Umufaransa Paul Pogba wari umaze igihe yarahagaritswe mu mupira w’amaguru, yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa AS Monaco
Umufaransa Poul Pogba waciye mu makipe arimo Manchester United yasinye imyaka ibiri muri As Monaco nyuma y’igihe ari mu bihano bya FIFA kubera ikibazo cyo gukoresha imiti yongera imbaraga abakinnyi.…
