As Kigali yabwiye Umujyi wa Kigali ko yifuza Miliyoni 600Frw kugira bazakine shampiyona y’umwaka utaha

Nyuma y’iminsi micye ikipe ya AS Kigali yandikiye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buyisaba inama yihuse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025 nibwo habaye inama yahuje AS Kigali ndetse n’ubuyobizi bw’umujyi wa Kigali ahao Umuyobozi w’umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yatangaje ko  bamaze kujyenera Miliya1 Frw ikipe ya ASK igali mu myaka itanu […]

Read More

Marcus Rashford munzira nziza zinjira muri FC Barcelona

Marcus Rashford  ‘imyaka 27 kugeza ubungu wakuriye mu ikipe ya Manchester United kuva afite imyaka irindwi kugeza ubungu, n’ukuvuga ko amaze imyaka 20 muri Manchester United, iyi kipe yamaze kumubwira ko itakimufite muri gahunda zayo agomba kwirebera indi kipe yererekezamo, gusa ikipe ya FC Barcelona umutima wayo wose yawerekeje kuri uno musore hatagize igihindutse isaha […]

Read More

Alejandro Garnacho yamaze kwemererwa kugaruka mu myitozo ya Manchester United ku kibuga Carrington

Ikipe ya Manchester United yarimaze iminsi yandikiye abakinyi barimo Marcus Rashford, Alejandro Garnacho, Jadon Sancho ndetse na Antony ko bahaagaritswe mu bikorwa byose bya Manchester United ndetse ko batemerewe no kugaruka gukora imyitozo ku kibuga cy’imyitozo cy’iyi kipe Carrington. Aba bakinnyi uko ari batanu bari bandikiwe ibaruwa ibamenyesha ko batagikenewe muri iyi kipe ko umutoza […]

Read More

Ndayishimiye Rugaju Reagan agiye gutangira kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu ikipe ya Gorilla

Umunyamakuru wa Siporo Rugaju Reagan umwe mubanyamakuru bakunzwe muri siporo hano mu Rwanda by’umwihariko kurubungu afatwa nk’umusesenguzi wa mbere w’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, uyu munyamakuru agiye gutangira kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu ikipe ya Gorilla FC hano mu Rwanda. Ndayishimiye Rugaju Reagan usanzwe ukora kukigo k’igihugu cy’itangazamakuru (RBA) mu ishami ry’imikino, nkuko umutoza mukuru wa […]

Read More

Donald Trump yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera mu mujyi wa New Jersey

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy’Amakipe kigomeje kubera n’ubundi muri iki gihugu, umukino wanyuma uteganyijwe k’umunsi wo ku cyumweru triki ya 13 Nyakanga 2025 ubere mu mujyi wa New Jersey. Ibyuko Trump azitabira umukino wanyuma yabitangaje ku wa kabiri nyuma y’uko ishyirahamwe ry’umupira […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Ninde uza gusanga ikipe ya Chelsea k’umukino wanyuma hagati ya PSG na Real Madrid

K’umugora washize hakinwaga umukino wa ½  cy’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, ikipe ya Chealse yitwaye neza igakatisha itike ya iyerekeza k’umukino wa nyuma isezereye ikipe ya Fluminense yo muri Braziliyitsinze ibitego 2-0. Ibitego byombi bya joão Pedro uherutse kugurwa n’iyi kipe ya Chelsea, n’umukino warukomeye kumpande zombie ukirikije ahao […]

Read More