya wa APR FC. Nyuma y’uko APR FC itandukanye na Darco Novic  ir murugamba rwo gusha umutoza wamusimbura kandi ufite ibigwi kugira ngo azabafashe […]

Read More