Ubwumvikane bucye hagati ya rutahizamu Viktor Gyökeres na Sporting CP kubijyanye n’amafaranga agomba kugurishwa

Rutahizamu w’umunya Suwede w’imyaka 27 y’amavuko  Viktor Gyökeres ukomeje kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi dore ko yagiye avugwa mu makipe menshi ko amaushaka cyane yamaze kubwira ikipe ya Sporting CP ko atazongera kuyikinira ko igomba kumureka akanjya gushakira ahandi,kuko barenze ku amasezerano bagiranye. Viktor Gyökeres  arashinja Frederico Varandas umuyobozi wa Sporting CP atubahirije […]

Read More

Umunya-Argentine Miguel Angel Gamondi niwe ugiye kugirwa umutoza mushya wa APR FC

Umugabo w’umunya-Argentine Miguel Angel Gamondi watoje amakipe agiye akomeye hano iwacu muri Africa arimo nka USM Algeria na Young African yo muri Tanzania hatagizwe iginduka bidasubirwaho  niwe ushobora kuza kugirwa umutoza mushya wa APR FC. Nyuma y’uko APR FC itandukanye na Darco Novic  ir murugamba rwo gusha umutoza wamusimbura kandi ufite ibigwi kugira ngo azabafashe […]

Read More

Ikipe ya APR BBC  yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 ihita ikomeza muri ½ cy’imikino ya BAL iri kubera muri Afurika y’Epfo

Ikipe ya APR BBC  itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 ihita ikomeza muri ½ cy’imikino ya BAL iri kubera muri Afurika y’Epfo, aho izakina na Al Ahli SC yo muri Libya. Ikipe ya APR BBC itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 ihita ikomeza muri ½ cy’imikino ya BAL iri kubera muri […]

Read More

Kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ari mu biganiro n’ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania

Kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude amakuru agezweho kandi yizewe n’uko ibiganiro bigeze kure we n’ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania, k’uburyo ngo rwose biramutse bikunze hatagize igihinduka ashobora kuba yakwerekeza muri Tanzania mu ikipe ya Azamu muri uku kwezi kwa gatandatu ubwo araba akubutse mu ikipe y’igihugu Amavubi. Niyomugabo Cloude wakinye sezo yose […]

Read More

Ikipe y’igihugu ya Portugal yegukanye igikompe cya UEFA Nations League nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Spain kuri penalite

Ikipe y’igihu ya Portugal yegukanye UEFA Nations League nyuma yo gutsinda Ikipe y’igihugu ya Spain kuri penalite 5-3 ni nyuma y’uko umukino wose wari warangiye amakipe yombi anaganyije ibitego 2-2,Umukino wanyuma w’irushanwa rya UEFA Nations League wahuje ikipe ya Espanye na Portugal wahurije imbaga y’abatari bake bari baje kureba umwana ukuri muto Lamine Yamal na […]

Read More

APR FC yamaze gusinyisha Bugingo Hakim na Iraguha Hadji ibakuye muri Rayon Sport

Nyuma y’uko hari hashize iminsi hahwihwiswa amakuru avuga ko abasore babiri bakinira Rayon Sport aribo Bugingo Hakim ukina anyuze ku ruhande rw’ibumoso ndetse na Iraguha Hadji ukina asatira anyuze k’uruhande rw’iburyo ko bazerekeza muri APR FC byarangiye amakuru abaye impamo aba basore babairi bamaze kujyera muri APR FC. Byatangiye ubwo Bugingo Hakimu yagerezaga amazi Niyibizi […]

Read More

UEFA Nations League: Ikipe y’igihugu ya Portugal iracakirana n’ikipe y’igihugu ya Spain K’umukino wa nyuma

Kuri icyi cyumweru tariki ya 06 kamena 2025 guhera ku isaha 21:00 zuzuye Ku kibuga Allianz Arena gisanzwe ari icya Bayern Munich nibwo hateganyijwe umukino wa nyuma wa UEFA Nation League ugomba guhuza ikipe y’igihugu ya Esipanye ndetse na Portugal ya Cristiano Ronaldo,n’umukino witezwe n’abantu benshi bigendanye n’uko umusore ugiri muto uri kubica bigacika Lamine […]

Read More

Abasaza bari bagarutse m’urugo!Real Madrid yaba Legenders yanganyije niya Borussia Dortmund m’umukino wa gicuti

Abasaza bari bagarutse m’urugo byari ibyishimo byinshi ku bafana ba Real Madrid  kongera kubona aba Legender bayo bongera kubabona batera umupira imbere yabo ,ikipe ya Real Madrid y’abakanyujijeho(aba Legends) yanganyije n’ikpe y’abakanyujijeho ya Borussia Dortmund(Borussia Dortmund Legends) ibitego 3-3 m’umukino wa gicuti wahuje aya makipe yombi ariko yaba Legenders) N’umukino aho ikipe ya Real Madrid […]

Read More

Cristiano Ronaldo yakuriye inzira k’umurima amakipe yamwifuzaga ngo bazajyae mu igikombe cy’Isi cyama Club.

Cristiano Ronaldo yatangaje ko atazitabira igikombe cy’Isi cya amakipe yabaye ayambere iwayo(igikombe cy’Isi cya ama Club) nyuma y’uko mu minsi yashize hari amakipe menshi yamwifuzaga ngo azamujyane muri icyo gikombe cy’Isi cya Club. ibi byaje nyumay’uko ikipe akinira ya Al-Nassr  itazacyitabira bitewe n’uko itabonye itike yo kucyitabira,Cristiano Ronaldo usoje amasezerano muri iyo kipe amakipe yari […]

Read More